Amakuru aturuka mu bitangazamakuru byigenga byo mu Burusiya aravuga ko umuntu utazwi yinjiye mu kibuga cy’indege za gisirikare z’u Burusiya maze atwika indege yo mu bwoko bwa supersonic (igendera...
Amerika yitandukanyije n’igitero mu Burusiya – Uburusiya buvuga ko cyarangiye butsinze abacengezi bitwaje intwaro binjiye bavuye muri Ukraine.
Ibice bimwe by’akarere ka Belgorod ko mu Burusiya...
Ku rubuga rwa Telegram, minisiteri y’ingabo y’Uburusiya yagize iti: "Mu gitondo cyo ku itariki ya 4 Kamena [ukwezi kwa gatandatu], umwanzi yagabye igitero kinini ahantu hatanu ho ku rugamba mu...
Rutahizamu Kylian Mbappe yatsinze ibitego bibiri mu gihe Paris St-Germain yatsindaga Barcelona ibitego 4-1 iyisezerera muri 1/4 cya UEFA Champions League kandi iyisanze mu rugo ku kibuga isigaye...
Nubwo italiki imikino ya Zone v izatangirira itaramenyekana ,ikipe y’igihugu imaze Ukwezi kurenga yitegura iyi mikino aho kuri uyu wa kabiri hahamagawe abakinnnyi 18 bagomba kuzakurwamo 14...
Cristiano Ronaldo afashije Real Madrid gukatisha tike ya 1/2 cya Champions League nyuma yo gusezerera Bayern Munich ku giteranyo k’ibitego 6-3 harimo 5 bya Cristiano Ronaldo ndetse bimufasha...
Irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere ku mugabane w’Uburayi rirakomeza hakinwa imikino ibiri yo kwishyura ya 1/4, iyi mikino ikaba iribunemeze amakipe abiri ya mbere ari bugere muri 1/2....
Imikino 2 yasozaga 1/8 cy’irushanwa rihuza amamipe yabaye aya mbere ku mugabane w’u Burayi ’UEFA Champions League’, isize Monaco na Atletico Madrid zikatishije tike ya 1/4.
Ikipe ya Monaco yari...
Bitunguranye ikipe ya FC Barcelona isezereye PSG muri Champions League ku igiteranyo y’ibitego 6-5.
Umukino ubanza PSG yari yatsinze ikipe ya FC Barcelona ibitego 4-0, ikipe ya FC Barcelona...
Imikino yo kwishyura ya 1/8 mu irushanwa rya Champions League isize Real Madri ibonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda Napoli, mu gihe Bayern Munich ibigezeho nyuma yo kwandagaza Arsenal.
Ni...
Irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere ku mugabane w’u Burayi 2016/2017 ‘UEFA Champions League’ rirakomeza hakinwa imikino ibanza ya 1/8, FC Barcelona imanuka mu Bufaransa.
Tariki ya 12...
Umunya Algeria ukinira ikipe ya Leicester City, Riyad Mahrez, niwe wegukanye igihembo cy’umukinnyi mwiza w’umunyafurika mu mwaka wa 2016.
Mu bagore cyegukanywe n’umunya Nigeria Asisat Oshoala....
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 19 Ukuboza 2016 umupolisi witwaje imbunda yarashe Ambasaderi w’u Burusiya muri Turikiya, Andrei Karlov ahita yitaba Imana.
Televiziyo y’u Burusiya yatangaje ko uyu...
Leta zunze ubumwe za Amerika ndetse na bimwe mu bihugu by’ibikomerezwa ku isi byashyizwe ku rutonde rw’ibihugu bifite abantu benshi batazi ibyerekeranye n’umuco ndetse na sosiyete ubwabo batuyemo....
Kuri uyu wa mbere tariki ya 12 Ukuboza 2016, saa 13:00’ za hano mu Rwanda na saa 11:00’ ku isaha ngenga masaha ya GMT, i Nyon muri Switzerland habaye tombora ya 1/8 cy’irushanwa rya Champions League...
Abakobwa 21 nibo bamaze kwemezwa nk’abanyempano kurusha abandi mu 120 bahatanira irikamba rya Miss World 2016. Miss Mutesi Jolly uhagarariye u Rwanda ntiyabonetse mu 21.
Nyampinga w’u Rwanda...
Turi tariki ya 05 Nyakanga ni umunsi w’186 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 179 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze tariki ya 05 mu mateka.
1295:...
Turi tariki ya 07 Nyakanga ni umunsi 188 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 177 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki abantu bane bacuze umugambi wo kwica Perezida wa Leta...
Ibyaranze tariki ya 19 Nyakanga harimo n’ijyaho rya Guverinoma ya mbere ya nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi.
Turi tariki ya 19 Nyakanga ni umunsi wa 200 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi...
Umusore Lionel Messi kizigenza w’ikipe ya Barcelona yatangaje abakinnyi 3 abona bashobora gusimbura Neymar uri kuvugwa cyane ko ashobora kwerekeza mu ikipe ya PSG ku kayabo ka miliyoni 195...
Ubuyobozi bw’ikipe ya FC Barcelona bwatangiye kurambagiza umukinnyi wo gusimbura Neymar Jr waguzwe n’ikipe ya PSG akayabo ka miliyoni 198 z’amapawundi,aho bahereye ku musore Ousmane Dembele ukina mu...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA rimaze gutangaza abakinnyi 24 bazatoranywamo uwahize abandi mu mwaka w’imikino ushize, urutonde rwiganjemo abakinnyi b’ikipe ya Real Madrid ....
Nyuma y’imikino yo gukuranamo yarangiraga mu ijoro ryakeye uyu munsi nibwo hateganyijwe igikorwa cyo gushyira amakipe mu matsinda 8 umuhango uteganyijwe ku I saa kumi n’ebyiri aho uraza gukurikirwa...
Uyu munsi taliki ya 24 Kanama nibwo UEFA yatangaje uko amakipe ateganyijwe guhurira mu matsinda y’imikino y’amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’I Burayi“UEFA Champions League” y’umwaka wa...