Kuri iki cyumweru.tariki ya 23/02/2020, mu gihugu cya Angola umusore yari yasohokanye n’umukobwa w’inshuti ye maze umukobwa amwanze ahita amukuramo inkweto yamuhaye nk’impano mu ruhame, yandurura...
Mu murenge wa Nkungu mu karere ka Rusizi haravugwa ikibazo cy’abakobwa bahangayikishijwe n’abasore babaca amafaranga y’umurengera kugirango babagire abagore mu gihe mu muco nyarwanda bimenyerewe ko...
Umugabo witwa Larry Paul McClure wo muri Leta ya Virginia avugwaho kubana mu nzu imwe n’umukobwa we, babana nk’umugabo n’umugore, nyuma y’aho umusore wakundanaga n’uyu mukobwa...
Abaturage batuye mu mirenge ya Busasamana na Rwabicuma mu karere ka Nyanza baravuga ko batewe impunge n’umusore utuye mu mudugudu wa Nyamiseke bavuga ko amaze gusambanya ihene zirenze eshatu...
Amwe mu makosa abasore bakunze gukora mu ntangiro z’urukundo bikaba byatuma umukobwa afata umwanzuro wo kubivamo mu gihe umusore we asigara yibaza icyabaye rimwe na rimwe agashakira amakosa aho...
Bakunze kuvuga ko Amaso akunda atabona neza, Nubwo ariko bimeze gutya hari abasore umukobwa aba akwiriye kwirinda mu rukundo cyane cyane uruganisha ku gushinga...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu umuhanzikazi Clarisse Karasira yatunguranye atangaza ko yambitswe impeta n’umusore wamutwaye umutima.Uretse kuvuga ko yemeye kuzamubera umwamikazi Clarisse...
Umukobwa w’uburanga yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gushyira hanze amafoto ye ari kwambikwa impeta y’umubano n’umusore bahuriye ku rubuga rwa Twitter bakahuhirira...
Umusore wakoraga akazo k’ubutekenisiye mu Karere ka Ngoma mu Murenge wa Kibungo arashinjwa gutera icyuma umukobwa bari inshuti amuziza ko yanze ko batera...
Mu murenge wa Gatsata, Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, haravugwa inkuru y’umugore witwa Ikirezi Shekira wishwe agasangwa mu nzu bivugwa ko yari yajyanwemo n’umusore bicyekwa ko...