Abasirikare ba Amerika bishe abantu 11 bo mu mutwe wa al-Qaeda barimo uwakoranye bya hafi na Osama Bin Laden. Biciwe mu bitero bibiri by’ indege bagabweho n’ igisirikare cya Leta zunze ubumwe z’...
Uhagarariye Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Muryango w’Abibumbye, Nikki Haley, yavuze ko perezida Donald Trump yemera ko ihindagurika ry’ikirere ririho kandi yemera ko ibikorwa bya muntu bifite...
Ambasade ya Amerika muri Tchad yafunzwe ku itegeko rya Perezida Idriss Deby Etino.Ni nyuma y’uko Perezida Donald Trump ashyize ku ilisiti iki gihugu mu bindi bihugu bitemerewe kwinjira muri...
Nyuma y’igitero cyagabwe muri Siriya, kigabwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ibihugu bifatanyije (Ubwongereza n’Ubufaransa) ku birindiro bikekwa ko bibitswemo intwaro z’ubumara muri Syria, u...
Uwahoze ari umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Antoine Hey yandikiye ubuyobozi bushya bwa FERWAFA asaba ko bavugurura amasezerano yari afite agakomeza akazi ko gutoza ikipe...
Intiti eshatu z’umutwe zakoreshwaga mu ndege zitagira abapilote ( drone) zishwe n’ Abasirikare mpuzamahanga boherejwe kurwanya umutwe wa leta ya Kisilamu ISIS urwanira muri Irake na Siriya....
Hirya no hino ku isi, hari abantu bakomeye mu nzego zitandukanye kandi bafite ububasha ku mubare munini w’abatuye isi, haba mu bya Politiki, mu by’ubukungu, kuba bavuga rikijyana cyangwa ibindi...
Perezida wa USA,Donald Trump arahura na minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Uburusiya, Sergei Lavrov mu biganiro bikekwa ko bigamije gusasa inzobe ku mubano w’ibihugu byombi umaze igihe...
Nyuma y’aho perezida Trump yanditse kuri Twitter ye ko Iran niyibesha igatera ibirindiro bya Amerika bazasenya ibyayo 52,abajura bo kuri Internet bahise bashimuta Twitter y’ikigo cya US bashyiraho...
Umucamanza wo muri leta ya Hawaii mu rukiko rwo ku rwego rw’igihugu cya Leta zunze ubumwe z’Amerika yahagaritse iteka rya Perezida Trump rikumira abaturage b’ibihugu birindwi. Ibi bihugu ni Cadi,...
Umushumba wa kiriziya Gatorika ku isi yose,Papa Francis, kuri iki Cyumweru yifatanyije n’umunyamabanga mukuru wa ONU Antonio Guterres mu gusaba ihagarikwa ry’intambara zose ku isi kugira ngo...
Kuri iki cyumweru tariki ya 26 Mata 2020,Minisiteri y’Ubuzima [MINISANTE] yatangaje ko mu bipimo 1025 byafashwe, hagaragayemo abarwayi 8 mu gihe hakize abarwayi 4 bagasezererwa mu...
Umugabo muremure kurusha abandi ku isi yagiye i Moscow gushaka umugore yifuza ko yazamukunda ubuziraherezo cyane ko ngo akunda Abarusiyakazi.
Sultan Kosen, ukomoka muri Turukiya, ari mu gitabo...
Umuyobozi w’Umutwe w’Iterabwoba wiyita Leta ya Kisilamu, Abu Ibrahim al-Hashimi al-Qurayshi, yishwe n’igitero cy’ingabo kabuhariwe za Leta Zunze Ubumwe za America muri Syria.
Abu Ibrahim al-Hashimi...