Ibiri kuba mu Turere tw’Amajyaruguru kubishyira byose ku nama y’"Abakono" n’Umutware Kazoza bimitse waba wirengagije ko n’iyo nama ubwayo kugira ngo iterane bikunde cyari ikindi...
Minisitiri w’Intebe, Dr Édouard Ngirente, ari i Luanda mu murwa mukuru wa Angola aho yitabiriye inama idasanzwe y’inama mpuzamahanga mu Karere k’ibiyaga bigari...
Mu myaka myinshi ishize, u Rwanda rwasuwe n’abayobozi bakomeye ku isi batandukanye gusa hari ingendo zahasize urwibutso n’amateka akomeye nk’urwa Valéry René Marie Georges Giscard d’Estaing w’u...
Mu gihe hagiye kuba Inama ya 18 y’Umushyikirano,abantu bo mu nzego zitandukanye batangaje ibyo bashaka ko byaganirwaho bigakemurwa.
Iyi nama y’Umushyikirano iteganyijwe ku ya 27 na 28 Gashyantare...
Uhuru Kenyatta,wahoze ariPerezida wa Kenya,ubu akaba ari umuhuza mu biganiro byo kugarura amahoro muri DR Congo,kuri uyu wa Kabiri tariki ya 31 Mutarama 2023, yahamagaje inama y’igitaraganya yiga...
Michelle Obama umufasha wa Barack Obama wabaye Perezida wa USA wa 44, yagiye kuri Instagram atanga inama zo kurushinga, akoresheje urugero rw’urugo rwe.
Yasangije abantu amafoto ye n’umugabo we...
Umuhanzi uri mu bakomeye muri Tanzania wubatse izina nka Rayvanny yemeke amakuru yo gutandukana na Paulla Kajala wari umukunzi we avuga ko yirinze kuba imbata y’urukundo aahitamo kwiha...
Umugenzuzi Mukuru w’imari ya leta yabwiye Komisiyo y’abadepite bagize PAC ko Umujyi wa Kigali wanze kwemera inshuro zirenze imwe inama yawugiriye ku birebana no gukosora amakosa mu mitangire...
Inama y’umuryango wa Jay Polly yatumiwemo abagore babyaranye (Fifi na Sharifa) ku izungura, yagaragarijwemo ko nta mitungo izwi nyakwigendera yasize kuko yapfuye bitunguranye ntawe ayibwiye, ikaba...
Aba Perezida ba EAC bahuriye mu Nama i Nairobi mu kwiga ku kibazo cy’umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC aho Perezida Umwe gusa ariwe utabonetse akaba ari Madamu Samia Suluhu uyobora...
Perezida Joe Biden wa Amerika yameye "muri rusange" kugirana inama na Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya bakaganira ku kibazo cya Ukraine.
Ibyo biganiro byasabwe n’Ubufaransa ntabwo bizaba igihe...
Umutoza wa Arsenal,Mikel Arteta yagiraye inama kapiteni we, Pierre-Emerick Aubameyang,yo kutirakarira kubera umusaruro mubi afite muri iyi minsi.
Kapiteni wa Arsenal ari mu bihe bibi cyane kuko...
Inteko y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe umutekano ku isi yateranye byihutirwa kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Ukwakira 2021,kugira ngo yige ku kibazo cy’ibisasu bya misile bishya bya Koreya ya Ruguru....
Kuri uyu wa 29 Kamena uyu mwaka,Hasohotse itangazo rishyiraho ingamba nshya zihariye mu mujyi wa Kigali no mu turere 8 two hirya no hino mu Rwanda dukomeje kugaragaramo ubwiyongere bukabije bwa...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Kamena 2021, Gare ya Nyabugogo yakubise iruzura kubera ubwinshi bw’abantu bashaka kujya mu Ntara mbere y’uko gahunda ya Guma mu Karere/mu Mujyi wa Kigali...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa Mbere tariki 31 Gicurasi 2021 yayoboye Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro yafatiwe ingamba nshya zo kwirinda Covid-19...
Hari ijambo rikunze gukoreshwa n’abantu aho baba bagira bati “kunda ugukunda kuko uwo ukunda akunda abandi” gusa abenshi usanga bakoresha aya magambo cyangwa se iyi mvugo ariko mu by’ukuri nta...
Uyu munsi nibwo habaye ya nama y’abakuru b’ibihugu yatumijwe na Perezida Felix Tshisekedi mu minsi ishize ariko ntiyaba kubera impamvu zitandukanye zirimo n’icyorezo cya...
Uwahoze ari umuyobozi wa Rayon Sports,Murenzi Abdallah ubu uyobora FERWACY yasabye abakunzi ba Rayon Sports guhuza imbaraga bakareka gutatana muri ibi bihe by’amakimbirane y’abayobozi bayo...