Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Abdallah Utumatwishima, yavuze ko abantu bari kwiga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ahandi bagomba guhora bazirikana ko u Rwanda rukeneye...
Buri mubyeyi wese aba afite inzozi zo kubona abana be bakura neza, haba mu gihagararo, mu bwenge no mu burere, ku buryo aba yiteguye gutanga ibishoboka byose kugira ngo...
Abantu benshi bakunze kugira ingeso yo kureba muri Telephone z’abakunzi babo bibwira ko hari icyo byatanga ku mubano wabo ariko hari impamvu zitandukanye zigaragaza ko umuntu adakwiye kureba muri...
Mu rukundo haba hakwiye kubaho kwitwararika no kumenya inshingsno za buri umwe ariko na none buri wese akiga mugenzi we kuburyo hatabaho kwikubira cyangwa se kubangama kubyo mugenzi wawe adakunda...
Hari ibimenyetso bisuzugurwa na benshi , bishobora kugaragaza ko ushobora kuba ufite indwara ya kanseri , nyamara ubyitayeho byatuma wivuza ,ukanayisuzumisha bityo amahirwe yo kuba wakira akaba...
Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro za Gen (Rtd) James Kabarebe uherutse kugirwa Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga na Francis Gatare...