Igisirikare cya Israel cyabwiye Umuryango w’Abibumbye (ONU/UN) ko buri muntu wese uba mu majyaruguru y’agace ka Wadi Gaza akwiye kwimukira mu majyepfo ya Gaza mu gihe kitarenze amasaha 24 ari...
Mu gihe ibiciro cy’ibiribwa mu bihugu bitandukanye bikomeje kuba hejuru,u Rwanda rwaje ku mwanya wa gatatu ku isi mu kugira ibiciro by’ibiribwa biri hejuru...
Perezida wa Iran witwa Ebrahim Raisi avuga ko ibyo Israel iri gukorera muri Gaza ari ukurenga umurongo utukura kandi ko bizatuma Iran yinjira muri iyi Ntambara Israel iri kurwana na...
Ikipe ya Chelsea yongeye kuvugwaho ibyo gufatirwa ibihano aho kuri iyi nshuro havugwa ko ishobora gukurwaho amanota nyuma y’uko bivugwa ko hari ubwishyu yatanze mu ibanga rikomeye ubwo yari ifitwe...
Ukraine kuri uyu wa kane yavuze ko ishaka ko inzira inyuzamo ibyo igemura mu mahanga, biciye muri Polonye, zifungurwa mbere y’uko igirana ibiganiro na Polonye na komisiyo y’uburayi, hagamijwe...
USA zarashe ku bikorwa 85 bya Iran biri muri Syria na Irak mu rwego rwo kwihimura nyuma y’ibitero bya drones byagabwe ku cyumweru ku birindiro by’ingabo za USA bikica abasirikare bazo...
Igihugu cya RDC cyongeye gusabira ibihano u Rwanda mu nama y’ibihugu bigize akanama ka ONU gashinzwe umutekano ku isi yateranye kuwa gatatu,tariki ya 27 Werurwe...
Inteko y’Umuryango w’Abibumye ishinzwe umutekano kw’isi yari yateranye kuri uyu wa kane, itora umwanzuro wari ushyigikiwe n’ibihugu byinshi, wo kwemerera Palestina kuba umunyamuryango wa...
Ukraine yategetse ambasade zayo mu mahanga guhagarika gukomeza gutanga pasiporo ku basore n’abagabo bageze mu myaka yo gukora igisirikali, baba mu mahanga.
Kuri uyu wa kabiri, Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko u Rwanda rugomba guhagarika gushyigikira inyeshyamba za M23 mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo...