Ikipe ya APR FC ihagarariye u Rwanda mu mikino ya CAF Champions League, yatomboye kuzahura na Mogadishu City Club yo muri Somalia mu ijonjora rya mbere.
APR FC niramuka isezereye iyi kipe yo...
Kuri iki Cyumweru, abarwanyi Al Shabaab bagabe igitero cy’iterabwoba kuri imwe mu ma hoteri yo ari ku nkombe y’inyanja mu murwa mukuru i Mogadishu, bahitana byibuze abantu 10 abandi barenga 20...
The massive bombing that hit both the US embassy in Nairobi and Dar es Salaam killed over 224 people and 5000 injured. Kenya and Tanzania on Tuesday mark 20 years since the devastating US embassy...
Igikona cyatumye indege yari itwaye abasirikare benshi isubira hasi nyamara yari yagurutse ku kibuga cy’indege cya Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi.
Iyo ndege yagonganye n’icyo gikona ivuye hasi...
Igisirikare cya Kenya cyatangaje ko cyishe abarwanyi 57 bo mu mutwe wa Al shabaab wiyitirira idini ya Islam mu mirwano yabereye mu majyepfo ya Somalia ejo ku wa Gatatu tariki ya 2 Werurwe 2017....
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda mu batarengeje imyaka 18 yageze muri ½ cya CECAFA U-18 nyuma yo gutsinda Sudani ibitego 3-0,mu mukino wa nyuma wo mu itsinda A.
Leta ya Kenya yatangaje amazina n’amafoto y’abantu 35 bacyekwaho iterabwoba, yemeza ko ari bo bari inyuma y’ibitero by’intagondwa biheruka kubera mu karere ka Lamu gakora ku nyanja...
Muri iyi minsi Video y’umugabo wambaye isuti arimo gukina n’intare eshatu yakwiriye henshi ku mbuga nkoranyambaga mu bihugu bya Africa, ariko mu by’ukuri ntabwo ari iy’umupastoro urimo kwerekana...
Ku mugabane wa Afurika hari ibihugu bizwiho kuba bifite abakobwa beza kurusha abandi, gusa ikiza ku mwanya wa mbere mu bihugu 10 biyoboye ibindi kiraza kugutungura kuko utakekaga ko cyaza kuri...
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yatangaje ko hari ba major babiri bo mu ngabo z’igihugu cye bafunzwe, nyuma yo kugaragaza ubugwari ubwo Al Shabaab yagabaga igitero ku birindiro by’Ingabo...
Ku mugabane wa Afurika hari ibihugu bizwiho kuba bifite abakobwa beza kurusha abandi, gusa ikiza ku mwanya wa mbere mu bihugu 10 biyoboye ibindi kiraza kugutungura kuko utakekaga ko cyaza kuri...
Ku mugabane wa Afurika hari ibihugu bizwiho kuba bifite abakobwa beza kurusha abandi, gusa ikiza ku mwanya wa mbere mu bihugu 10 biyoboye ibindi kiraza kugutungura kuko utakekaga ko cyaza kuri...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasohoye itangazo riburira abaturage bayo bari muri Kenya ko hashobora kuba ibiterobvy’iterabwoba mu gihugu.
Itangazo ry’Ambasade ya Amerika i Nairobi rivuga ko ibice...
Ku mugabane wa Afurika hari ibihugu bizwiho kuba bifite abakobwa beza kurusha abandi, gusa ikiza ku mwanya wa mbere mu bihugu 10 biyoboye ibindi kiraza kugutungura kuko utakekaga ko cyaza kuri...
Uyu munsi tariki 17 Ugushyingo 2021, abategura irushanwa rya Miss East Africa batangaje urutonde rw’abakobwa 16 bujuje ibisabwa, bashaka guhatanira ikamba rya Miss East Africa 2021 ryateguwe...
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagize Maj Gen Kayanja Muhanga umuhuzabikorwa w’imitwe ya gusirikare ikorera i Kampala, mu gihe amatora y’Umukuru w’Igihugu muri kiriya gihugu akomeje...
Umuryango w’abibumbye ku isi, ONU cyangwa UN, ibihugu biwugize uyu munsi birahurira mu nama rusange aho byizihiza isabukuru y’imyaka 75 umaze, abatuye isi ntibavuga rumwe ku kamaro n’imbaraga z’uwo...
Ministeri y’ibikorwa by’ubutabazi iratangaza ko abantu 72 ari bo bamaze kumenyekana ko bishwe n’ibiza byatewe n’imvura yaguye mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira ku wa Kane w’iki...
Kuri iyi si hariamadini atandukanye ndetse anatandukanye mu buryo bw’imyemerere ku buryo usanga hari na bamwe barenganya bagenzi babo babaziza kuba badahuje imyemerer imwe n’iyabo. Ubushakashatsi...
Ni umugore w’umwimukira wageze muri Amerika afite imyaka 10 ari kumwe n’ababyeyi, arahigira, arakora, aza no kugera aho atorerwa kujya mu nteko ishinga amategeko ya...