Ku wa 13 Gicurasi, nibwo umuhanzikazi wo mu gihugu cya Uganda Juliana Kanyomozi yamenyesheje abamukurikirana ku mbuga nkoranyambaga ze zitandukanye ko yabyaye maze ibinyamakuru bitangira kwandika...
Kate Bashabe ni umwe mu banyarwandakazi kuri ubu bakurikirwa n’abantu benshi ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko kuri Instagram. Gukurikirwa kwa Kate Bashabe ahanini kugendeye ku mafoto agaragaza...
Kuri uyu wa Gatanutariki ya 09 Ukwakira 2020,Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko Covid-19 yahitanye umunyarwandakazi w’imyaka 41 wo mu mujyi wa Kigali aba umuntu wa 30 uhitanwe n’iki cyorezo mu...
Mu minsi ishize twagiye tubabwira inkuru zitandukanye zigaruka ku mubano wa Yolo The Queen n’umuhanzi Drake uri mu ba mbere bakomeye hano ku isi. Ibi akenshi byagaragariraga ku rubuga rwa...
Emmanuel Rugamba, umunyamerika ukomoka mu Rwanda, yasinye amasezerano yo gukina mu ikipe ya Cleveland Browns yo muri shampiyona ya NFL, nk’uko byemezwa n’ikipe ya kaminuza yakiniraga yitwa Miami...
Umuhanzi Ntakirutimana Felecien wamamaye nka 2T Reggae Man ari mu myiteguro yo kwerekeza muri Tanzania mu iserukiramuco rizabera I Zanzibar. Uyu muhanzi avuga ko abamutumiye babanje kumwigaho...
Umuryango w’uwitwa Uwizeyimana Vestine, utuye mu murenge wa Kanyinya ho mu karere ka Nyarugenge,mu kagari ka Nzove, uratabaza uvuga ko uyu mukobwa wabo yaburiwe irengero nyuma y’uko abeshywe...
Uwitonze Sonia Rolland wabaye Nyampinga w’Ubufaransa mu mwaka wa 2000 yatangiye gukurikiranwa n’ubutabera kubera impano y’inzu (Appartment) yahawe na na Omar Bongo wahoze ari Perezida wa Gabon muri...
Umunyarwandakazi w’imyaka 25,wari umaze kubaka izina ku isi mu kumurika imideli,Neema Jeannine Ngerero yasanzwe mu modoka yapfuye.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere, ku mbuga nkoranyambaga...
Umunyarwandakazi ari mu bantu 19 bazize impanuka y’indege ya kompanyi ya Precision Air yo muri Tanzaniya,kuri iki cyumweru,tariki ya 06 Ugushyingo 2023.
Hanifa Hamza w’imyaka 29...
Abarokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi ku Nyundo mu Karere ka Rubavu, bavuga ko nubwo imyaka 29 ishize jenoside ihagaritswe ariko ingengabitekerezo ya Jenoside ikigaragara muri bamwe na bamwe...
Bwa mbere mu mateka umukinnyi ufite inkomoko mu Rwanda agiye kugaragara muri shampiyona ya Basketball yo muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika NBA ikunzwe na benshi ku isi aho azakina mu ikipe ya New...
Nyuma yo gutandukana n’ikipe ya Yanga Africans umusore Haruna Niyonzima yamaze kumvikana na Simba SC yo muri Tanzania kuyikinira aho yaguzwe akayabo ka Miliyoni 72 z’amafaranga y’u Rwanda ahwanye...
Nakundaga umusore ariko we yifuza kunsambanya gusa. Nagerageje kumwangira ariko nzakunanirwa antera inda tuyikuramo none ndi kwicuza kuba naratakaje ubusugi
Mu mwaka wa 2011 nahuriye numuhungu...
Ngo kuri we kuba yarashyize amashusho agaragaza akora ibyo biteye isoni, ntabyicuza na gato kuko ajya kubishyira ku karubanda yari yabitekerejeho.
. Imyitwarire y’uwabaye igisonga cya 2 cya...