Uwahoze ari umukinnyi ukomeye mu ikipe y’Ubufaransa, Youri Djorkaeff, azasura u Rwanda muri iyi weekend muri gahunda y’amasezerano yo kwamamaza #VisitRwanda u Rwanda rufitanye na...
Ikigo cya AZAM Group kigiye gukorana n’amakipe 2 akomeye hano mu Rwanda arimo APR FC na Kiyovu Sports mu kwamamaza ibikorwa byacyo bitandukanye gicuruza.
Ikipe ya PSG ikomeje kwigarurira imitima y’abanyarwanda nyuma yo kwemera kwamamaza “VISIT RWANDA”,yatangaje ko yifuza umukinnyi Liverpool igenderaho Sadio Mane kugira ngo imusimbuze Neymar Jr...
Perezida Kagame yakiriye mu biro bye Village Urugwiro myugariro w’ikipe ya Arsenal David Luiz uri mu ruzinduko mu Rwanda muri gahunda y’ubufatanye buri hagati y’iyi kipe yo mu Bwongereza na Arsenal...
Umugore w’umurusiya witwa Kinsey Wolanski winjiye mu kibuga yambaye utwenda tw’imbere mu mukino wa nyuma wa UEFA Champions League wahuje Liverpool na Tottenham,yatumye benshi bacika ururondogoro...
Ubushakashatsi bwakoze n’Ikigo cyitwa Esquire, kimwe mu bikomeye mu bijyanye no kwamamaza imideli mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba bwagaragaje ko abagore b’Abarundi ari beza kurusha...
Bruce Melodie [Itahiwacu Bruce] umuhanzi umaze kubaka izina rikomeye mu ruhando rwa muzika mu Rwanda ndetse no hanze yarwo ababajwe cyane no kwibwa kwa shene (Channel) ye ya YouTube yakoreshaga...
Nyuma yo kwitwara nabi mu mikino 2 ifungura Premier League 2018-2019,Arsenal FC yatsinze umukino wayo wa mbere Westham ibitego 3-1, nyuma yo gusinya amasezerano yo kwamamaza Visit...
Ibyamamare mu muzika wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Jay-Z n’umugore we Beyonce batunguye benshi kubera amafoto bashyize hanze bambaye ubusa mu rwego rwo kwamamaza ibitaramo bari...
Ikipe ya Rayon Sports ikomeje gucibwa amande na CAF,aho yamaze kwandikirwa ibaruwa na CAF ibamenyesha ko baciwe amande y’igihumbi cy’amadolari kubera kutubahiriza amategeko yo kwamamaza...
Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA yatangaje ko ku kuwa kane taliki ya 26 Ukwakira 2017,aribwo ubuyobozi bwa FERWAFA buzahura na Rayon Sports ndetse na AZAM kugira ngo...
Umukandida wa FPR inkontanyi Paul Kagame ntabwo ari bwiyamamarize mu turere twa Musanze na Rubavu nk’ uko byari biteganyijwe kuri uyu wa Kabiri tariki 25 Nyakanga ahubwo iyo gahunda yimuriwe ku wa...
Donald Trump wahoze ari perezida wa Amerika yaciye amarenga akomeye ko ashobora kongera kwiyamamariza kujya muri White House.
Yabwiye imbaga y’abantu ahitwa Sioux City, muri leta ya Iowa ati...
Uruganda rwa Skol Brewery Ltd Rwanda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, rwamuritse isura nshya y’imwe mu binyobwa byayo ‘Skol Lager’. Iyi nzoga iri mu za mbere uru ruganda rwakoze,...
Ifoto y’abageze mu cyiciro cya nyuma mu guhatanira ikamba rya "Miss" w’Ubuhinde uyu mwaka yari isanzwe, mbere yuko umwe mu bakoresha urubuga nkoranyambaga rwa Twitter abaza ati: "Ni iki kitagenda...