Umugore uri mu kigero cy’imyaka 35 utifuje ko amazina ye atangazwa yatwandikiye yifuza inama z’abasomyi b’urubuga umuryango.rw aho afite ikibazo cyo kuba yaraciye inyuma umugabo we akaryamana...
Umugore uri mu kigero cy’imyaka 35 utifuje ko amazina ye atangazwa yatwandikiye yifuza inama z’abasomyi b’urubuga umuryango.rw aho afite ikibazo cyo kuba yaraciye inyuma umugabo we akaryamana...
Umurambo w’umuherwe wari mu ba mbere bafite amafaranga menshi muri Uganda, Ivan Ssemwanga wagejejwe i Kampala uvanywe muri Afurika y’Epfo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 28 Gicurasi 2017.
Ivan...
Umusore witwa Benjamin J. w’imyaka 32 wo mu gace ka Zeebruges mu gihugu cy’u Bubiligi yatawe muri yombi akekwaho kwica umukobwa w’Umunyarwandakazi w’imyaka 33 witwa Ingabire Joselyne wari inshuti ye,...
Umuhanzikazi Ariana Grande, uba muri Amerika yatangaje ko ashaka gusubira mu mujyi wa Mancherster mu Bwongereza, aho azaba agiye mu gikorwa cyo kwegeranya inkunga yo guha ababuze ababo mu gitero...
Umukecuru Anna Beukes wo mu gihugu cya Afurika y’Epfo, ku myaka ye 103 yahishuye ibanga ryamufashije kuramba iriya myaka yose ndetse kugeza kuri ubu akaba yumva agikomeye ntakibazo afite.
Uyu...
Supersexy abinyujije kuri Instagram yishyuriye itike y’igitaramo umwe mu bakobwa bo mu Rwanda wavuze ko amukunda kubera ko ariwe bateye kimwe mu Rwanda. Kuri uyu wa kabiri Taliki ya 6 Ukwakira...
Hari ibintu byinshi umukobwa ashobora gukora atazi ko ari amakosa akomeye ashobora kuzamugiraho ingaruka zikomeye mu buzima bwe bwose zirimo no guhera ku ishyiga, akabura umugabo burundu...
Nyuma y’urupfu rw’umugabo mukuru wa Zari, Ssemwanga Ivan, uyu mugore yaje kugaragara ari mu bihe byiza n’undi mugabo utari Diamond bari mu mazi ndetse bamwe mu basesenguzi bakavuga ko uyu mugabo...
Mu gihe abantu batandukanye hari ibintu bafata nk’ubukunguzi, ubupfumu cyangwa uburwayi, nko kujya mu isanduku ittabara uri muzima, uyu musore we yaciye igikuba ku mbuga nkoranyambaga ubwo...
Ni bake bafite icyo bazi ku rukundo rw’umuhanzi The Ben ,ariko nyamara ubwo aheruka muri Afurika y’ Epfo mu kiganiro yagiranye n’imwe mu maradio yaho yagize icyo atangaza ku rukundo rwe no ku...
Umuraperi Hakizimana Murerwa Amani uri muri Gereza ya 1930 i Mageragere, aratangaza ko yababajwe bikomeye n’uburyo abakunzi be birirwa babaza amakuru ye nyamara bazi ko afunze bakaba batamusura....
Ruhumuriza James uzwi nka King James ku mazina y’ ubuhanzi ,ni umwe mu bahanzi bakomeye hano mu Rwanda bitewe n’ indirimbo ze zagiye zikundwa ziganjemo iz’urukundo hakiyongeraho n’ ibitaramo...
Muri 2014 ni bwo Tom Close n’umugore we Niyonshuti Ange Tricia bibarutse imfura yabo. Nyuma y’imyaka itatu ishize uyu muryango wungutse imfura yabo,kuri ubu yaba Tom Close ndetse n’umugore we...
Yaratangiye ati :” ntuye mu gace k’abakire bo mu mujyi wa Abidja, ntihagire uncira urubanza kuko nzi neza ko ibyo nakoze bitabaho kandi ko nta mahoro bitanga, nanjye ubwanjye niciriye urubanza “....