Umusore Manzi Thierry usanzwe ari myugariro mu ikipe ya Rayon Sports n’ikipe y’igihugu Amavubi yamaze gusinya amasezerano y’imyaka ibiri mu ikipe ya Rayon Sports nyuma y’ibihuha byavugwaga ko yamaze...
Umusore Novak Djokovic umunya Serbia ukina umukino wa Tennis yaraye atangaje inkuru yababaje abakunzi be aho yavuze ko atazongera kugaragara mu marushanwa ya Tennis asigaye muri uyu mwaka....
Rutahizamu wari utegerejwe cyane n’abakunzi ba Rayon Sports Alassane Tamboura yamaze kugera I Kigali aho avuye muri Mali kugira ngo afashe iyi kipe ifite abafana benshi mu Rwanda.
Ku munsi w’ejo...
Umutoza w’ikipe ya Chelsea umutaliyani Antonio Conte yatangaje amagambo yatunguye abakunzi b’umupira w’amaguru ku isi aho yavuze ko atumva neza icyo ikipe ya Tottenham iharanira cyane ko abona ari...
Umukinnyi Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Portugal witegura kwakira umwana wa kane yatangaje ko yifuza kubyara abana 7 bahwanye na nimero 7 akunda cyane ndetse yashyize mu kirango...
Uwahoze ari rutahizamu w’ikipe ya Manchester United umunya Sweden Zlatan Ibrahimovic yatunguye abantu bamukurikirana ku rubuga rwa Instagram ubwo yafataga ifoto ye akayihuza n’iyi ingagi izwi cyane...
Umutoza mushya wa Rayon Sports Karekezi Olivier umaze amasaha make ageze mu Rwanda,amaze gukoresha imyitozo ye ya mbere aho abafana benshi bakubise bakuzura ku Mumena.
Ku I saa tatu zuzuye...
Mu myitozo yo kuri uyu munsi ikipe ya Barcelona yakoreye Miami umusore Neymar Jr uri kuvugwa cyane ko yifuzwa n’ikipe ya Paris st Germain yagaragaye ashwana ni umukinnyi Nelson Semedo waje muri...
Ikipe ya Mukura Victory Sports ikomeje kwiyubaka yasinyishije myugariro uturutse I Burundi mu ikipe ya Muzinga ndetse wari na Kapiteni wayo Iragire Said amasezerano y’imyaka 2 kuri uyu wa Gatatu...
Hakizimana Seth ukina mu ikipe ya Les Amis Sportifs yakoze impanuka ikomeye ku munsi w’ejo taliki ya 28 Nyakanga, ubwo yari mu myitozo yo kwitegura imikino ya Rwanda Cycling Cup aho yahise...
Umutoza mushya w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi yatangaje ko kimwe mu bizaranga imikinire ye ari umukino wo kwataka no gushaka intsinzi uko byagenda kose.
Uyu mutoza wageze mu Rwanda ku munsi...
Umunyezamu w’ikipe ya Rayon Sports akaba na kapiteni wayo Ndayishimiye Eric uzwi nka Bakame yatangaje ko yishimiye kuza kwa Karekezi Olivier nk’umutoza we ndetse atangaza ko yiteguye gukorana neza...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 29 Nyakanga 2017 nibwo ikipe ya Patriots BBC yigaranzuye ikipe ya REG BBC iyitwara igikombe cy’imikino ya kamarampaka (Playoffs 2017) aho kapiteni wa Patriots...
Kapiteni w’ikipe ya Real Madrid Sergio Ramos nyuma yo gutsindwa mu mukino ikipe ye yahuraga na Barcelona kuri uyu wa gatandatu taliki ya 29 Nyakanga ibitego 3-2, yatangaje icyo yifuza kuri Neymar...
Umunya Colombia w’imyaka 26 James Rodriguez watijwe imyaka 2 n’ikipe ya Real Madrid muri Bayern Munich biravugwa ko yaba ari mu rukundo n’umunyamidelikazi w’umurusiya Helga Lovekaty w’imyaka 23.
Ni...
Ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 mu mukino wa Handball yaraye yerekeje I Dakar muri Senegal mu mikino nyafurika y’abatarengeje imyaka 20 izwi nka ‘EHF Challenge Trophy’.
Iyi kipe yari imaze...
Umukinnyi Nemanja Matic w’imyaka 28 amaze kwerekeza mu ikipe ya Manchester United kuri uyu wa Mbere taliki ya 31 Nyakanga, avuye muri Chelsea kuri miliyoni 40 z’amapawundi aho uyu musore yasinye...
Impuzamashyirahamwe y’imikino Ngororamubiri ku isi (IAAF) yanze gukuriraho ibihano Uburusiya byo kwitabira imikino mpuzamahanga nyuma y’inama yabereye I London mu Bwongereza ku munsi w’ejo taliki...