Kabuhariwe Cristiano Ronaldo yashwanye na bamwe mu bakinnyi bakuze muri Real Madrid,nyuma yo gutangaza ko agiye kuva muri Real Madrid kandi ikipe yari mu birori byo kwishimira igikombe cya UEFA...
Mu minsi ishizenibwo hasohotse amafoto y’umuhanzi Young Grace yambaye imyenda y’ikipe ya Rayon Sports iriho ibirango bya Skol kandi uyu muhanzi afite amasezerano yo kwamamaza Primus binyuze mu...
Benshi mu bakinnyi ba Arsenal ntibumva impamvu umukinnyi Mesut Ozil asigaye ahora mu mvune,aho kuza gufasha ikipe gusoza imikino ya shampiyona y’Ubwongereza Premier League...
Ndereyehe Charles wahoze ari umuyobozi mukuru w’ ikigo cy’ u Rwanda cyakoraga ubushakashatsi mu buhinzi ISAR, yatanzweho amakuru ko yagize uruhare mu itegurwa rya Jenoside yakorewe abatutsi ndetse...
Polisi yataye muri yombi Sandra Mukibi ndetse n’umugabo we batuye mu gace ka Kireka, nyuma yo guhohotera umukozi wo mu rugo bamukubita insinga z’amashanyarazi ndetse bakamutwika ibiganza no ku...
Umupolisi wo muri Kenya witwa Tyrus Omondi yiyahuye kubera ideni yari afitiye banki ryatumaga adasinzira, yafashe kubera ikibazo cy’ubukungu yari afite.
Jose Mujica wabaye perezida wa Uruguay kuva mu mwaka wa 2010 kugeza 2015 niwe ufatwa nka perezida wabayeho ukennye kurusha abandi ku isi kubera imitungo afite n’uko yagaragaraga muri...
Mu mukino ikipe ya Real Madrid yaraye ikinnye na Girona kuri stade ya Santiago Bernabeu warangiye Cristiano Ronaldo atsinze iitego 4 muri 6 ikipe ye yatsinze,aho byamufashije kugera ku nshuro ya...
Umukuru wa polisi y’ahitwa Staffordshire mu Bwongereza witwa Chief Inspector Clare Riley arashinjwa gusambanira ku kazi n’umupolisi mugenzi we ushinzwe kwigisha ibijyanye no gukoresha intwaro...
Umuryango wa Kim Kardashian n’umuraperi Kanye West wamaze kwakira undi mwana nyuma y ‘igihe kingana n’amezi 9. Umunyamideri ukomeye muri Leta zunze ubumwe za Amerika Kim Kardashian yamaze kwakira...
Iradukunda izina rihiriwe ryikurikiranya (2017,2018); Liliane umukobwa w’urubavu ruto wandikishije amateka mashya, ubuzima buhindurirwa mu maso ya benshi yivugira ko mu ijoro yambikiwemo ikamba...
Umufaransa Didier Gomez Da Rosa wahoze atoza ikipe ya Rayon Sports,akayifasha kwegukana igikombe cya shampiyona ya 2012/2013 ari mu biganiro n’ubuyobozi bwa Rayon Sports ndetse bigenze neza...
Irushanwa rirangiye mu munsi umwe; Iradukunda Liliane umukobwa wahize abandi mu bwenge, mu muco no mu buranga agizwe Nyampinga w’u Rwanda 2018 agaragiwe na Irebe Natacha Ursule wabaye Igisonga...
Mu ijoro ryo ku wa 19 Gashyantare,2018 rishyira ku wa 20 Gashyantare,2018 nibwo hamenyekanye ko Muyoboke Alexis na kompanyi ye Decent Entertainment batakireberera inyungu z’itsinda Charly&Nina...
Mbabazi Francois Xavier, umuyobozi w’ akarere ka Ruhango yatangaje ko we n’abo bafatanyije kuyobora aka Karere baremeranyije kujya bahembwa (umushahara wa buri kwezi) ari uko abaturage bakora muri...
Karekezi Olivier yatangaje ko ubuyobozi bwa Rayon Sports bwamaze kuganira na Mwiseneza Djamal wahoze akinira Rayon Sports ndetse bugiye kumuha amasezerano mu minsi iri imbere. Uyu musore...
Umugore wanjye twarabanaga nyuma baza kunyirukana mu kazi hazamo ikibazo cy’ubukene akazajya ampoza ku nkeke umunsi ku wundi kuko nasaga nkaho ntacyo maze mu rugu.
Yaje kubona akazi atangira...
Rutahizamu Shaban Hussein uzwi nka Tchabalala yamaze gusinyira ikipe ya Rayon Sports nyuma y’ibihuha byari bimaze iminsi bivugwa ko uyu musore yaba ari mu biganiro n’ikipe ya Kiyovu Sports.
Uyu...
Nubwo umukinnyi Lionel Messi aherutse gusinya amasezerano maremare ndetse agahabwa umushahara w’ikirenga na miliyoni 80 z’agahimbazamusyi,amakuru ari kuvugwa ni uko ashobora kuva muri FC Barcelona...
Komite ngenzuzi muri Kaminuza ya Makerere muri Uganda, yagaragaje ko hari amazina y’abanyeshuri bagera ku bihumbi 16 n’ay’abarimu bagera kuri 600 ba baringa.
Kuva mu Ukwakira 2016, abanyeshuri...