Mu gihe dusigaje amezi 12 kugira ngo twihere ijisho igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya mu mwaka utaha wa 2018 kuri ubu ikigezweho ni irushanwa rigiye guhuza amakipe yatwaye ibikombe kuri buri...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru Pele yatangaje ko umunya Portuagal Cristiano Ronaldo ariwe mukinnyi mwiza kurusha Lionel Messi kubera ko mu myaka 10 ishize atigeze asubira...
Myugariro w’ikipe ya Real Madrid akaba na kapiteni wayo Sergio Ramos yasohoye indirimbo ya Hip Hop yitwa “SR4”ku wa Gatanu w’iki Cyumweru yibanda ku bigwig bye nk’umukinnyi wa...
Umutoza mushya w’ikipe ya Arsenal Unai Emery,yatangaje ko nubwo yari umutoza wa Paris Saint Germain atigeze afata imyanzuro nk’umuyobozi,ahubwo Neymar ariwe wari umuyobozi wa PSG ndetse ntiyigeze...
Umunyabigwi w’ikipe ya FC Barcelona,Andres Iniesta yabwiye abanyamakuru ko umukinnyi yakwifuza gukinana nawe ubu ari umusore N’golo Kante ukinira ikipe ya Chelsea,kubera ubuhanga bwe mu kuyobora...
Uwahoze ari icyamamare mu mupira w’amaguru mu Bwongereza, David Beckham yirengagije bagenzi be bose bakinannye muri Manchester United ubwo yasabwaga kuvuga umukinnyi mwiza kurusha abandi bose mubo...