Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Iran, Mohammad Javad Zarif,yatangaje ko Leta zunze ubumwe za Amerika zamwimye Visa yo kwitabira inama y’umuryango w’abibumbye ishinzwe umutekano ku isi I New York...
Rutahizamu Lionel Messi uherutse kwegukana igihembo cya Ballon d’Or ya 6 yatangaje ko mu byamufashije kuba igihangange harimo inama ikomeye yagiriwe na rutahizamu bakinanaga Samuel Eto’o ukomoka...
Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 16 yabaye kuva tariki ya 13 kugeza ku ya 14 Ukuboza 2018, yafatiwemo imyanzuro 10. Mu rwego rwo kuyishyira mu bikorwa, iyi myanzuro yagabanyijwemo ibikorwa...
Inama ya kabiri yo gushyira mu bikorwa amasezerano ya Luanda hagati y’abayobozi b’u Rwanda na Uganda iraba kuri uyu wa gatanu i Kampala nk’uko byemejwe n’umuvugizi wa leta ya...
Umutoza wa Inter Milan,Antonio Conte,yemeye ko yagiriye inama abakinnyi be yo kujya bagabanya imbaraga bakoresha mu gutera akabariro kuko bishobora kubangamira akazi...
Kidum Kibido Kibuganizo umwe mu bahanzi bakomeye hano mu karere ka Afurika y’Uburasirazuba , mu minsi ishize yari yatumiwe mu Rwanda aho yataramiye abari bitabiriye inama ya Transform...
Abakuru b’ibihugu bya Afurika barimo Perezida Félix Tshisekedi wa RDC, Sahle-Work Zewde wa Ethiopia, uwa Togo Faure Gnassingbé na Minisitiri w’Intebe wa Cote d’Ivoire, Amadou Gon Coulibaly bari mu...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye inamay’abakuru b’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC iteganyijwe kuri uyu Gatanu tariki ya 1 Gashyantare,bikuraho ibihuha byavugwaga ko...
Umukinnyi Didier Drogba wamamaye cyane mu ikipe ya Chelsea no muri Cote d’Ivoire,agiye kuza mu Rwanda kwitabira Inama Mpuzamahanga ku kuboneza urubyaro iteganyijwe hagati ya tariki 12-15...
Rutahizamu wa FC Barcelona,Luis Suarez,uherutse kuyifasha guha isomo rya ruhago Real Madrid,yagiriye inama ubuyobozi bw’iyi kipe ko bukwiriye gushaka umusimbura kuko ageze mu za...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru ku isi, Diego Maradona ukomoka muri Argentina,yagiriye inama Lionel Messi yo gusezera mu ikipe y’igihugu kubera ko nta mahirwe ayigiriramo ndetse iyo itsinzwe ariwe...
Rutahizamu Pierre Emerick Aubameyang ukinira ikipe ya Arsenal yagiriye inama umutoza we Unai Emery ko akwiriye guha umwanya wo kubanza mu kibuga rutahizamu mugenzi we Alexandre Lacazette kugira...
Kabuhariwe Cristiano Ronaldo yagiriye inama ikomeye inshuti ye Marcelo bakinannye imyaka 9 muri Real Madrid ko yatera umugongo iyi kipe yamuzamuye akiri umwana akaza muri Juventus bagakomeza...
Umutoza w’Ububiligi Roberto Martinez yagiriye inama kapiteni we Eden Hazard yo kureba kure akava mu ikipe ya Chelsea akerekeza mu ikipe ya Real madrid gusimbura Cristiano wamaze kwerekeza mu ikipe...
Kabuhariwe Diego Maradona yagiriye inama ikomeye yo kugabanya kwigusha no kubeshya abasifuzi kugira ngo atazasiba imikino ikomeye,cyane ko afite ikarita yahawe ku mukino wa Costa...
Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 12 Kamena 2018, yemeje ko Umushinga w’Itegeko rigena ingengo y’imari ya Leta y’umwaka wa 2018/2019 ingana n’amafaranga y’u...
Mu buzima buri wese yifuza kugaragara nk’uhamye mu gihagararo ari na yo mpamvu ituma bamwe bihatira indyo zitandukanye bagakora hasi hejuru ngo biyongere ibiro n’umubyibuho n’ubwo hari n’abashaka...
Ku nshuro ya mbere u Rwanda Rwatoranyijwe mu bihugu bizitabira inama Nyobozi y’umuryango w’abibumbye ishinzwe ubukerarugendo ku isi (United Nations World Tourism Organization- UNWTO).
Uyu...
Mu buzima buri wese yifuza kugaragara nk’uhamye mu gihagararo ari na yo mpamvu ituma bamwe bihatira indyo zitandukanye bagakora hasi hejuru ngo biyongere ibiro n’umubyibuho n’ubwo hari n’abashaka...