Abapolisi bakora ku bibuga by’indege mu Buhinde bahawe amabwiriza yo kumwenyura gacye. Ibi biraterwa n’impungenge ko urugwiro rushobora gutuma babonwa nk’abiraye mu gucunga umutekano, bikaba byateza...
Nyuma yo kwakirwa nk’umwamikazi mu Buhinde, Miss w’isi 2017 Manushi Chhillar yakiriwe na Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu nyuma yo kuva mu marushanwa y’ubwiza yaberaga mu gihugu cy’u Bushinwa....
Turi tariki ya 16 Nyakanga ni umunsi w’ 197 mu minsi 365 igize uyu mwaka, iminsi 168 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo ni itariki imaze kuba inshuro 56 ari ku cyumweru.
Bimwe mu bintu...
Mu munsi mukuru wo kwizihiriza imana zitanga urubyaro mu gihugu cy’Ubuhinde, abagore benshi bo muri iki gihugu bifuza kubyara baryamye hasi izo mana zibakoreraho imigenzo ikomeje kuvugisha no...
Ibyagaragaye kuri Badrilal Meena, ukomoka mu gihugu cy’Ubuhinde bikomeje gushobera benshi, nyuma yo kumusangamo inshinge zisaga 150 ziri mu maguru, mu maboko no mu ijosi rye.
Umugabo w’imyaka 56...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yageze i Gandhinagar mu gihugu cy’ u Buhinde kuri uyu wa mbere tariki ya 9 Mutarama 2017 aho agiye kwitabira inama ya munani yitwa Vibrant Gujarat Global Summit...
Perezida William Ruto wa Kenya yazamuye Charles Muriu Kahariri ku ipeti rya jenerali anamugira umugaba w’ingabo za Kenya, asimbura uwapfuye mu kwezi gushize mu mpanuka ya kajugujugu ya...
Ushingiye ku byari mu itangazo ry’umuhesha w’inkiko umunyamategeko Vedaste Habimana rihamagarira ababishoboye kugura kuri make umutungo wo kwa Nyakwigendera Assinapol Rwigara, rigaragaza ko gusura...
Minisitiri w’intebe wa Ukraine yabwiye BBC ko hazaba "intambara ya gatatu y’isi" niba Ukraine itsinzwe n’Uburusiya mu ntambara barimo kurwana, ashishikariza inteko ishingamategeko y’Amerika kwemeza...
Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC/CPI) rwasohoye impapuro zo guta muri yombi ba komanda bo ku rwego rwo hejuru mu ngabo z’Uburusiya baregwa gukora ibyaha byo mu ntambara muri...
Uwahoze ari icyamamare muri Premier League, Asamoah Gyan, yategetswe guha uwahoze ari umugore we amazu abiri n’imodoka ebyiri - nyuma y’aho urukiko rwemeje ko ariwe wabyaye abana batatu...
Igisirikara cya Afurika y’Epfo cyahamagaje mu gihugu abasirikare bacyo umunani bashinjwa imyifatire mibi yo kujya mu buraya mu butumwa barimo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya...
Perezida w’Ubushinwa yaherukaga ku mugabane wa Africa mu myaka itanu ishize, yageze muri Africa y’Epfo aho yitabiriye inama y’ibihugu bikataje mu iterambere byishyize hamwe mu itsinda ryitwa...
Perezida Kagame yabwiye ingabo z’u Rwanda ko zitabereyeho guteza intambara ahubwo zibereyeho kurinda amahoro yaba mu Rwanda no hirya no hino ku isi aho...
Ku nshuro ya kane yari ikozwe n’igisirikare cy’u Rwanda, iyi myitozo isozwa n’imyiyereko iba yitabiriwe n’abakuru b’ingabo ndetse n’umugaba wazo w’ikirenga ari we perezida wa Repubulika, yaherukaga kuba...