skol
Kigali

Search: Remmy (1067)

Van Gaal wahoze atoza Manchester United yibasiriye bikomeye Jose Mourinho

Uwahoze atoza ikipe ya Manchester United Louis Van Gaal yibasiriye umutoza wayo muri iyi minsi Jose Mourinho ko akina umupira mubi cyane ugereranyije n’uwo yakinaga akiri muri iyi kipe aho yavuze...
12 December 2017 462 0

Karekezi yavuze byinshi ku bijyanye n’ifungwa rye ndetse n’uko yakiriye guhagarikwa n’ubuyobozi bwa Rayon...

Umutoza mukuru w’ikipe ya Rayon Sports umaze icyumweru arekuwe n’ubugenzacyaha bwamukekagaho icyaha cyakoreshejwe Ikoranabuhanga n’itumanaho,yakoresheje imyitozo ku munsi w’ejo aho yavuze ko uwitwa...
12 December 2017 1162 0

Rurangirwa washakaga kuyobora FERWAFA yababajwe n’akarengane yakorewe

Umwe mu bifuzaga kwiyamamariza kuyobora FERWAFA,Rurangirwa Louis wari wiyamamaje aturutse mu kanama gashinzwe abasifuzi aratangaza ko yababajwe n’akarengane yakorewe n’akanama gashinzwe gutegura...
12 December 2017 482 0

Tombola ya UEFA Champions League itumye amakipe y’ibigugu acakirana hakiri kare

Kuri uyu wa Mbere taliki ya 11 Ukuboza 2017,nibwo hamaze kurangira Tombola y’uko amakipe azahura mu mikino ya 1/8 cy’irangiza cy’imikino y’amakipe yabaye aya mbere iwayo aho ikipe ya FC Barcelona...
11 December 2017 989 0

Sudan:Abagore 24 bazahanishwa gukubitwa nyuma yo gufatwa bambaye amapantalo

Mu gihugu cya Sudan haravugwa inkuru iababaje y’abagore 24 bari mu mazi abira nyuma yo gufatwa bitabiriye ibirori bambaye amapantalo kandi kizira muri iki gihugu aho bagomba gukubitwa inkoni 40 ku...
11 December 2017 1508 0

Jimmy Mulisa ntiyishimiye icyemezo cya Antoine Hey cyo gukoresha CECAFA nk’imyitozo

Umutoza mukuru w’ikipe ya APR FC Jimmy Mulisa yatangaje ko atishimiye uburyo Antoine Hey yitwaye mu mikino ya CECAFA ubwo yayifataga nk’imyitozo kandi benshi mu banyarwanda bifuzaga iki gikombe...
11 December 2017 1583 0

Umubyeyi gito yakaniwe urumukwiye nyuma yo guhohotera umwana yibyariye

Umubyeyi wo mu gihugu cya Kyrgyzstan mu mugi wa Bishkek yafashwe ari gukubita umwana we bya kinyamaswa amuziza ko yananiwe kugenda hejuru y’urubura. Uyu mubyeyi gito utavuzwe amazina,yafashwe...
11 December 2017 1736 0

Byinshi ukwiye kumenya kuri Tombola ya UEFA Champions League iraba uyu munsi

Kuri uyu wa mbere taliki ya 11 Ukuboza 2017 nibwo ku cyicaro cya UEFA giherereye I Nyon mu Busuwisi harabera Tombola y’uko amakipe azahura mu mikino ya 1/8 cy’irangiza muri iyi mikino nyuma...
11 December 2017 571 0

Antoine Hey yatangaje amagambo yababaje abafana b’Amavubi

Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi yatangaje amagambo atashimishije abanyarwanda bayumvise nyuma yo kuvuga ko nta gitutu afite kandi ikipe y’igihugu yasezerewe mu mikino ya CECAFA itarenze umutaru....
11 December 2017 1931 0

