Irushanwa rya Primus Guma Guma Superstar rihuriza hamwe abahanzi 10 bakunzwe, iry’uyu mwaka riragana ku musozo muri iri joro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Kamena uyu mwaka.
Uyu mugoroba...
Muneza Christopher wiyise ‘Topher’ yamaze gutangaza ko atemeranya n’ibyakozwe n’abagize akanama nkemurampaka muri Guma Guma bamushyize ku mwanya wa kabiri mu gihe yabonaga yari akwiye kwegukana iri...
Abaturage batuye ahitwa Mahoko mu Murenge wa Kanama mu Karere ka Rubavu, babyiniye ku rukoma bumvise ko hari ibisambo bibiri byarashwe, umwe akahasiga ubuzima, bakavuga ko abajura babazengereje,...
The mineral field officers will work for professionalization of the sector through the following key specific tasks at the area of deployment:
To ensure the high level of compliance of...
ku gicaminsi cyo kuri uyu wa kane tariki ya 21 Nzeri 2023, ku isaaha ya sasita z’amanywa haguye imvura nyinshi ivanze n’urubura ihitana umuntu umwe yangiza byinshi birimo imyaka...
Ukekwaho kwica umukecuru w’imyaka 75 yakoreraga akazi ko mu rugo wo mu Murenge wa Kabagari mu Karere ka Rugango, wari umaze ukwezi ashakishwa, yafashwe, ahita avuga ko hari abandi bafatanyije muri...
Umushumba wa Kiliziya Gatolika yatangaje agahinda yagize kandi ko arimo gusengera abagizweho ingaruka n’ibiza byavuye ku mvura yaguye mu ijoro ryo kuwa kabiri mu Rwanda, nk’uko ikinyamakuru Vatican...
Nyuma yo kwemeranya isezerano ry’akaramata mu mpera z’umwaka wa 2021 n’umukunzi we Laura Collete , Umuhanzi Igor Mabano yashyize hanze ifoto y’imfura ye y’umuhugu ku isabukuru ye...
Mu karere ka Rubavu,mu murenge wa Nyamyumba,akagari ka Rubona,umugudugu wa Bushagara,ahagana ku ruganda rwa Brarirwa habereye impanuka ikomeye y’imodoka yagonze umumotari ahita apfa.
Iyi mpanuka...
Mu karere ka Rubavu Umurenge wa Rubavu Akagari ka Nengo uwitwa IYAMUREMYE Jean Paul w’imyaka 39 wari utuye aho bita i Buruseri wi imyaka 39 yagiye koga mu Kivu kiramubitana...
Mu Murenge wa Bugeshi muri wo mu karere ka Rubavu,umuyaga udasanzwe waraye usenye inzu zisaga 59. Uyu muyaga watwaye ibisenge urimbura ibiti, n’inzu zubatswe neza ziziritse na zo utwara ibisenge...
Abayobozi 7 bo mu Murenge wa Busasamana wo mu karere ka Rubavu bahagaritswe by’agateganyo ku mirimo yabo kubera uburangare baherutse kugira bigatuma hari urubyiruko rutegura rukanakina umukino...