Kuri uyu wa Mbere taliki 17 Ukuboza 2018, nibwo ibirori byo gutora Miss Universe mushya byabereye mu Mujyi wa Bangkok muri Thailand birangira umukobwa witwa Catriona Gray wo muri Philippines...
Umusore w’umunyarwanda, Eric Semuhungu wamenyekanye ubwo yasezeranaga kubana nk’umugore n’umugabo n’umuzungu bahuje igitsina witwa Ryan Hargrave nyuma akaza gupfa,kuri ubu biravugwa ko ari mu ndege...
Eric Semuhungu umunyarwanda uba muri Leta zunze ubumwe za Amerika wigeze gusezerana n’umuzungu bahuje igitsina nyuma akaza gupfa yageze mu mujyi wa Kigali yakirwa muburyo...
Umugore ukomoka mu Buhindi mu gace kitwa Dombivali,yatawe muri yombi na polisi nyuma yo gufatanya n’abagore 2 guca umugabo we ubugabo amuhora kumufata ku...
Bimwe mu bintu byavuzweho cyane mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019 akaba ari ruswa y’igitsina yashinjwaga umwe mu bategura iri rushanwa ariwe Joel Rutaganda n’umukobwa witwa Muyango Claudine waje no...
Umugabo wahoze akundana na Wema Sepetu yatangaje ko yamaze gutandukana n’uyu mukinnyi kazi wa filime bitewe no kuba uyu mukobwa yikundira abagabo baryamana bahuje igitsina...
Umutoza wa Atletico Madrid,Diego Pablo Simeone yaciwe akayabo k’ibihumbi 17 by’amapawundi angana na miliyoni 17 RWF azira kwishimira igitego cya kabiri batsinze Juventus mu mikino ya UEFA Champions...
Nyuma y’amakuru amaze iminsi acicikana avuga ko umuraperikazi w’Umunyarwanda Young Grace atwite, yemeje ko ibivugwa ko ari byo ndetse anaboneraho umwanya wo gutangaza izina rimuri ku mutima...
Ibarura rusange ry’abaturage ba Kenya ryakozwe mu kwezi kwa munani ibyarivuyemo byatangajwe uyu munsi, ku nshuro ya mbere hanabaruwe abantu batitwa ko ari ab’igitsina Gabo cyangwa...
Polisi yo mu gace kitwa Chipangali muri Zambia yataye muri yombi umusaza w’imyaka 75 wo mu mudugudu wa Mpalakunjala mu karere ka Chipangali azira gutamika igitsina umukobwa w’imyaka...
Umugabo ufite igitsina kireshya na santimetero 24 yavuze ko yimwe akazi kubera ko abamukoreshaga ibazwa batekereje ko cyafashe umurego.
Televiziyo yo mu Bwongereza yitwa Channel 4 yagaragaje...
Umwe mu bihaye Imana wo mu idini ry’Aba Budshiste yiciriye igitsina imbere ya bagenzi be kubera ko cyamusabaga ko yatera akabariro kandi atabyemerewe.
Phra Oat wiciye igitsina,yajyanwe kwa...
Umunyamakuru w’icyamamare muri Thailand, Anne Jakapong Jakrajutatip uzwiho kuba yarihinduje igitsina, yamaze kugura irushanwa rya Miss Universe kuri miliyoni 20 z’amadorali ya Leta Zunze Ubumwe za...
Umugabo ufite igitsina kireshya na santimetero 24 yavuze ko yimwe akazi kubera ko abamukoreshaga ibazwa batekereje ko cyafashe umurego.
Televiziyo yo mu Bwongereza yitwa Channel 4 yagaragaje...
Karine Jean-Pierre w’Imyaka 44 yagizwe umuvugizi wa Perezida Joe Biden , ahita uba umwirabuakazi wa mbere uryamana n’uwo bahuje igitsina(Gay) ushyizwe kuri uri uyu...
Uwahoze ari umuyobozi wa banki, wakoresheje ibihumbi by’amadolari mu guhindura umubiri we, ubu aratekereza kwikatisha igitsina cye.
Richard Hernandez, utuye i Los Angeles, yahisemo guhindura...
Ku cyumweru nibwo uyu muhungu wihinduye igitsina w’imyaka 27 yahize abandi bari bahatanye 21 muri aya marushanwa y’ubwiza yitwa Miss Nevada USA, akaba ariwe ubaye uwa mbere mu mateka y’aya...