Urubanza rwa Prince Kid rwari rutegerejwe kuri uyu wa 15 Ugushyingo 2022 rwasubitswe rwimurirwa ku wa 17 Ugushyingo 2022.
Amakuru y’isubikwa ry’uru rubanza IGIHE dukesha iyi nkuru yayahamirijwe...
Ku nshuro ya mbere Ishimwe Dieudonne benshi bazi nka Prince Kid ni ubwa mbere agiye guhurira mu rubanza n’abandi bantu batari Ubushinjacyaha cyane ko Urukiko rwatumyeho abatangabuhamya batatu...
Perezida Xi Jinping w’Ubushinwa yahuye na mugenzi we Joe Biden wa Amerika muri Mulia hotel i Bali muri Indonesia aho Xi acumbitse, mu nama yamaze amasaha atatu baganira ku ngingo zitandukanye....
Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo aravuga ko utudege tubiri tutagira abapilote [drones] twa FARDC twarashwe na M23 I Rutshuru,aho intambara ikomeje gufata indi ntera....
Nyuma y’uko iminsi 30 yahagaritswe yarangiye, kuri uyu wa 13 Ugushyingo APR FC yamenyesheje Umutoza Adil Mohamed ko tariki ya 14 Ugushyingo agomba kugaruka mu kazi.
Amakuru akaba avuga ko uyu...
Dolly Parton, icyamamare mu muziki wo mu njyana ya country akaba n’ukora ibikorwa by’ubugiraneza, yahawe igihembo cya miliyoni 100 z’amadolari y’Amerika na Jeff Bezos.
Ayo angana na miliyari 106...
Mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona,ikipe ya APR FC yikuye mu nzara za Sunrise FC kuko yayitsinze ibitego 3-2 kuri stade ya Kigali.
APR FC yafunguye amazamu hakiri kare ku munota wa 7 ku...
Umutwe wa M23 ukomeje gusatira Umujyi wa Goma,umurwa mukuru wa Kivu ya Ruguru ndetse imirwano ikomeye hagati yawo na FARDC ngo yakomeje no kuri iki cyumweru.
Umunyamakuru wa Radio TV10,Oswald...
Munyarugero Canisius Karemera, Umwe mu bavugizi ba M23 yemeje ko uyu mutwe ugeze ku birometero 20 uvuye mu mujyi wa Goma ndetse biteguye kuwutera bakawufata.
Amakuru aravuga ko imirwano ikomeye...
Ikipe ya Police FC yatsinze AS Kigali mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona igitego 1-0 biyifasha kuzamuka ku rutonde.
AS KIGALI yari imaze amezi 7 idatsindwa muri Shampiyona yatsinzwe igitego...
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi,Dr.Uzziel Ndagijimana yavuze ko kuba abakozi bazajya batangira akazi saa tatu za mu gitondo, bizatanga umusaruro aho kuwugabanya nkuko bamwe babitekereza.
Mu...
Muhire Jean Claude washakanye na Uwera Marie Reine yahishuye ibyishimo aterwa no kuba yarashakanye n’umuntu wamufashije mu bihe byari bigoye ikirenze akamubera umugore ubu bakaba baramaze...
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ikirego cy’imiryango irega umujyi wa Kigali nta shingiro gifite. Urukiko rwategetse ko bimukira mu nzu nk’ingurane ikwiye mu mafaranga. Barega umujyi...
Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye, hamaze iminsi hacicikana ubutumire bw’ubukwe bwa The Ben n’umukunzi we Miss Pamella, amatariki yabwo ndetse n’aho buzabera.
Ubu butumire bwavugaga ko ubukwe...
Rayon Sports yitegura gusura ikipe ya Kiyovu Sports yakoreye imyitozo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 09 Ugushyingo kuri Stade ya Bugesera.
Iyi kipe ikunzwe kurusha izindi mu Rwanda iri kugenda...
Abakobwa baratandukanye mu miterere,imitekerereze,imigendere(uko bifata),..Uko batandukanye ninako badakunda kimwe. Ariko byanze bikunze hari aho bagira bahurira ku mikundire yabo no mu buryo...
Abafana ba Kiyovu Sports bagaragaye mu gace katagerwamo imodoka ka Biryogo bari gukubura umuhanda ariko bo bavuga ko bari gukubura Rayon Sports ndetse ko igomba gusubira i Nyanza.
Abafana ba...
Umutwe wa M23 uratangaza ko guhera mu gitondo cyo kuri uyu wa 8 Ugushingo 2022 Ingabo za Leta ya Congo zawugabyeho ibitero simusiga ziri kubamishaho imvura y’ibisasu biremereye.
Amakuru aravuga...
Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, akaba n’umujyanama we mu by’umutekano,Gen Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko atabona M23 nk’umutwe w’iterabwoba ndetse ko nta we ukwiye kuwurwanya kuko ari abantu...