Manchester City yongereye ikinyuranyo hagati yayo n’amakipe bahanganye

Ikipe ya Manchester City itsindiye Mnchester United ku kibuga cyayo Old Traffold ihita iyisiga amanota 11 ku rutonde rusange rwa shampiyona y’Ubwongereza yari igeze ku munsi wayo wa 16. Ikipe...
10 December 2017 605 0

FIFA igiye gupima abakinnyi b’uburusiya bakekwaho gukoresha ibiyobyabwenge

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA ryatangaje ko rigiye gusuzuma abakinnyi b’Uburusiya kugira ngo irebe niba badakoresha imiti yongera imbaraga ndetse igiye kubikora vuba mbere y’uko...
10 December 2017 281 0

Bashunga wakiniraga Rayon Sports yarushinze (Amafoto)

Umunyezamu Bashunga Abouba wakiniraga ikipe ya Rayon Sports umwaka ushize yarushinje ku munsi w’ejo taliki ya 09 Ukuboza 2017, n’umukunzi we Cyuzuzo Djamila bari bamaze imyaka igera kuri 5...
10 December 2017 2337 0

Guardiola yatangaje impamvu atatoje ikipe ya Manchester United

Umutoza w’ikipe ya Manchester City Pep Guardiola yatangaje ko yahuye na Sir Alex Ferguson mbere y’uko asezera muri iyi kipe bakaganira gusa atigeze yumva icyo yashakaga kumubwira kubera icyongereza...
9 December 2017 1378 0

Cristiano Ronaldo yaraye akoze agashya ubwo bahuraga na Sevilla

Umukinnyi Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Real Madrid yaraye akoze agashya ubwo yazanaga Ballon d’Or zose yatwaye kuri stade ya Santiago Bernabeu maze akazereka abafana ari nako azifotorezaho....
9 December 2017 1922 0

Biramahire yafashije Amavubi gusezererwa kigabo

Rutahizamu Biramahire Abeddy niwe watsinze igitego cya kabiri cyahaye u Rwanda intsinzi mu mukino wa nyuma wo mu matsinda u Rwanda rwatsinze Tanzania ibitego 2-1. Nubwo u Rwanda rwatsinze uyu...
9 December 2017 1005 0

FERWAFA yigije imbere umukino wa APR FC na Rayon Sports

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryamaze kwigiza imbere imikino myinshi irimo umukino uhuruza abantu benshi mu Rwanda uhuza APR FC na Rayon Sports iwukura mu kwezi kwa mbere...
9 December 2017 1402 0

Uwakiniye Manchester City yavuze uko umukunzi we yiyahuye kubera uburwayi

Umukinnyi witwa Billy O’Brien wahoze arindira ikipe ya Manchester City mu bakiri bato yatangaje inkuru y’akababaro y’ukuntu umukobwa witwa Faye Howard wahoze ari umukunzi we yapfuye yiyahuye kubera...
9 December 2017 1389 0

Mourinho yakoze mu jisho Guardiola mbere y’uko bahura amusabira ibihano

Umutoza w’ikipe ya Manchester United Jose Mourinho yashotoye Pep Guardiola avuga ko abakinnyi be ari ba kabuhariwe mu kwigwisha mu rubuga rw’amahina kugira ngo bahabwe penaliti ndetse asaba UEFA...
9 December 2017 1305 0

REG BBC yatangiye shampiyona itanga ubutumwa bukomeye

Ikipe y’ikigo cy’igihugu gishinzwe gukwirakwiza ingufu z’amashanyarazi REG BBC yatangiranye ingufu shampiyona y’uyu mwaka,nyuma yo gutsinda ikipe ya APR BBC amanota 68-64,mu gihe Patriots yatsindaga...
9 December 2017 154 0

Team Rwanda izatangira umwaka wa 2018 ikina La Tropicale Amissa Bongo

Ikipe y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare yamaze gutumirwa mu makipe 15 azitabira irushanwa rya La Tropicale Amissa Bongo ribera muri Gabon rikaba rikomeye kurusha ayandi muri Afurika aho...
9 December 2017 120 0

