Diyoseze Gatolika y’i New Jersey mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) yemeye kwishyura miriyoni 87.5 z’amadolari ku bantu amajana bayireze ko bakorewe ibyaha...
Komisiyo y’amatora muri Kiyovu Sports yatangaje ibisabwa kuri buri wese wifuza kwiyamamariza kuba umwe mu bayobozi ba Kiyovu Sports mu matora azaba kuwa 27 Nzeri 2020 birimo ingingo igonga...
Ishyirahamwe ry’Abanyamakuru ba Siporo mu Rwanda (AJSPOR) ryatangaje ko ryitandukanyije n’abanyamakuru bane bakorera Radio 10 kubera ko imikorere yabo itubahiriza amahame akwiye kubaranga...
Umutoza wa Kiyovu Sports,Karekezi Olivier,yatangaje ko ubwo shampiyona izaba itangiye,azirukana bamwe mu bakinnyi be bagize imyitwarire mibi bagahabwa amafaranga na bamwe mu bashaka guteza umwuka...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 03 Nyakanga imodoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange yo mu bwoko bwa Coaster yafatiwe mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Kanyinya ahetse...
Uwahoze ari kardinali wa kiliziya Gatokika muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika arahakana ibyaha ashinjwa byo gufata ku ngufu umwana w’umuhungu w’imyaka 16 mu myaka ya...
Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda kuri uyu wa 27 Mata 2022, bwakiriye Jean Paul Micomyiza uzwi nka Mico, woherejwe na Suède kugira ngo akurikiranwe n’ubutabera bw’u Rwanda ku byaha bya Jenoside...
Umutoza mushya wa AS Kigali, Casa Mbungo yatangiranye ubudasa mu kipe ya As Kigali aho yatsinze Gasogi United 1-0 mu mukino ubanza wa 1/4 cy’igikombe cy’Amahoro.
Umushoramari Kakoza Nkuruza Charles ( KNC ) akaba na nyiri ikipe ya Gasogi United yavuze ko nubwo APR FC ari ikipe ifite amateka mu Rwanda ariko ubu nta bakinnyi bakanganye ifite ku buryo yakanga...
Dr Iyamuremye Augustin wari umaze imyaka 3 ari Perezida wa Sena y’u Rwanda yeguye kuri izi nshingano ndetse no ku zo kuba umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda.
Kuri uyu wa 08 Ukuboza...
Ikipe ya Gasogi United yatsinze Rayon Sports igitego 1-0 ku munsi wa 15 wa shampiyona,iba inshuro ya mbere iyitsinze muri shampiyona y’u Rwanda
Abafana ba Rayon Sports babujijwe kwinjira muri...
John Legend na Chrissy Teigen bari mu byishimo byinshi byo kwibaruka umwana wa gatatu nyuma y’imyaka ibiri bagize ibyago ubwo inda y’umwana bari batwite wa gatatu...