Umugabo witwa John Mwaura ukomoka mu gace ka Murunyu aherutse gufatwa ari gusambanya inka y’abandi byatumye ahururizwa akubitwa inkoni nyinshi ari nako abazwa impamvu yabikoze atangaza ko ari uko...
Polisi y’ u Rwanda yataye muri yombi umugabo witwa Ntakirutimana ufite imyaka 30 y’ amavuko wakubise umusaza Hassan w’imyaka 70 wo mu murenge wa Rubengera Akagari ka Mataba mu mudugudu wa Gitwa...
Umugore ukomoka mu Burusiya mu gace ka Krasnodar yatunguye benshi ubwo yavaga mu modoka yambaye ubusa buri buri akajya kugura icyo kunywa mu kabari kegereye kuri station icuruza...
Umukobwa wiyise Freelee the Banana Girl kuri You Tube ukomoka muri Australia,wavuye mu mujyi we n’umugabo we bakajya kwibera mu ishyamba bambaye ubusa,bakomeje gutigisa isi kubera amashusho...
Umugore w’imyaka 40 akaba atwite, nyuma yo gufata umugabo we ufite imyaka 44 areba amafoto y’abakobwa bambaye ubusa kuri interineti, yamuhanishije kwifotora amabere ye na we yambaye ubusa maze...
Ibifashijwemo n’abasore bayo bakomoka mu karere ka Rubavu,ikipe ya APR FC y’abakinnyi 10 ikuye amanota 3 kuri Musanze FC yari yayakiriye kuri Stade Ubworoherane mu mukino w’umunsi wa 25 wa...
Mu ntangiro z’ uku kwezi kwa Werurwe 2018 mu itangazamakuru ryo mu Rwanda hatangajwe inkuru idasanzwe ivuga ko Minisitiri w’ Ibikorwaremezo James Musoni yasambanye n’ umugore wa Rtd. Captain Safari...
Umugore witwa Karen McDougal wahoze akora akazi ko gusohoka mu binyamakuru yambaye ubusa yavuze ukuntu yasambanye na perezida wa USA Donald Trump ndetse avuga n’akari imurori benshi bifata ku...
Mu mukino winjiyemo ibitego 7, ikipe ya AS Kigali yisubije umwanya wa mbere w’agateganyo ku rutonde rwa shampiyona nyuma yo gutsinda Musanze FC ibitego 4-3.
Muri uyu mukino wari ubereye...
Umuhanzi wigaruriye imitima ya benshi mu jyana gakondo wamenyekanye nka Cyusa Ibrahim uherutse gutandukana n’umukunzi we Jeanine Noach yerekanye umwana yabyaye mu gihe bari mu munyenga...
Umugabo witwa Ndahayo w’imyaka 44 y’amavuko wo mu Kagari ka Gasharu mu Murenge wa Rutare mu Karere ka Gicumbi, yafashwe kuri uyu wa Kabiri akekwaho gusambanya umwana we w’umukobwa w’imyaka...
Benshi mu banyamurya ngo ba Rayon Sports bandikiye perezida wa Rayon Sports,Munyakazi Sadate gutumiza inteko rusange mu gihe kitarenze iminsi 5 kugira ngo asobanure ku bibazo biri kuvugwa muri...