Umuhungu wa Perezida Museveni, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, yatangaje ko yasezeye mu ngabo z’iki gihugu yari amazemo imyaka...
Umunyana Shanitah wabaye igisonga cya mbere cya Nyampinga w’u Rwanda 2018, akaba na Miss supranational Rwanda 2019, yerekeje mu gihugu cya Tanzania aho agiye guhagararira u Rwanda mu irushanwa...
Miss Uwamahoro Phoebe witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda muri 2019, ari mu munyenga w’urukundo n’umusore wigaruriye umutima we witwa Rammy Galis wamamaye cyane muri Tanzania nk’umukinnyi wa...
Mu ijoro ryo wa gatandatu, abapolisi ba Uganda bavuze ko umuntu umwe yapfuye abandi barindwi bakomerekera mu "guturika gukomeye" kwabereye muri resitora iri mu majyaruguru y’umurwa mukuru...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri umuyobozi wa APR FC,Lt Gen Mubarakh Muganga,yasuye iyi kipe aboneraho no gusura ibikorwa bitandukanye byubatswe ku mpande z’ikibuga iyi kipe isanzwe ikoreraho...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane, nibwo ikipe y’ingabo z’igihugu,APR FC, iri bufate rutemikirere yerekeza mu gihugu cya Djibouti aho iri bubanze kunyura i Addis Ababa muri Ethiopia, nyuma igafata...
Umunyamabanga wa APR FC Masabo Michel,yavuze ko ikipe bafite nigera mu kwezi kwa Mbere 2022 nta musaruro ugaragara itanze bazashakisha umukinnyi wese ufite ubushobozi yaba Umunyarwanda cyangwa...
Amb.Peter Hendrick Vrooman wari umaze imyaka isaga ine ari Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda, yimuriwe muri Mozambique.
Ku wa 6 Mata 2018 ni bwo Perezida Paul Kagame yakiriye...
Ingabo z’u Rwanda [RDF] ziratangaza ko mu ijoro ryakeye zarasanye n’inyeshyamba za FLN zinjiye ku butaka bw’u Rwanda ziturutse i Burundi,bituma 2 muri aba bari bateye bahasiga...
Umunyamabanga Mukuru w’Imuryango w’Ibihugu by’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Dr Peter Mathuki uri mu ruzinduko mu Rwanda, yashyikirije Perezida Kagame impano yamugeneye.
Iyo mpano ni ifoto-shusho...
Fred Matiang’i minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu wa Kenya yatangaje ko yabwiye ukuriye ishami rya ONU ryita ku mpunzi gahunda ya Kenya yo gufunga inkambi za Dadaab na Kakuma bitarenze tariki...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagiriye abaturage bayo inama yo kudakorera ingendo muri Kenya ngo kuko bishobora kubashyira mu byago byo kwandura Covid-19 ndetse bakaba bahurirayo n’ibindi bibazo...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Gashyantare 2021 nibwo habaye inama ya 21 y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa EAC,yafatiwemo imyanzuro itandukanye.
Imwe mu myanzuro yafashwe irimoKwiga ku...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Gashyantare 2021 hazaba inama izahuza abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba iziga ku bintu byinshi birimo no gusuzuma ubusabe bw’igihugu...
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni infantino, ari kumwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr.Vincent Biruta na Minisitiri wa Siporo,Munyangaju Aurore...