Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA, Muhire Henry Brulart, yasezeye ku mirimo ye nyuma y’umunsi umwe Nizeyimana Olivier wari Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda...
Leta y’Uburusiya yemereye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ubufasha bw,intwaro zo kurwanya imitwe y’iterabwoba by’umwihariko uwa M23.
Ni ibyatangajwe kuwa 20 Mata 2023 na Ambasaderi...
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yagiranye ikiganiro na babiri bamubanjirije ku butegetsi, Sylvestre Ntibantunganya wayoboye iki gihugu kuva mu mwaka w’1994 kugeza mu 1996 na Domitien...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryatumiye abanyamuryango baryo mu nama y’Inteko rusange isanzwe, izaba Ku ya 24 Kamena 2023
Iyi nama y’inteko rusange Isanzwe ya FERWAFA izaberamo...
Ibibazo by’imodoka umukinnyi wa Filime Bahavu Usanase Jeanette yatsindiye mu irushanwa rya Rwanda International Movie Awards bikomeje kudogera nyuma y’uko...
Uyu mugani bawuca iyo babonye amakuba agarutse nyirabazana, ni bwo bagira, bati «Amagambo ahariwe nankana». Bamwe batekereza ko wakomotse kuri Nankana ya Rutamu w ’i Rumuli na Muhura, mu Buganza,...
Ubuyobozi bwa Police FC bwemereye abakinnyi agahimbaza musyi ki ibihumbi bisaga 200 buri umwe mu gihe basezerera ikipe ya Rayon Sport mu mukino wo kwishyura w’igikombe...
URUKIKO RW’UBUCURUZI RURI KU CYICARO CYARWO, RUHABURANISHIRIZA IMANZA Z’UBUCURUZI RWAFASHE ICYEMEZO CY’AGATEGANYO MU RUBANZA RCOM 01284/2022/TC NONE KU WA 20/04/2023 MU BURYO BUKURIKIRA: ABABURANYI...
Perezida Paul Kagame na Madamu we Jeannette Kagame, bari i Londres mu Bwongereza aho bitabiriye umuhango wo kwimika umwami Charles III wa kiriya gihugu.
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye ONU Antonio Gutteres yahamagariye imitwe yose yitwaje intwaro mu burasirazuba bwa RDC kuzirambika hasi ntayandi...
Perezida wa Angola, João Lourenço, akaba n’umuhuza mu bibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yabwiye France24 ko batazemera RDC n’u Rwanda bigera aho...
Dr Frank Habineza yongeye gutorerwa kuzahagarira ishyaka rye DGPR (Democratic Green Party of Rwanda), mu matoro y’umukuru w’igihugu ateganijwe mu mwaka utaha wa...
Indirimbo ‘Intare batinya’ yahibwe na Kamaliza nyuma igasubirwamo n’abahanzi aribo Yvan Muziki na Marina yasibwe burundu kuri shene ya YouTube nyuma y’igitutu cy’abafana babasabaga guhindura...
Muri Congres yabaye, abanyamuryango ba Democratic Green Party of Rwanda bongeye gutora Hon Dr. Frank Habineza ngo ayobore iri Shyaka mu gihe cy’indi myaka 5 iri...
Perezida wa Kenya, Dr William Samoei Ruto, yagaragaje impamvu zikomeye zatumye azamura General Francis Omondi Ogolla ku mwanya w’Umugaba Mukuru w’ingabo kandi ari mu bagerageje kuburizamo intsinzi...
Guverinoma y’u Rwanda n’iya Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) zahuriye mu nama yo gucyura ku bushake impunzi z’Abanyarwanda n’Abanyekongo zikiri mu bihugu...