Amakuru aravuga ko ikipe ya Manchester United yaba ishaka gutira rutahizamu wa Burnley,Umuholandi Wout Weghorst.
Uyu mugabo w’imyaka 30,watijwe mu ikipe ya Besiktas yo muri Turkia n’umwe mu...
Abakunzi ba ruhago by’umwihariko abakurikirana FA Cup bacitse ururondogoro kubera igitego Wolves yatsinze ndetse cyari kuyihesha intsinzi imbere ya Liverpool kikangwa havugwa ko habayemo kurarira...
Kuva mu mwaka wa 2017 kugeza muri 2018 byaragoranaga ko igitaramo kirimo umuhanzi w’igitsina gabo wa hano mu Rwanda kirangira nta mukobwa uguye igihumure cyangwa akarira yifuza guhura, kuvugana...
Nyuma y’imikino myinshi ikipe ya Manchester United itsindwa mu buryo bugayitse na Manchester City,kuri uyu wa 14 Mutarama 2023 ibintu byahindutse United iyitsinda ibitego 2-1 birimo icya mbere...
John Legend na Chrissy Teigen bari mu byishimo byinshi byo kwibaruka umwana wa gatatu nyuma y’imyaka ibiri bagize ibyago ubwo inda y’umwana bari batwite wa gatatu...
Umwongereza Sir Jim Ratcliffe,urusha abandi bose ubukungu mu Bwongereza yatangaje ko yinjiye mu rugamba rwo guhatanira kugura ikipe ya Manchester United isanzwe ifitwe n’abanyamerika.
Iyi kipe...
Kizigenza Cristiano Ronaldo utaherukaga mu kibuga,yatowe nk’umukinnyi w’umukino ubwo ikipe yari ayoboye ya Riyadh All-Star yatsindwaga na PSG ibitego 5-4.
Uyu mukino wa gicuti wabereye ku kibuga...
Akadege katagira umupilote kahagaritse umukino wa Premier League wahuzaga Southampton na Aston Villa.
Aka kadege kinjiye muri stade ya Saint Mary’s gatuma umusifuzi ahagarika umukino ubwo wari...
Perezida wa Gasogi United FC, Kakoza Nkuliza Charles [KNC], yavuze ko Kyovu Sports igikomeye yakora ku ikipe ye ari ukunganya ndetse ko iciriritse cyane kuba yumva ko bayibye nyamara imaze imyaka...
Ikipe ya Manchester United yatangajwe nk’ikipe ihenze kurusha izindi zose muri Premier League nyuma y’ubushakashatsi bwakoze na Sportico.
Iyi yavuze ko iyi kipe ya United yazamuriwe agaciro...
Igitaramo cya Demarco cyabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa 28 Mutarama 2023,cyitabiriwe n’abantu mbarwa muri Kigali Arena..
Muri iyi nyubako ya BK Arena isanzwe ijyamo ibihumbi 10, hari harimo...
Myugariro wa Liverpool uri mu bitwaye neza cyane mu myaka isaga 5 ishize,Andy Robertson,yavuze ko iyi kipe yabo iterekeza aheza nyuma yo gusezererwa na Brighton muri FA Cup ibatsinze ibitego 2-1....
Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA,ryijeje ubutabera aba Rayon bababajwe n’igitego cyanzwe mu mukino iyi kipe yanganyijemo na Mukura Victory Sports igitego 1-1.
Uyu mukino...
Ikipe y’Igihugu ya Senegal ni yo yegukanye Igikombe cya Shampiyona Nyafurika ihuza abakinnyi bakina mu bihugu byabo (CHAN 2022), itsinze Algérie penaliti 5-4 nyuma yo kunganya ubusa ku busa mu...
Umusifuzi Bwiriza Nonath umaze iminsi avumwa n’abafana ba Rayon Sports kubera kubatesha amanota ku mukino wa Mukura VS banganyije igitego 1-1,yafatiwe ibihano.
Amakuru aravuga ko Bwiriza Nonati...
Kapiteni w’ikipe ya Arsenal,Martin Odegaard,yavuze ko umutoza we Mikel Arteta ari umusazi kubera imishinga myinshi afite akenshi uwo ayibwiye aba yumva idashoboka.
Uyu munya Norway ukomeje...
Umunyezamu w’imyaka 25 witwa Arne Espeel yapfuye nyuma y’amasegonda akuyemo penaliti mu mukino ikipe ye ya Winkel Sport B yari ihanganyemo na Westrozebeke zo mu Bubiligi.
Ikipe y’uyu munyezamu...
Umunyabigwi wa Arsenal,Thierry Henry,yatangaje ko Bukayo Saka ashobora gufasha ikipe ye kwikura imbere ya Manchester City bahanganiye igikombe cya shampiyona.
Abafana ba Arsenal barahangayitse...
Ku wa Gatandatu tariki 18 Gashyantare 2023,nibwo Gasogi United izakira Rayon Sports mu mukino w’umunsi wa 20 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda.
Uyu mukino utegerejwe cyan, uzabera kuri...
Mu mukino w’umunsi wa 20 wa shampiyona,ikipe ya Rayon Sports yisubije icyubahiro itsinda Gasogi United ibitego 2-1 mu mukino wabereye mu Bugesera.
Nyuma y’amagambo yuzuyemo gupfobya ubushobozi...
Ikipe ya Liverpool isa n’iyasezerewe muri Champions League uyu mwaka nyuma yo gusangwa ku kibuga cyayo Anfield ikanyagirwa bikabije na Real Madrid yayitsinze ibitego 5-2.
Nubwo izwiho gukora...
Umuhanzi Jose Chameleons uri mu bakunzwe muri Uganda ndetse no muri Africa muri rusange arasabwa gusaba imbabazi umumotari aheritse gukubita kugira ngo igitaramo cye kigende...
Umukinnyi ngenderwaho wa Manchester United, Casemiro,yakoze benshi ku mutima ndetse bamwe baramushimira kubera ukuntu yirinze gusubira mu makosa aheruka gukora akamuhesha ikarita itukura....
Ikizungerezi gicuruza amafoto y’urukozasoni ku rubuga OnlyFans cyahishuye ko ikipe gifana ya Napoli nitwara igikombe cya Champions League uyu mwaka kizazenguruka umujyi cyambaye ubusa.
Uyu...
Umutoza Graham Potter wa Chelsea yashimangiye ko amaze iminsi yakira ubutumwa bubi cyane bw’abafana ba Chelsea ariko hari ubwamubabaje cyane.
Uyu yavuze ko yakiriye ibitutsi by’umwe mu bafana...
Myugariro ukomeye wa Manchester United ukomoka muri Argentina,Lisandro Martinez yiyemeje kwica abakinnyi ba Newcastle baraba bahanganye kuri iki cyumweru,kugira ngo aheshe ikipe ye igikombe cya...