Patrick Nnaemeka Okorie wamamaye mu muziki nka Patoranking yahishuye ko hari indirimbo yakoranye na Ngabo Medart Jobert umaze kwamamara nka Meddy mu muziki.
Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni, yishimiye insinzi ya Esther na Ezekiel begukanye irushanwa rya East Africa’s Got Talent ryabaga ku nshuri yaryo ya Mbere aho ryaberaga mu gihugu cya...
Irushanwa rya East Africa’s Got ryahuzaga abanyempano bo mu bihugu bine birimo Rwanda,Uganda , Kenya na Tanzania ryaberaga muri Kenya ryegukanywe n’abavandimwe Esther Mutesasira na Ezekiel...
Shyaka Jean Luc w’imyaka 21 uririmba mu buryo bwa ‘Opera’ yabaye umunyarwanda wa mbere wasezerewe mu irushanwa rya East Africa’s Got Talent biteza impanka mu bagize akanama nkemurampaka bose bitana...
Umutoza wa Rayon Sports, Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo bita Robertinho yamaze gutandukana na Rayon Sports ndetse agiye kwisubirira iwabo muri Brazil nyuma yo kwimwa amasezerano kandi...
Uwahoze atoza ikipe ya Rayon Sports umubirigi Ivan Jacky Minnaert yasabye imbabazi abafana ba Rayon Sports kubera akayabo yacishije ikipe yabo gusa ababwira ko bamwe mu bayobozi bayo bita ku...
Inzego z’ubutasi muri leta zunze ubumwe za Amerika, zakiriye amakuru y’uko Hamza, umuhungu wa Osama Bin Laden washinze umutwe w’iterabwoba wa Al-Qaeda yitabye Imana; nk’uko byatangajwe na NBC kuri...
Umutoza wa Rayon Sports Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo uzwi nka Robertinho yaraye yongereye amasezerano y’umwaka umwe mu ikipe ya Rayon Sports aho yahise yongererwa amadolari ya USA, 500 ku...
Nyuma yo gutangaza ko imikino yose ya ¼ cya CECAFA Kagame Cup izakinirwa kuri stade ya Kigali I Nyamirambo,ibiciro byo kwinjira ku mikino byamaze gushyirwa hanze aho itike ya make yashyizwe kuri...
Taylor Alison Swift uri mu bahanzikazi bubashywe muri Amerika, niwe waje ku isonga ku rutonde rw’ibyamamare muri rusange byinjije agatubutse mu mezi 12 ashize. Ibyamamare muri ruhago, Messi na...
Rutahizamu wa Rayon Sports,Micheal Sarpong utashyizwe ku rutonde rw’abakinnyi Rayon Sports izakoresha mu mikino ya CECAFA Kagame Cup,yamaze kwerekeza mu ikipe ya Orlando Pirates gukora ikizamini...
Ni kenshi abantu bahunga ubutaka bari batuyeho bitewe n’ubuzima babayemo mu rwego rwo kurokora ubwo barimo, ubu ,Igikomangoma (princesse) Haya Bint al-Hussein, umugore wa Cheikh Mohammed Al...
Umukinnyi wa Filime nyarwanda D’Amour Selemani yavuze ko abamushinja kuryoha mu mafaranga yahawe n’abagiraneza ngo ajye kwivuza ari ibihuha bari gukwirakwiza bidafite aho bihuriye...
Hari amakuru yemeza ko ikompanyi yitwa Crystal Event yari yatumiye Meddy mu bitaramo yari gukorera i Burundi bagiye kumujyana mu nkiko kubera ko bamwishyuje amafaranga bari bamuhaye...
Uretse indege buri mu perezida wa Amerika wese agendamo ya Air Force One, buri muperezida agira imodoka yihariye agendamo. Buri modoka Perezida wa Amerika uba ukiyobora agendamo bayita Cadillac...
Umukuru w’abakozi (Chief of staff) ba perezida Felix Tshisekedi,Vital Kamerhe,yashyingiranywe na Amida Shatur wagacishijeho mu rukundo n’icyamamare mu muziki, JB Mpiana, mu bukwe bwavugishije...
Sintex yatangarije ikinyamakuru UMURYANGO ko yategeye yishyuriye imodoka iri VIP umukobwa imutwara ikamuvana mu gihugu cya Kenya aje kugaragara mu mashusho y’indirimbo ye igikorwa cyakozwe...
Ikipe ya Rayon Sports iri mu gahinda kenshi yatewe na CAF yayiciye akayabo k’ibihumbi 160 by’amadolari y’Amerika kubera kunanirwa kubona televiziyo yo kwerekana imikino y’amatsinda ndetse na ¼ cya...