Kamanda Sheilla ni umwe mu barokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi i Nyawera mu cyahoze ari Komine Rukara ubu akaba ari mu Karere ka Kayonza, yanyuze mu nzira itoroshye aho yatwikiwe mu nzu ariko...
Ku basobanukiwe iby’urukundo bavugaga ko urukundo ari indwara nk’izindi zose kandi ishobora kwangiza ubuzima bw’umuntu, hari bimwe mu bibazo bishobora gutera umuntu kurwara indwara yo gukunda...
Perezida Kagame yashyimiye abanyamuryango ba FPR-INKOTANYI bongeye kumuhundagazaho amajwi avuga ko icyizere gikomeye bamugiriye kuva kera gituma yumva abafitiye umwenda.
Ibi yabivuze mu ijambo...
Perezida Paul Kagame yahishuye ko mu 2016, hari abanyamahanga b’ibyamamare baje mu Rwanda, bakamusezeranya ko azahabwa akazi mpuzamahanga naramuka atongeye kwiyamamaza mu 2017.
Umukuru w’Igihugu...
Pep Guardiola yashimangiye ko Manchester City idashobora guhora hejuru y’andi makipe mu Bwongereza kandi yemera ko Liverpool na Chelsea zishobora kuba amakipe akomeye byoroshye.
City na...
Ubukwe ni kimwe mu bintu umuntu yishimira ndetse uba usanga buri muntu mu buzima bwe ari umunsi ategerezanyije amatsiko gusa hari abo bidashimisha bitewe n’uburyo babuteguye cyangwe se bikababera...
Bijya bibaho ko umwe mu bashakanye wumva ko yakunze undi muntu kandi yari yaramaze guhitamo uwo bazabana. Biranashoboka ko urwo rukundo rwabo runakomeza akaba yasiga uwo bari barashakanye...
Gufata mu mutwe no kwibuka biri mu bintu by’ingenzi dukenera mu buzima bwa buri munsi. Ku bantu benshi, uko bagenda bakura ni uko ubushobozi bwo kwibuka no gufata mu mutwe bugenda bugabanuka,...
Nkuko bizwe amazi n’ingenzi ku buzima bwa muntu ariko hari igihe usanga hari abagorwa no kuyanywa kuburyo usanga bibuka kuyanywa mu gihe bafite inyota gusa. Hari bimwe mu biribwa ushobora...
Perezida Kagame yifashishije urugero rw’umubumbe w’Isi mu isanzure umeze nk’ururo mu ntoki,asaba abantu kwiyoroshya.
Ibi Perezida Kagame yabigarutseho ubwo we n’abandi bayobozi mu nzego zinyuranye...
Abakoresha imbuga nkoranyambaga baguye mu kantu nyuma yo kubona amashusho ya Zari Hassan n’umukunzi we Shakib Cham arusha imyaka 12 bari ku gituro cy’uwahoze ari umugabo we Ivan Semwanga witabye...