Inkuru itari nshya mu matwi ya bamwe ni uko hari umukobwa w’ imyaka 10 wo mu gihugu cy’ Ubuhinde wari utwite. Kuri uyu wa 17 Kanama nibwo humvikanye inkuru nziza ko uyu mwana yibarutse umwana w’...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 3 Kanama mu bihugu bitandukanye by’ amahanga Abanyarwanda bazindukiye mu gikorwa cyo gutora Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda.
Abanyarwanda baba mu Bushinwa batoreye...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda azitabira Ubutumire bw’igihugu cy’Ubuhinde guhera ku wa 09-12 Mutarama 2017. Biteganyijwe ko perezida Kagame azajyana n’itsinda ry’abarwiyemezamirimo bo mu Rwanda ku...
Umuceri ni ikiribwa gifite inkomoko mu bihugu byo muri Aziya nk’Ubushinwa n’Ubuhinde, kuri ubu kikaba cyarabaye ifunguro rikundwa na benshi mu batuye isi.
Abapolisi bo muri leta ya Assam mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bw’Ubuhinde basabwe kugabanya ibiro mu mezi macyeya ari imbere, bitaba ibyo bakava muri...
Umukinnyi wa Filim ku Rwego rw’Isi ukomoka mu Ubuhinde wamamaye nka Prianka Chopra mu ma film menshi atandukanye haba muri Bollywood yo mu buhinde ndetse na Hollywood yo muri Leta zunze ubumwe...
Ubwongereza, Amerika na Australia byatangaje ko byagiranye amasezerano yihariye yo mu rwego rw’umutekano yo gusaraganya ikoranabuhanga rigezweho mu bya gisirikare, mu muhate wo guhangana...
Mu gihugu cy’Ubuhinde haravugwa inkuru ibabaje ariko inatangaje aho umugeni yapfuye ku munsi w’ubukwe hanyuma umugabo we akanga guheranwa n’agahinda niko gushyingiranwa na murumuna...
Bamwe mu bakora umwuga w’uburaya mu gihugu cy’Ubuhinde mu mujyi wa i Delhi baratangaza ko babayeho nabi ndetse ngo hatagize igikorwa byihuse bamwe aho kwicwa n’inzara baratangira...
Mu bitaro byitwa Godhra Civil Hospital byo mu gihugu cy’Ubuhinde haravugwa inkuru ibabaje y’umubyeyi wabyaye abana b’impanga ariko umwe muri bo agatwarwa n’imbwa yo ku gasozi yaciye mu rihumye...
Umwana w’umukobwa ukivuka birakekwa ko yahambwe ari muzima muri leta ya Uttar Pradesh mu majyaruguru y’Ubuhinde, yavanywe mu mva n’umuntu wari uje nawe gushyingura...
Inkubi y’umuyaga uturutse mu Nyanja y’Ubuhinde biravugwa ko igeze muri Tanzania yerekeza mu Rwanda aho uyu muyaga mu gihe gito ushobora kugaragara mu duce dutandukanye...
Umusore w’imyaka 24 ukomoka mu gace kitwa Tamil Nadu mu majyepfo y’ubuhinde yakoze agashya ashyingiranwa n’umurambo w’umukunzi we,awambika impeta ndetse awusezeranya ko atazigera ashaka undi...