skol
Kigali

Search: inama (5532)

Muhire Henry wari Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA n’abandi bakozi basezeye

Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA, Muhire Henry Brulart, yasezeye ku mirimo ye nyuma y’umunsi umwe Nizeyimana Olivier wari Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda...
20 April 2023 1984 0

Uganda: NRM yemeye kuvugurura umushinga w’itegeko rihana abatinganyi wakomeje kutavugwaho rumwe

Ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda ryemeye ko itegeko rihana abahuza ibitsina b’igitsina kimwe (bazwi nk’abatinganyi), ryemejwe n’inteko ishingamategeko mu kwezi gushize, risubizwa muri iyo nteko...
21 April 2023 639 0

Guverinoma yagabanyije cyane imisoro itandukanye irimo iy’ubutaka n’ipatanti

Guverinoma yagabanyije imisoro hashingiwe ku cyerekezo cyatanzwe na Perezida Kagame muri Mutarama uyu mwaka. Urugero, umusoro w’ubutaka washyizwe hagati ya 0-80 Frw uvuye hagati ya 0-300Frw....
21 April 2023 5101 0

Uburusiya bwemereye RDC intwaro zo kuyifasha guhashya M23

Leta y’Uburusiya yemereye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ubufasha bw,intwaro zo kurwanya imitwe y’iterabwoba by’umwihariko uwa M23. Ni ibyatangajwe kuwa 20 Mata 2023 na Ambasaderi...
21 April 2023 3793 0

Umugabo yishe nyina amushinja kumuroga igitsina cye ntigikore

Umugabo ufite imyaka 34 y’amavuko ukomoka ahitwa Binga mu ntara ya Matabeleland y’Amajyaruguru,muri Zimbabwe, bivugwa ko yishe nyina w’imyaka 67 nyuma yo kumushinja ko yaroze ubugabo bwe ntibukore...
22 April 2023 3041 0

Burundi: Perezida Ndayishimiye yiyambaje abamubanjirije ku butegetsi bungurana ibitekerezo

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yagiranye ikiganiro na babiri bamubanjirije ku butegetsi, Sylvestre Ntibantunganya wayoboye iki gihugu kuva mu mwaka w’1994 kugeza mu 1996 na Domitien...
24 April 2023 1708 0

Ibintu 10 umukobwa yakora bigatuma umusore yifuza kumugira umugore

Kugira ngo umusore afate umwanzuro wo guhitamo umukobwa wamubera umugore w’ubuzima bwe bwose kenshi bigirwamo uruhare n’umukobwa bakundana. Ibyo ukora nuko witwara bishobora kumuhamiriza ko wavamo...
25 April 2023 2192 0

Hamenyekanye igihe Perezida mushya wa FERWAFA azatorerwa

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryatumiye abanyamuryango baryo mu nama y’Inteko rusange isanzwe, izaba Ku ya 24 Kamena 2023 Iyi nama y’inteko rusange Isanzwe ya FERWAFA izaberamo...
26 April 2023 570 0

Iby’imodoka Bahavu yatsindiye muri Rwanda International Movie Awards bikomeje kugorana

Ibibazo by’imodoka umukinnyi wa Filime Bahavu Usanase Jeanette yatsindiye mu irushanwa rya Rwanda International Movie Awards bikomeje kudogera nyuma y’uko...
26 April 2023 592 0

Perezida Kagame yasabye Afurika gukoresha cyane ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano

Perezida Kagame yasabye Afurika kwihuta ikagendana n’umuvuduko w’ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano (Artificial Intelligence, AI) mu rwego rwo kuzana impinduka mu mirimo n’iterambere ry’ubukungu...
26 April 2023 311 0

Perezida Kagame yashimiye mugenzi we Samia Suluhu ikintu gikomeye yakoze

Perezida Kagame uri mu ruzinduko rw’iminsi ibiri muri Tanzania, yashimiye Perezida w’iki gihugu, Samia Suluhu Hassan,uburyo yagize uruhare mu kugarura umutekano mu burasirazuba bw’igihugu cya RDC....
27 April 2023 1006 0

Insigamugani: "Amagambo yahariwe Nankana"

Uyu mugani bawuca iyo babonye amakuba agarutse nyirabazana, ni bwo bagira, bati «Amagambo ahariwe nankana». Bamwe batekereza ko wakomotse kuri Nankana ya Rutamu w ’i Rumuli na Muhura, mu Buganza,...
2 May 2023 598 0

Uganda : Hashyizweho igihano cy’urupfu kubaryamana bahuje ibitsina

Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, kuri uyu wa Kabiri yatoye yemeza Itegeko rihana ubutinganyi, nyuma y’iminsi riri kuganirwaho.
3 May 2023 531 0

Abakinnyi ba Police FC bashyiriweho akayabo mu gihe basezerera Rayon sport

Ubuyobozi bwa Police FC bwemereye abakinnyi agahimbaza musyi ki ibihumbi bisaga 200 buri umwe mu gihe basezerera ikipe ya Rayon Sport mu mukino wo kwishyura w’igikombe...
3 May 2023 957 0

Beyonce yahishuye icyamugabanuye ibiro bigera kuri 20 kirimo n’ibiryo

Beyoncé Giselle Knowles-Carter umuririmbyikazi w’icyamamare ku Isi , yatangaje idyo afata kugirango agire ubuzima buzira umuze, ndetse biri no mubyamugabanuye ibiro bigera kuri...
3 May 2023 1044 0

Ibi nibyo byihariye umugabo akorera umugore akunda gusa

Niba umugabo wawe agukorera ibi bintu bine bikurikira ntugashidikanye aragukunda by’ ukuri. 1. Uramuvuguruza akemera Umugabo ukunda umugore we bizira uburyarya ahorana ubushake bwo guhindura...
3 May 2023 4047 0

Itangazo: Gutangaza icyemezo cy’urukiko giha ububasha Me Samuel MBARUBUKEYE uburenganzira bwo gucunga iitungo ya LIFE VISION...