Shassir yarahiriye kubera indahemuka Rayon Sports

Umukinnyi Nahimana Shassir uri kubica muri CECAFA iri kubera muri Kenya yatangaje ko azava muri Rayon Sports ari uko amasezerano ye arangiye cyane ko hari amakipe 2 akomeye muri Kenya yamubwiye...
8 December 2017 1972 0

Icyo ukwiye kumenya kuri CECAFA imwe rukumbi u Rwanda rwatwaye muri 1999

Muri iyi minsi hari kuba CECAFA ihuza ibihugu iri kuba ku nshuro ya 39 aho ikipe y’igihugu Amavubi yamaze gutera intambwe iyisohora muri iri rushanwa yitabiriye mu rwego rwo kwitegura imikino ya...
8 December 2017 1014 0

Master yatangaje byinshi ku mvune ye imaze igihe yaramuzengereje

Umukinnyi Mugisha Francois uzwi nka Master uherutse gutangira imyitozo mu ikipe ya Rayon Sports nyuma y’igihe ari mu mvune, yatangaje ko imvune afite ari inyama yomotse ku igufwa bituma atabasha...
8 December 2017 930 0

Kwizera Pierrot na Nahimana Shassir bakomeje kwitwara neza mu mikino ya CECAFA

Abasore 2 b’Abarundi bakina mu ikipe ya Rayon Sports,bakomeje kwitwara neza mu mikino ya CECAFA iri kubera muri Kenya aho ku munsi w’ejo batsinze ibitego mu mukino Uburundi bwanyagiye Ethiopia...
8 December 2017 1170 0

Leroy Sane yashyize hanze amafoto ari kumwe n’umukunzi we mushya ateza impaka mu bakunzi ba ruhago

Umukinnyi Leroy Sane ku munsi w’ejo yashyize hanze ifoto ari kumwe n’umukunzi we mushya Candice Brook,yateje impaka mu bantu kubera ukuntu uyu mukobwa asa n’umuhanzi Rihanna ndetse n’imyaka arusha...
8 December 2017 1600 0

Umugore w’umukinnyi yatangaje ko we n’umugabo we bakunda gukorera imibonano mpuzabitsina ku karubanda

Umugore wa Dries Mertens witwa Kat Kerkhofs yatangaje ko we n’umugabo we bikundira gutera akabariro iyo bari muri gari ya moshi cyangwa mu bwiherero rusange bitangaza abantu cyane. Ubwo yari...
8 December 2017 4037 0

Bidasubirwaho Cristiano Ronaldo yegukanye Ballon d’Or ku nshuro ya Gatanu(amafoto)

Umunya Portugal Cristiano Ronaldo ukinira Real Madrid niwe wegukanye igihembo cya Ballon d’Or cy’uyu mwaka nyuma yo kwigaranzura kabuhariwe Lionel Messi na Neymar bari bahatanye cyane. Uyu munya...
7 December 2017 746 0

Ifoto ya Cristiano Ronaldo agiye gufata Ballon d’Or iri guca ibintu

Umukinnyi Cristiano Ronaldo amaze gushyira hanze ifoto iri guca ibintu hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga aho yari ahagaze ku muryango w’indege ye yerekeje I Paris aho agiye gufatira igikombe...
7 December 2017 1623 0

Yivuganye mugenzi we nyuma yo kubona amafoto aryamanye n’umukunzi we

Umugabo w’imyaka 33 witwa David Saunders ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza yazabiranyijwe n’uburakari ubwo uwahoze ari umukunzi we yamwohererezaga amafoto ari gusambana n’undi musore niko gufata...
7 December 2017 1420 0

Amavubi asezerewe muri CECAFA nyuma yo kunganya na Libya

Ikipe y’igihugu amavubi inganyije na Libya 0-0 bituma isezererwa mu mikino ya CECAFA y’uyu mwaka yagiyemo mu rwego rwo gutegura imikino ya CHAN izaba umwaka utaha. Nubwo Amavubi yagerageje...
7 December 2017 326 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | ... | 1050