Uwahoze atoza ikipe ya Manchester United Louis Van Gaal yibasiriye umutoza wayo muri iyi minsi Jose Mourinho ko akina umupira mubi cyane ugereranyije n’uwo yakinaga akiri muri iyi kipe aho yavuze...
Kuri uyu wa Mbere taliki ya 11 Ukuboza 2017,nibwo hamaze kurangira Tombola y’uko amakipe azahura mu mikino ya 1/8 cy’irangiza cy’imikino y’amakipe yabaye aya mbere iwayo aho ikipe ya FC Barcelona...
Umutoza mukuru w’ikipe ya APR FC Jimmy Mulisa yatangaje ko atishimiye uburyo Antoine Hey yitwaye mu mikino ya CECAFA ubwo yayifataga nk’imyitozo kandi benshi mu banyarwanda bifuzaga iki gikombe...
Umubyeyi wo mu gihugu cya Kyrgyzstan mu mugi wa Bishkek yafashwe ari gukubita umwana we bya kinyamaswa amuziza ko yananiwe kugenda hejuru y’urubura.
Uyu mubyeyi gito utavuzwe amazina,yafashwe...
Kuri uyu wa mbere taliki ya 11 Ukuboza 2017 nibwo ku cyicaro cya UEFA giherereye I Nyon mu Busuwisi harabera Tombola y’uko amakipe azahura mu mikino ya 1/8 cy’irangiza muri iyi mikino nyuma...
Ikipe ya Manchester City itsindiye Mnchester United ku kibuga cyayo Old Traffold ihita iyisiga amanota 11 ku rutonde rusange rwa shampiyona y’Ubwongereza yari igeze ku munsi wayo wa 16. Ikipe...
Umunyezamu Bashunga Abouba wakiniraga ikipe ya Rayon Sports umwaka ushize yarushinje ku munsi w’ejo taliki ya 09 Ukuboza 2017, n’umukunzi we Cyuzuzo Djamila bari bamaze imyaka igera kuri 5...
Umutoza w’ikipe ya Manchester City Pep Guardiola yatangaje ko yahuye na Sir Alex Ferguson mbere y’uko asezera muri iyi kipe bakaganira gusa atigeze yumva icyo yashakaga kumubwira kubera icyongereza...
Umukinnyi Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Real Madrid yaraye akoze agashya ubwo yazanaga Ballon d’Or zose yatwaye kuri stade ya Santiago Bernabeu maze akazereka abafana ari nako azifotorezaho....
Rutahizamu Biramahire Abeddy niwe watsinze igitego cya kabiri cyahaye u Rwanda intsinzi mu mukino wa nyuma wo mu matsinda u Rwanda rwatsinze Tanzania ibitego 2-1. Nubwo u Rwanda rwatsinze uyu...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryamaze kwigiza imbere imikino myinshi irimo umukino uhuruza abantu benshi mu Rwanda uhuza APR FC na Rayon Sports iwukura mu kwezi kwa mbere...
Umukinnyi witwa Billy O’Brien wahoze arindira ikipe ya Manchester City mu bakiri bato yatangaje inkuru y’akababaro y’ukuntu umukobwa witwa Faye Howard wahoze ari umukunzi we yapfuye yiyahuye kubera...
Umutoza w’ikipe ya Manchester United Jose Mourinho yashotoye Pep Guardiola avuga ko abakinnyi be ari ba kabuhariwe mu kwigwisha mu rubuga rw’amahina kugira ngo bahabwe penaliti ndetse asaba UEFA...
Umukinnyi Nahimana Shassir uri kubica muri CECAFA iri kubera muri Kenya yatangaje ko azava muri Rayon Sports ari uko amasezerano ye arangiye cyane ko hari amakipe 2 akomeye muri Kenya yamubwiye...
Muri iyi minsi hari kuba CECAFA ihuza ibihugu iri kuba ku nshuro ya 39 aho ikipe y’igihugu Amavubi yamaze gutera intambwe iyisohora muri iri rushanwa yitabiriye mu rwego rwo kwitegura imikino ya...
Umukinnyi Mugisha Francois uzwi nka Master uherutse gutangira imyitozo mu ikipe ya Rayon Sports nyuma y’igihe ari mu mvune, yatangaje ko imvune afite ari inyama yomotse ku igufwa bituma atabasha...
Abasore 2 b’Abarundi bakina mu ikipe ya Rayon Sports,bakomeje kwitwara neza mu mikino ya CECAFA iri kubera muri Kenya aho ku munsi w’ejo batsinze ibitego mu mukino Uburundi bwanyagiye Ethiopia...
Umugore wa Dries Mertens witwa Kat Kerkhofs yatangaje ko we n’umugabo we bikundira gutera akabariro iyo bari muri gari ya moshi cyangwa mu bwiherero rusange bitangaza abantu cyane.
Ubwo yari...
Umunya Portugal Cristiano Ronaldo ukinira Real Madrid niwe wegukanye igihembo cya Ballon d’Or cy’uyu mwaka nyuma yo kwigaranzura kabuhariwe Lionel Messi na Neymar bari bahatanye cyane.
Uyu munya...
Umukinnyi Cristiano Ronaldo amaze gushyira hanze ifoto iri guca ibintu hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga aho yari ahagaze ku muryango w’indege ye yerekeje I Paris aho agiye gufatira igikombe...
Umugabo w’imyaka 33 witwa David Saunders ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza yazabiranyijwe n’uburakari ubwo uwahoze ari umukunzi we yamwohererezaga amafoto ari gusambana n’undi musore niko gufata...
Ikipe y’igihugu amavubi inganyije na Libya 0-0 bituma isezererwa mu mikino ya CECAFA y’uyu mwaka yagiyemo mu rwego rwo gutegura imikino ya CHAN izaba umwaka utaha.
Nubwo Amavubi yagerageje...