Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 Ukwakira 2020,Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko Covid-19 yahitanye umubyeyi w’imyaka 88 wo mu karere ka Kirehe bituma aba umuntu wa 35 uhitanwe n’iki cyorezo mu...
Umubyeyi wa rutahizamu Cristiano Ronaldo witwa Dolores Aveiro arifuza ko umuhungu we yava mu ikipe ya Juventus akerekeza muri Sporting Lisbon yamuzamuye yarangiza ikamugurisha muri Manchester...
Umuhanzi Juno Kizigenza uri muhanzi bagezweho kandi bakunzwe yatangaje ko yatangiye amasomo ye muri Kaminuza nyuma y’aho umubyeyi we amubwiye ko guceza ntaho...
Furaha umubyeyi wa Nshuti Divine Muheto wabaye Miss Rwanda 2022 yavuze uko yakiriye ikamba ry’umwana we anakomeza kubuzima bwe kuva ari umwanakugeza ubu.
Umuhanzi Danny Vumbi yahishuye ko umubyeyi we yari yaramusaye guhagarika kuririmba indirimbo zirimo urupfu aboneraho no kuvuga icyahitanye umubyeyi we benshi bitiranyije...
Umubyeyi wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakatiwe igifungo cya burundu kubera urupfu rw’umwana we w’amezi 18, wazize imirire mibi yatewe no kugaburirwa imbuto n’imboga...
Khadija Kopa wahoze ari umuhanzikazi akaba n’umubyeyi wa Zuchu yavuze k’umubano uri hagati y’umukobwa we Zuchu na Diamond Platnumz umubereye umuyobozi mu muziki...
Nyma y’aamezi abiri umuhanzi Yvan Buravan wari umaze kwigarurira imitima ya benshi umubyeyi we ari we se umubyara yamuvuze ibigwi yifashishije umuvugo...
Mbonimpa John w’imyaka 65 wari umubyeyi w’Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben ndetse n’Umuraperi Green P, yitabye Imana mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu.
Umuririmbyi w’umunyempano Maniraruta Martin wamamanye nka Mani Martin aracyashenguwe n’urupfu rw’umubyeyi we witabye Imana mu myaka yatambutse. Uyu muhanzi yavuze ko nubwo iminsi yahita ariko...
Umushyusharugamba akaba n’umunyamakururu Kayisirye Martin benshi bazi nka MC Tino ari mu gahinda gakomeye ko kubura umubyeyi we witabye Imana nyuma y’igihe yari amaze arwariye mu gihugu cya Uganda...
Hirya no hino mu mihanda hakomeje kugaragara abana bata imiryango bakajya kuba mu mihanda, Minisiteri y’ uburinganire n’ iterambere ry’ imiryango ivuga ko benshi muri abana bana ari bafite ababyeyi....