Chelsea yemeye amasezerano yo kugurwa kuri miliyari 4.25 z’amapawundi (miliyari 5.2 z’amadolari y’Amerika) n’itsinda riyobowe na Todd Boehly, umwe muri ba nyir’ikipe ya LA Dodgers y’umukino wa...
Ibisasu biremereye byaramutse biraraswa ku murwa mukuru Kyiv none kuwa kabiri.
Bimaze kuba akamenyero muri iyi ntambara ko kare kare mu gitondo abarusiya barasa ibisasu ku mijyi itandukanye...
Kuri uyu wa kane, guverinoma ya U.K yafatiriye imitungo wa nyir’ikipe y’umupira w’amaguru ya Chelsea, Roman Abramovich ukomoka mu gihugu cy’Uburusiyakubera ubushuti bukomeye afitanye na Perezida...
Mu ijambo yagejeje ku Nteko y’Ubumwe bw’Uburayi, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yasabye ko igihugu cye kigirwa ikinyamuryango, akaba yavuze ko ubu umuntu wese uri muri Ukraine yiteguye...
Minisitiri w’ingabo w’Ubufaransa Florence Parly yaburiye Mali kwirinda kugirana amasezerano na kompanyi icunga umutekano yo mu Burusiya.
Hashize igihe hari amakuru yuko abasirikare bari ku...
Umusirikare w’umunyarwanda uri mu butumwa bw’amahoro bwa UN muri Centrafrique yiciwe mu mirwano hagati y’inyeshyamba n’ingabo za leta zifatanyije n’iza UN hafi y’umurwa mukuru Bangui, nk’uko bitangazwa...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 22 Ugushyingo 2020,Covid-19 yahitanye umugabo w’imyaka 32 wo mu mujyi wa Kigali aba umuntu wa 47 ihitanye mu...
Abasirikare ba Turukiya bahanuye indege ya 3 y’intambara y’ingabo za Siriya mu ntara ya Idlib kuri uyu wa kabiri nyuma y’ubushyamirane buri hagati y’ingabo z’ibi...
Mu ruzinduko yagiriye i Nagasaki mu Buyapani muri weekend, umushumba wa kiliziya gatolika ku isi yasabye akomeje ko intwaro kirimbuzi zirandurwa ku isi.
Urikiko Mpuzamahanga International Criminal for Justice rwategetse Leta zunze ubumwe Amerika Koroshya ibihano yafatiye igihugu cya Iran nyuma yo kwikura mu masezerano yo guhashya intwaro...
Ikipe ya Espagne n’iya Portugal zinaniwe gutsinda imikino yazo ya nyuma ndetse zinganya ku kaburembe nubwo zibashije kugera mu mikino ya 1/16 cy’irangiza cy’igikombe...
Benshi mu batuye isi bahanze amaso imikino y’igikombe cy’isi ibura iminsi 3igatangira mu Burusiya aho ibihugu 32 bigabanyije mu matsinda 4 bizesurana muri iki gihe cy’ukwezi dore ko iki gikombe...
Ku wa Kane w’iki Cyumweru nibwo gafotozi w’Umurusiya yashyize hanze amafoto agaragaza ubwiza bw’inzu perezida Kim Jong Un wa Koreya ya Ruguru ufatwa nk’umunyagitugu atuyemo mu mugi wa...