Kuri iki cyumweru Taliki ya 27 Kanama nibwo ikipe ya Liverpool yanyagiye Arsenal ibitego 4-0 mu mukino wabereye ku kibuga cya Anfield . Nyuma yo gutsindwa n’ikipe ya Stoke city mu cyumweru...
Guhera ku wa gatanu taliki ya 25 Kanama 2017 nibwo ikipe ya Rayon Sports yerekeje mu ntara y’amajyepfo mu mwiherero wari wateguwe n’itsinda ry’abafana bay obo muri iyi ntara Les Bleus du Sud aho...
Ikipe ya Rayon Sports yananiwe kwikura imbere y’amagaju ku mukino wa kabiri wa gicuti yakinaga kuri uyu wa gatandatu taliki ya 26 Kanama 2017 mu mwiherero iri kugirira mu ntara y’Aamajyepfo aho...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi olivier yatangaje ko abona ubusatirizi bwe buryana ndetse atangaza ko yishimiye uko ikipe ye yubatse ku bijyanye no gutsinda ibitego nyuma yo kunyagira AS...
Umuririmbyi Phionah Mbabazi wamamaye ubwo yari mu irushanwa rya Tusker Project, aherutse gutangaza ko urukundo yagiranye n’umuhanzi mugenzi we, Mico The Best rwari rugamije kuvugwa cyane mu gihe...
Mukasine Asinah uharawe cyane mu njyana ya Dancehall yatangaje ko afite umukunzi mushya nyuma y’igihe kigera ku myaka ibiri ashwanye na Gatsinzi Emery [Riderman] bari bamaranye imyaka umunani mu...
Ikipe ya Kiyovu Sports yarahiriye kwegukana kimwe mu bikombe bikinirwa mu Rwanda uyu mwaka nyuma yo kurokoka kumanuka mu cyiciro cya kabiri .
Ibi abakinnyi b’iyi kipe babitangaje nyuma...
Ibyo byabaye mu ijoro ryo ku wa gatanu tariki ya 18 Kanama 2017, mu gitaramo cyiswe “Intsinzi Concert” cyabereye kuri Petit Stade i Remera.
The Ben ubwo yahuraga n’uwo mukobwa ari...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA rimaze gutangaza abakinnyi 24 bazatoranywamo uwahize abandi mu mwaka w’imikino ushize, urutonde rwiganjemo abakinnyi b’ikipe ya Real Madrid ....
Umunya Nigeria Aliko Dangote umuherwe wa mbere muri Afurika umaze igihe yifuza kugura ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza aho muri iyi minsi yongeye kubyutsa icyifuzo cye, yavuze ko ikintu cya...
Umusore Sugira Ernest uherutse gusinyira ikipe ya APR FC amasezerano y’umwaka umwe yatangaje impamvu nyamukuru yamuteye gutandukana n’ikipe ya AS Vita Club yamuguze akayabo ka miliyoni ijana...
Kuri iki Cyumweru taliki ya 13 Kanama nibwo hari hateganyijwe umukino ubanza wa Super cup yo muri Espagne umukino wahuje Real Madrid yatwaye shampiyona na Barcelona yatwaye igikombe cy’umwami...
Umuhanzikazi Phiona Mbabazi wamamaye ubwo yari mu irushanwa rya Tusker Project, yavuze ko nta rukundo yigeze agirana n’umuhanzi Mico The Best nk’uko byakunze kuvugwa, ngo ni umupangu bakoze kugira...
Mugisha Benjamin wamamye nka The Ben ku nshuro ya kabiri agiye kugaruka mu Rwanda mu gitaramo gikomeye yatumiwemo cyo kwita ibyana by’ingagi amazina. Biteganyijwe ko kwinjira ku muntu umwe ari...
Umunya Mali ukinira ikipe ya Rayon Sports Tidiane Kone aratangaza ko yiteguye gutsinda ibitego byinshi kugira ngo iyi kipe yitware neza mu mikino iteganyijwe mu mwaka w’imikino utaha.
Uyu musore...
Kuri uyu wa gatanu ku italiki ya 11 Kanama 2017 nibwo haza gutangira shampiyona y’Ubwongereza Premier League 2017-2018 ikunzwe na benshi ku isi aho igiye gukinwa ku nshuro ya 25. Iyi shampiyona...
Mu ijoro ryakeye ku italiki ya 08 Kanama nibwo hakinwaga umunsi wa 5 muri shampiyona y’isi iri kubera mu mugi wa London mu Bwongereza aho icyari cyitezwe na benshi ari uguhangana kw’abasore 2...
Kuri uyu munsi taliki ya 08 Kanama 2017 nibwo ikipe ya Rayon Sports yahuraga na Simba SC mu mukino waberaga muri Tanzania kuri Uwanja wa Taifa mu mugi wa Dar es Salaam ndetse wateguwe nayo mu...
Ikipe y’ u Rwanda Amavubi yatsinze Sudan ibitego 2-1, mu mukino wa gicuti wabaye kuri uyu wa Mbere taliki ya 07 Kanama kuri stade ya Kigali I Nyamirambo.
Uyu mukino amakipe yombi yawuteguye mu...
Umuririmbyi Muneza Christopher wamamaye nka Christopher muri muzika nyarwanda yahakanye yivuye inyuma ifoto yari imaze iminsi izengurutswa ku mbuga nkoranyambaga yamenyeshaga ibyerekeye ubukwe...
Umunyezamu wa kabiri w’ikipe ya Rayon Sports Mutuyimana Evariste aratangaza ko yiteguye gukora cyane mu mwaka w’imikino utaha kugira ngo yigaranzure Ndayishimiye Eric Bakame wamutwaye umwanya...
Abahanzi nyarwanda barimo Bruce Melodie, Charly& Nina na Active nibo byamaze kwemezwa ko bazahurira ku rubyiniro rumwe na Runtown, Sheebah Karungi ndetse na Allan Toniks mu gitaramo...
Umukinnyi Neymar Jr de Santos w’imyaka 25 yamaze kumvikana na Paris Saint Germain kuyisinyira amasezerano y’imyaka 5 nyuma yo kwerekeza muri iyi kipe aguzwe akayabo ka miliyoni 222 z’amayero ku...
Mu mpera z’iki cyumweru dusoje, mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, ni bwo itsinda rimenyerewe cyane mu muziki wa hano mu Rwanda ryataramiye abakunzi baryo n’abandi benshi bari bataramiye mu tubyiniro 2:...