Abaturiye ahitwa ku Kirenge mu Kagari ka Kirenge Murenge wa Gasiga mu Karere ka Rulindo, ahahoze ikirenge cy’umwami Ruganzu ll Ndoli, barasaba ubuyobozi kubagarurira icyo kirenge nk’ikimenyetso...
Bamwe mu bajyanama b’ubuzima bo mu murenge wa Ntarabana mu karere ka Rulindo baravuga ko ubuyobozi bw’uyu murenge bwabimye inkunga y’umuriro ukomoka ku mirasire y’izuba bagenewe na Perezida wa...
Abagabo babiri bo mu Murenge wa Murambi mu Karere ka Rulindo bari bagwiriwe n’ikirombe ku wa Kane habonetse imirambo yabo nyuma yo gukoresha imashini mu gihe amaboke y’abaturage yari...
Abanyeshuri babiri barimo Ariane na Louange biga muri GS Rusiga mu karere ka Rulindo bagaragaje imyitwarire myiza mu gihe cya Tour du Rwanda 2021,ubwo bahuraga n’amagare ntibigere bayarangarira,...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rulindo mu Murenge wa Buyoga kuri iki Cyumweru tariki ya 25 Mata yafashe umusore w’imyaka 27 acyekwaho gukwirakwiza amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 10...
Umugabo witwa Sekamana Jean Marie Vianney w’imyaka 30 utuye mu Murenge wa Burega mu Kagari ka Karengeri ho mu karere ka Rulindo ari gushakishwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha rukorera muri ako gace...
Perezida Kagame yavuze ko icyatumye ingabo yari ayoboye mu rugamba rwo kubohora u Rwandazisubira inyuma zigeze i Rulindo ari igitutu cy’amahanga yabafungiye...
Mu Karere ka Rulindo mu Murenge wa Murambi mu Kagali ka Mvuzo haravugwa inkuru y’umugabo witwa Ndaimana yishwe n’igitero cyari kiyobowe n’umuyobozi w’umudugudu bamushinja kwiba intama ariko nyamara...
Umukobwa wo mu murenge wa Base akarere ka Rulindo, yavuye iwabo agiye gushaka akazi ko mu rugo, asamiramo inda y’impanga. Uwayimuteye yamutunze amezi abiri gusa arafungwa, nyuma akarere kamugarura...
Umugabo wo mu Murenge wa Shyorongi mu Karere ka Rulindo, akurikiranyweho kwica umugore we nyuma yo kumutonganya amubwira ko yabonye umugabo asohotse iwe yiruka agakeka ko avuye gusambana na...
Abaturage bo mu karere ka Rulindo bahangayikishijwe n’inyama barya batazi aho zibagirwa zirimo n’izibagira mu rutoki no mu gacaca.
Bavuga ko bishimira ko hafunguwe ibagiro ariko...
Mu murenge wa Kisaro, akarere ka Rulindo hari umukobwa watewe inda afite imyaka 13. Ubwo hategurwaga igikorwa yo gupima ADN n’umumotari wakekwaga, umwana yarapfuye na motari arabura. Ubuyobozi...
Umusore wo mu Kagari ka Rudogo mu Murenge wa Cyinzuzi, Akarere ka Rulindo yatawe muri yombi akurikiranyweho kwica nyina umubyara, afatanyije n’umukozi wo muri urwo...
Uwitwa Maniragaba François wari ufungiye kuri station ya Police ya Murambi mu Karere ka Rulindo, yarashwe na Police kuri iki cyumweru, ubwo yagerageza gutoroka aho yari afungiye, ahita ahasiga...
Mu Karere ka Rulindo mu murenge wa Kinihira mu kagari ka Butunzi, igiti cyari mu busitani bw’ibitaro by’intara bya Kinihira cyararidutse bitewe n’ umuyaga, ku bw’amahirwe nticyahitana umwana warimo...
Inkongi y’umuriro yibasiye amacumbi y’abanyeshuli b’Abahungu mu rwunge rw’amashuli rwa APAPEC Murambi ruherereye mu karere ka Rulindo mu murenge wa Murambi,bituma ibikoresho byabo bishya...