Mu gitondo cyo kuri uyu wa 14 Kamena 2018, Safi Madiba yanditse ubutumwa kuri instagram ye buri mu rurimi rw’icyongereza gikocamye ako kanya ahita akosorerwa mu ruhame na Uwase Honorine amubwira...
Myugariro wa APR FC Manishimwe Emmanuel uzwi nka Mangwende amaze imyaka igera kuri 2 akundana na Uwase Claudio, umuyobozi wa Fan Club Intare za APR FC ndetse biravugwa ko bazarushinga mu mpera...
Umukobwa witwa Umurungi Sandrine wasezerewe ku nshuro ya 3 mu mwiherero wa Miss Rwanda 2019 yahakanye yivuye inyuma amakuru amaze iminsi ahwihwiswa na benshi ko umukobwa witwa Uwase Muyango...
Vanessa Uwase wabaye igisonga cya Miss Kundwa Doriane, Miss Rwanda 2015, yagize icyo atangaza ku gutsindwa kwa Mwiseneza Josiane ndetse anagenera ubutumwa abafana be bifuzaga ko ahabwa ikamba ku...
Myugariro wo ku ruhande rw’ibumoso muri APR FC n’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Emmanuel Imanishimwe uzwi ku izina rya ‘Mangwende’ n’umukunzi we Uwase Claudio bibarutse umuhungu kuri uyu wa mbere tariki ya...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa wa Mbere tariki ya 16 Ukuboza, nibwo Uwase Muyango Claudine wamamaye muri Miss Rwanda 2019,akaba n’umukunzi w’umunyezamu wa Rayon Sports,Kimenyi Yves yasesekaye ku kibuga...
Iri joro tariki 21/05/2021 kuva saa 19:00 kugeza 21:00 twiteguye gutwika ku mbugankoranyambaga zacu aho turaba turi kumwe n’umwe mubakobwa bakunzwe cyane ariwe Miss Uwase Raissa Vanessa afatanyije...
Umunyezamu wa Kiyovu Sports n’ikipe y’igihugu "Amavubi",Kimenyi Yves ari mu byishimo byinshi byo kuba we n’umukunzi we Uwase Muyango Claudine baheuka kwibaruka umwana wabo...
Byiringiro Lague ukinira APR FC n’ikipe y’igihugu avuga ko bwa mbere abona Uwase Kelia wamaze kuba umugore we mu mategeko , yamubonye ku mafoto yiha umukoro wo kumushakisha , kegeza ho amubera...
Miss Muyango Claudine Uwase yongeye gutera imitoma umukunzi we Kimenyi Yves ku isabukuru ye mu kumushimira avuga ko yamubereye byose yari akeneye muri iyi...
Uwase Muyango Claudine witabiriye irushanwa rya nyampinga w’u Rwanda 2019 na Kimenyi Yves usanzwe ari umunyezamu wa ekipe y’Igihugu Amavubi na AS Kigali basezeranye imbere...
Umutoni Uwase Belinda umwe mu bakobwa bahataniye ikamba rya Nyampinga w u Rwanda 2017 yibarutse impanga nyuma y’amezi agera kuri ane arushinganye na Gakire Theos nyiri Select Kalaos.
Ku wa...
Umukinnyi w’ikipe y’igihugu yo gusiganwa ku magare ndetse na Benediction Club y’I Rubavu,Nsengimana Jean Bosco yashyingiranywe na Niyireba Uwase Jeannette mu bukwe bwabaye ku munsi w’ejo taliki ya...