Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle, yavuze ko bubaka iyi kipe bareba urwego Nyafurika, batarajwe ishinga n’ubukeba bwo mu Rwanda nkuko hari abakeka ko iba ihanganye na APR...
Ikipe ya Liverpool ntizongera gutekereza kuri Xabi Alonso nyuma y’uko yiyemeje kuguma mu ikipe arimo ubu ya Bayer Leverkusen agiye no guhesha igikombe cya...
Mu gitondo cyo ku wa kane, tariki ya 28 Werurwe, abantu 78 bakekwaho kuba ari abagizi ba nabi batawe muri yombi na polisi, mu mukwabu wakozwe hirya no hino mu duce twinshi two mu mujyi wa Goma (...
Ikipe ya Liverpool na Manchester City zishobora guhura mu mukino wa kamarampaka igihe shampiyona yarangira banganya amanota n’ibitego mu gihe Arsenal yahita ibatwara igikombe iramutse inganyije...
Perezida Paul Kagame yatangaje ko ubwo yari afite imyaka 11 y’amavuko aribwo ababyeyi be bamweretse amafoto ye akivuka,abona iwabo bari bifashije mbere y’uko bahunga aribyo byatumye arota...
Perezida Kagame yavuze ko icyatumye ingabo yari ayoboye mu rugamba rwo kubohora u Rwandazisubira inyuma zigeze i Rulindo ari igitutu cy’amahanga yabafungiye...
Abasirikare benshi ba Afurika y’epfo boherejwe na guverinoma y’iki gihugu muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo (DRC) mu rwego rw’ubutumwa bwa SADC,bafashwe ku bwinshi n’inyeshyamba za M23 barimo...
Mu mukino wo kwishyura wa ¼ cy’irangiza cy’igikombe cy’amahoro 2023-24,wahuzaga Gatsibo WFC na Fatima,wajemo imvururu maze Polisi yambika amapingu Kapiteni wa Fatima,Uwiragiye Chantal,watezaga...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwataye muri yombi Uwimana Jean Marie Vianney, wari umuyobozi wa Super Free to Trade (STT) ikora mu buryo butemewe ubucuruzi bw’amafaranga hakoreshejwe...
Umutoza Haringingo Christian Francis wa Bugesera FC yavuze ko ahanze amaso imikino isigaye harimo n’uwa Rayon Sports azashingiraho kutamanuka mu Cyiciro cya...
Mu mukino wa shampiyona y’icyiciro cya kabiri mu mupira w’amaguru mu bagabo,Miroplast yakinaga na Impeesa kuri uyu wa Gatandatu, inka nazo ziri kurisha mu...
Umusore witwa Dushimimana Vincent wo mu Mudugudu wa Rwasama, Akagari ka Gacurabwenge mu Murenge wa Byumba, Akarere ka Gicumbi, yamize inyama iramuniga bimuviramo...
Perezida Paul Kagame yakiriye anagirana ibiganiro na Perezida Petr Pavel wa Repubulika ya Czech uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda aho yaje no kwifatanya n’abaturarwanda Kwibuka ku nshuro ya 30...
Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko Leta hari imihoro irimo guha imbonerakure (urubyiruko rwo mu ishyaka CNDD-FDD), nyuma yo kuyitumiza mu...
Umunyamabanga Mukuru wa PPRD, Emmanuel Ramazani Shadary, yasohoye itangazo, asobanura ko Leta ya Tshisekedi iri kugerageza guharabika Kabila, imuhuza na AFC adafiteho...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru mu Rwanda, Jimmy Gatete, muri iki gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,yageneye ubutumwa Abanyarwanda mu gihe cyo kwibuka...
Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga Amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) mu butumwa bw’icyumweru yagejeje ku bakozi bayo, bwavuze ko umutekano “ugenda...
Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo, yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 10 Mata 2024, ari umunsi w’ikiruhuko cyo kwizihiza Eid al-Fitr no gusoza Ukwezi Gutagatifu kwa Ramadhan ku...