Kabuhariwe Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Juventus mu Butaliyani yatangaje ko ikintu gikomeye arusha mugenzi we Lionel Messi bamaze imyaka irenga 10 bahangana ari uko we yatwaye ibikombe bya...
Uwavuga ko The Mane iri mu nzu zifasha abahanzi zihagaze neza muri iki gihe ntiyaba abeshye, ni inzu ibarizwamo Safi Madiba, Marina ndetse na Queen Cha kandi utibagiwe na Jay Polly. Igitekerezo,...
Benshi mu bakunzi ba ruhago bemeje ko umukinnyi Luis Suarez ashobora kuba atuzuye mu mutwe kubera ibyo yaraye akoze mu mukino wahuje igihugu cye cya Uruguay na Chile,ubwo yateraga umupira mu...
Umukobwa witwa Angel Lace wari umaze ukwezi n’igice akundana na rutahizamu Micheal Sarpong wa Rayon Sports yavuze ko bahuriye ku mbuga nkoranyambaga amusaba ko bakundana ariko yarakajwe n’uko...
Umugore witwa Kinsey Wolanski w’imyaka 22 ukomoka mu Burusiya uherutse guca ibintu ku isi yose kubera ukuntu yaciye mu kibuga yambaye ubusa mu mukino wa nyuma wa UEFA Champions League uheruka...
Abafana babiri b’ikipe ya Arsenal baraye barwaniye mu I gari ya moshi mu nzira y’ahitwa Piccadilly ubwo bari bamaze kureba umukino wa nyuma wa UEFA Europa League, ikipe yabo yanyagiwemo na Chelsea...
Umugabo witwa Harerimana Emmanuel uzwi ku izina rya Gasimba wo mu Mujyi wa Kigali, ararira ayo kwarika nyuma y’uko APR FC itsinzwe na Muhanga FC, akirukanwa n’umugore we mu...
Ikipe ya AS Muhanga itunguye benshi mu bakunzi ba ruhago mu Rwanda,kuko yatsinze APR FC ibitego 2-1,mu mukino w’umunsi wa 28 wa shampiyona,ikoma mu nkokora urugendo rwayo rwo gushaka...
Hamisa Mobetto wahoze ari inshuti ikomeye ya Diamond Platnumz banabyaranye umwana, yagaragaje ko yihuje na Ali Kiba bituma benshi mu bakunzi ba Diamond bashinja uyu mukobwa...
Bamwe mu Barundi bababajwe n’inkuru yasakaye hose mu bitangazamakuru byabo ko Major Desire Uwamahoro yahawe inshingano zo kuyobora umutwe w’abapolisi kabuhariwe bashinzwe gutabara byihuse ndetse...
Umukinnyi Paul pogba yagaragaye ari gushwana na bamwe mu bafana ba Manchester United batishimiye imyitwarire ye ku mukino wa nyuma wa Premier League batsinzwemo na Cardiff aho basabye umutoza Ole...
Hashize ukwezi havugwa amakuru y’urukundo ruri hagati ya rutahizamu wa Rayon Sports, Umunya-Ghana Michael Sarpong, ndetse n’umuhanzikazi uririmba injyana ya Dancehall Mukasine Asinah abenshi bazi...
Umutoza wa Arsenal,Unai Emery yatangaje ko iyi kipe ikeneye ba rutahizamu batyaye ariyo mpamvu mu mpeshyi yifuza abakinnyi babiri, Ryan Fraser na Moussa...
Ubuhamya bukurikira ni ubwegeranyijwe hifashishijwe inyandiko y’ikinyamakuru The Guardian cyahaye umutwe ugira uti “ How being a footballer saved me from death in Rwanda genocide” yanditswe na Paul...
Umunya Brazil, Vinicius Jr ukina asatira mu ikipe ya Real Madrid yatumye benshi mu bakunzi ba ruhago,kubera amafoto agaragaza uburanga bw’umukobwa ukora kuri TV witwa Maria Julia...
Umuraperi Ermias Asghedom uzwi cyane ku izina rya Nipsey Hussle w’imyaka 33 yaraye yishwe, arasiwe mu mujyi wa Los Angeles n’abagizi ba nabi bamurashe amasasu menshi mu...
Umutoza wa Real Madrid yatumye benshi bacika ururondogoro nyuma yo gutangaza ko akunda cyane umwe mu bakinnyi ikipe ya Manchester United igenderaho Paul Pogba...
Ikipe ya Real Madrid iri guca amarenga ko iziyubaka bikomeye,yatangiye kurambagiza rutahizamu Kylian Mbappe Lotin wa PSG aho yifuza kumutangaho akayabo ka miliyoni 240 z’amapawundi ndetse...
Kuri iki Cyumweru taliki ya 24 Werurwe 2019 nibwo ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwagiranye inama ikomeye n’abayobozi b’amahuriro y’abafana aho bafashe ingamba zo kuzamura ikipe, zirimo gukorera...