URUKIKO RW’UBUCURUZI RURI KU CYICARO CYARWO, RUHABURANISHIRIZA IMANZA Z’UBUCURUZI RWAFASHE ICYEMEZO CY’AGATEGANYO MU RUBANZA RCOM 01284/2022/TC NONE KU WA 20/04/2023 MU BURYO BUKURIKIRA: ABABURANYI...
3 May 2023 252 0

Perezida Kagame na Madamu bari mu Bwongereza ahateganijwe umuhango wo kwimika umwami Charles III

Perezida Paul Kagame na Madamu we Jeannette Kagame, bari i Londres mu Bwongereza aho bitabiriye umuhango wo kwimika umwami Charles III wa kiriya gihugu.
5 May 2023 618 0

Guterres yasabye ko Intambara muri Kongo Ihagarara nta yandi mananiza

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye ONU Antonio Gutteres yahamagariye imitwe yose yitwaje intwaro mu burasirazuba bwa RDC kuzirambika hasi ntayandi...
7 May 2023 4631 0

Perezida wa Angola yitandukanyije n’ibyo leta ya Kinshasa ishinja u Rwanda ,yizeza gukumira intambara

Perezida wa Angola, João Lourenço, akaba n’umuhuza mu bibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yabwiye France24 ko batazemera RDC n’u Rwanda bigera aho...
8 May 2023 1085 0

Gakenke: RIB yataye muri yombi umugore warumye umunwa w’umugabo we akenda kuwuca

Umugore witwa Nzanywenimana Josianne w’imyaka 28 akurukiranyweho kuruma umugabo we akamuca umunwa nyuma yo gushyamirana bapfa umutungo w’urugo. Amakuru y’ibanze avuga ko byabaye mu ijoro ryo kuwa...
10 May 2023 1461 0

Yasabiwe gusibwa! Indirimbo “Intare batinya” yasubiwemo na Marina arikumwe Yvan Muziki yamaganiwe kure

Abakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje kwamaganira kure indirimbo ’Intare batinya’ yasubiwemo n’abahanzi Yvan Muziki na Marina, babashinja gukoresha amashusho y’Umukuru w’Igihugu mu ndirimbo...
11 May 2023 3888 0

EAC yasabye Abategetsi ba RDC kubaha iteka ryashyizeho ingabo z’akarere

Umuryango w’ibihugu by’Afurika y’iburasirazuba wasabye Abategetsi ba Repuburika Iaharanira Demokarasi ya Congo kubaha itegeko ry’akarere rishyiraho umutwe w’ingabo uhuriweho mu burasirazuba bwa...
12 May 2023 1298 0

Dr Frank Habineza Azongera yiyamamaze ku myanya wa Perezida wa Repuburika

Dr Frank Habineza yongeye gutorerwa kuzahagarira ishyaka rye DGPR (Democratic Green Party of Rwanda), mu matoro y’umukuru w’igihugu ateganijwe mu mwaka utaha wa...
13 May 2023 785 0

Ya ndirimbo ya Yvan Muziki na Marina yasibwe burundu

Indirimbo ‘Intare batinya’ yahibwe na Kamaliza nyuma igasubirwamo n’abahanzi aribo Yvan Muziki na Marina yasibwe burundu kuri shene ya YouTube nyuma y’igitutu cy’abafana babasabaga guhindura...
13 May 2023 1385 0

Green Party yahinduye ingingo mu itegeko ryagenaga umubare wa manda

Muri Congres yabaye, abanyamuryango ba Democratic Green Party of Rwanda bongeye gutora Hon Dr. Frank Habineza ngo ayobore iri Shyaka mu gihe cy’indi myaka 5 iri...
13 May 2023 887 0

Gasabo : Umugare yarakekwaho kwica umwana w’umuturanyi we

Umugore utuye mu Murenge wa Kinyinya arakekwaho kwica urupfu rw’agashinyaguro umwana w’umuturanyi we, amuziza nyina umubyara bari bafitanye amakimbirane. Ku itariki ya 11 Gicurasi 2023, nibwo...
15 May 2023 1309 0

Kenya: Dr Ruto yavuze icyamuteye kuzamura mu ntera umusirikare wabangamiye intsinzi ye

Perezida wa Kenya, Dr William Samoei Ruto, yagaragaje impamvu zikomeye zatumye azamura General Francis Omondi Ogolla ku mwanya w’Umugaba Mukuru w’ingabo kandi ari mu bagerageje kuburizamo intsinzi...
15 May 2023 1354 0

RDC: Bimwe mu byifuzo bya M23 byaba bitangiye gushakirwa umuti?

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) zahuriye mu nama yo gucyura ku bushake impunzi z’Abanyarwanda n’Abanyekongo zikiri mu bihugu...
15 May 2023 2589 0

Ibihugu bya G-7 Bihangayikishijwe n’Uko Ingufu z’Ubushinwa Ziguma Kwiyongera

Abaministri b’imari bo mu bihugu birindwi bikize kurusha ibindi ku isi bahuye mu mpera z’icyumweru gishize.
15 May 2023 881 0
0 | ... | 5220 | 5250 | 5280 | 5310 | 5340 | 5370 | 5400 | 5430 | 5460 | ... | 5520