Polisi y’u Rwanda yafashe imodoka 969 mu gihugu hose, zidafite icyemezo cy’ubugenzuzi bw’imiterere.
Imodoka nyinshi muri zo zingana na 353 zafatiwe mu Mujyi wa Kigali mu bikorwa by’iminsi ine,...
Ku Cyumweru tariki ya 20 Kamena 2021, Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abantu 26 bafashwe batwaye imodoka banyoye ibisindisha ndetse bamwe banarengeje isaha ya saa tatu yo kuba bageze aho...
Abantu barenga ibihumbi 250 bari bariyandikishije gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga ni bo batangiye gukora ibizamini byazo mu mezi abiri.
Ibi birareba abari barahawe kode zo kuva tariki...
Kuri uyu wa mbera tariki ya 20 Nzeri Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu 38 bafashwe batwaye ibinyabiziga banyoye ibisindisha. Bafashwe kuva tariki ya 14 Nzeli 2021 bafatirwa mu bice bitandukanye...
Uwitwa Muhayimana Samuel usanzwe ari umuvandimwe wa Miss Mwiseneza Josiane wamenyekanye mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019,amaze iminsi afunzwe aho ashinjwa gukoresha uruhushya rwo gutwara...
Umukinnyi Jordi Alba w’imyaka 30 yaciye ibintu hirya no hino ku isi kubera ukuntu kugeza kuri iyi myaka yose atarabasha kubona uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga bituma se umubyara buri gitondo...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 4 Mutarama Polisi yerekanye abantu 29 bafatiwe mu bikorwa bya Polisi byo kurwanya abatwara ibinyabiziga banyoye ibisindisha. Bafashwe hagati ya tariki ya 31 Ukuboza...
Umujyi wa Kigali uramenyesha abakoresha amasangano y’imihanda ya Kanogo ko bashobobora guhura n’ubucucike (Traffic Jam) bw’ibinyabiziga mu gihe aya masangano araba ari kwagurwa guhera uyu munsi...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 30 Ukuboza, Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abagabo batatu bafashwe na Polisi bakaga abaturage amafaranga babizeza ko bazabaha impushya zo...
Bamwe mu bafatirwa gutwara ibinyabiziga barengeje igipimo cy’umusemburo, bavuga ko baba batanasogongeye ku kinyobwa gisembuye ahubwo ko baba banyoye ku mutobe wongera imbaraga uzwi nka ‘energy’...
Mu mwaka utaha mu Mujyi wa Kigali hazatangira gukoreshwa ikoranabuhanga rifasha mu micungire y’ingendo zo mu mihanda rigatanga amakuru atuma hafatwa ingamba zifasha guhangana n’umubyigano...
Kuva mu cyumweru gitaha umuhanda uva kuri Rond Point nini yo mu Mujyi ukagera mu Gatsata unyuze Muhima-Nyabugogo, uzaba ufunzwe, ibinyabiziga byawukoreshaga byimurirwe mu yindi mihanda....
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa 21 Ukwakira 2018 yifatanye n’ abanyaKigali muri siporo rusange isigaye iba kabiri mu kwezi mu mihanda itarimo ibinyabiziga bya moteri. Ni ku nshuro ya...
Kuri uyu wa 20 Ukuboza 2019, mu Mujyi wa Kigali habereye umuhango wo kumurika ubwoko bw’imodoka bushya bukoresha amashanyarazi buje kuzuza intego u Rwanda rwihaye yo gukoresha ibinyabiziga...
Mu gihe hakomeje igikorwa cyo gushyira camera zigenzura umuvuduko w’ibinyabiziga ku muhanda, Polisi y’Igihugu yasabye abashoferi kudacunganwa nizo Camera ahubwo bagaharanira gukurikiza amategeko...
Umuraperi w’umuherwe Rick Ross ari mu byishimo byinshi by’uko yahawe uruhushya rumwemerera gutwara ibinyabiziga nyuma y’igihe kinini ntarwo agira. Rick Ross utunze imodoka zirenga 90 avuga ko...