Minisitiri w’intebe wa Centrafrique yavuze ko ingabo z’iki gihugu zafashe umujyi wa Bossangoa mu burengerezuba, ahari ibirindiro by’uwahoze ari Perezida François...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu nta muntu n’umwe wishwe na COVID-19 mu Rwanda bityo abo imaze guhitana ni 338.
Uyu munsi habonetse abarwayi bashya 47 hakira abantu 59,...
Abakinnyi benshi bo mu ikipe y’igihugu y’Ububiligi iri kwitegura imikino ya Euro 2020 banze kwiteza urukingo rwa Pfizer kubera ko ngo rushobora gutuma batitwara neza muri iri...
Igihugu cy’Ubutaliyani gisanzwe ari ubukombe mu mupira w’amaguru ku isi cyatsinze Turkia ibitego 3-0 mu mukino ufungura imikino ya Euro 2020yatangiriye mu mujyi wa...
Ubufaransa bwavuze ko buhamagaje ba ambasaderi babwo muri Amerika no muri Australia ngo bagirane ibiganiro, mu kwamagana amasezerano yo mu rwego rw’umutekano arimo...
Icyegeranyo cya Global Peace Index 2021cyerekana ko Iceland ikomeje kuba igihugu cy’amahoro kurusha ibindi ku isi kuko n’ubu cyaje imbere ku nshuro ya 13 kikurikiranya, ntikirava kuri uyu mwanya...
Aba Taliban basabye kugeza ijambo ku bategetsi b’isi mu nteko rusange y’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) muri iki cyumweru iteraniye i New York muri Amerika.
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’uyu...
Inteko y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe umutekano ku isi yateranye byihutirwa kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Ukwakira 2021,kugira ngo yige ku kibazo cy’ibisasu bya misile bishya bya Koreya ya Ruguru....
Perezida Joe Biden wa Leta zunze ubumwe za Amerika yavuze ko Amerika yatabara ikarengera Taiwan mu gihe Ubushinwa bwatera iki kirwa, igisa n’intangiriro yo kuva kuri politiki yo...
Abategetsi bo mu bihugu 20 bifite ubukungu bukomeye ku isi bemeje amasezerano yo ku rwego rw’isi azatuma inyungu z’ibigo binini by’ubucuruzi byakwa umusoro nibura wa...
Ingabo za leta ya Ethiopia zisubije umujyi ndangamateka wa Lalibela wari warigaruriwe n’inyeshyamba zo muri Tigray, nk’uko leta ibivuga.
Iyi ni intsinzi iheruka kwigambwa na leta kuva Minisitiri...
None ku wa gatatu, Angela Merkel arava ku butegetsi yari amazeho imyaka 16 nka Chancellor w’Ubudage, mu rugendo rwa politiki rwamugejeje ku mwanya wo hejuru mu Budage yatangiye mu myaka irenga 30...
Umugabo muremure kurusha abandi ku isi yagiye i Moscow gushaka umugore yifuza ko yazamukunda ubuziraherezo cyane ko ngo akunda Abarusiyakazi.
Sultan Kosen, ukomoka muri Turukiya, ari mu gitabo...
Abasirikare barindwi nibo bamaze kwitaba Imana mu gihe kingana n’icyumweru ubwo barimu myitozo ya gikomando nkuko bisanzwe byitwa mu gisirikare.
Iyi myitozo ya gikomando iri kubera ku murwa...
Kuri uyu wa mbere indege y’intambara yashwanyukiye mu gace gatuwe ko mu mugi wa Tabriz mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Iran ihitana abantu batatu!Iperereza rikaba ryatangiye ngo hamenyekane...
Byamaze kwemeza n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku mugabane w’i Burayi ko umukino wa nyuma wa Champions League utzabera I Saint-Peterburg nkuko byari byemejwe ahubwo uzakinirwa I Paris ku kibuga...
Umurusiya Roman Abramovich yemeje ko agiye kugurisha Chelsea FC nyuma y’imyaka 19 ayiguze,akayihindura Ikipe ikomeye cyane.
Mu itangazo yashyize hanze,Roman yavuze ko yafashe icyemezo cyo...
Umuherwe ufite ikirombe cy’amabuye y’agaciro muri Ghana yashyize ahagaragara gahunda ye yo kugura Chelsea - hanyuma agahita asinyisha Cristiano Ronaldo na Lionel Messi.
Bernard Antwi Boasiako...
Leta ya Amerika ivuga ko Korea ya Ruguru iherutse kugerageza uburyo bushya bwo kurasa misile zambukiranya imigabane, mu byo bise "guhembera intambara gukomeye".
Pyongyang yo ivuga ko tariki 26...