USA zarashe ku bikorwa 85 bya Iran biri muri Syria na Irak mu rwego rwo kwihimura nyuma y’ibitero bya drones byagabwe ku cyumweru ku birindiro by’ingabo za USA bikica abasirikare bazo...
Koreya ya Ruguru ku wa gatandatu yarashe misile yo mu bwoko bwa ’ballistic’ yambukiranya imigabane (ICBM) mu myitozo "itunguranye" yo kwemeza ubushobozi bw’iyo ntwaro, nkuko byavuzwe...
Umutwe w’inyeshyamba wa M23 wahagaritse imodoka yari igemuriye ibyo kurya ingabo za EACRF z’u Burundi ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Repuburika ya Demokarasi ya Congo, mu mujyi wa...
Ikipe ya Rayon Sports yanganyije na Kiyovu Sports 0-0,bifasha APR FC gukomeza kuyobora urutonde rwa shampiyona.
Rayon Sports niyo yari yakiriyemo Kiyovu Sports I Muganga,aho mu mikino 6 ya...
Umukinnyi wo hagati,Niyonzima Olivier Sefu, ukinira As Kigali yatangaje ko yishimiye gutsinda APR FC yahozemo ndetse yemeza ko ikimushimisha kurusha ibindi ari uko ikipe yose agiyemo atwara...
Umukino ubanza wa 1/2 cy’igikombe cy’Amahoro wahuzaje Rayon Sports na APR FC warangiye nta kipe ibashije kureba mu izamu ry’indi, banganya ubusa ku busa kuri stade ya Kigali.
Rayon Sports yari...
Ikipe y’igihugu ya Guinea,Syli National yihimuye ku ikipe y’Amavubi iyatsinda ibitego 2-0 mu mukino wa kabiri wa gicuti wabereye kuri Stade Amahoro i Remera kuri uyu wa Kane, tariki ya 6 Mutarama...
Kapiteni wa Syli National ya Guinea,Naby Deco Keita yakoreye imyitozo ya mbere kuri Stade Amahoro
Keita yakoze imyitozo yose kuri uyu wa 3, biteganyijwe ko uyu munsi aza kuba ayoboye bagenze...
Uwahoze ari umukinnyi wa Arsenal,Mesut Ozil,yavugishije benshi nyuma y’umukino iyi kipe yahozemo yanyagiwemo na Manchester City ibitego 5-0 ikuzuza umunsi wa 3 wikurikiranya itsindwa ndetse...
Hari hashize iminsi Leta y’Uburundi ishinja u Rwanda kugaba igitero ku ngabo zabwo muri Komini Mabayi mu ntara ya Cibitoke gusa iki gitero cyaje kwigambwa n’Umutwe uharanira impinduramatwara mu...
Amakipe 2 y’abashinzwe umutekano mu Rwanda ariyo APR FC na Police FC yananiwe kwisobanura mu mukino w’umunsi wa 06 wa shampiyona,anganya igitego 1-1 mu mukino wari witezwe na benshi mu bakunzi ba...
Ikipe ya Rayon Sports yihimuye kuri Kiyovu Sports yari yabatsinze mu mukino ubanza wa shampiyona,iyitsinda igitego 1-0 cyatsinzwe na rutahizamu Sarpong Micheal ukomoka muri...
Mu mukino w’ishyiraniro urahuza Real Madrid na Bayern Munich kuri uyu wa Kabiri, urarangira tumenye ikipe ya mbere ikatishije itike yo kwerekeza mu mugi wa Kiev muri Ukraine, ku mukino wa nyuma...
Kuri uyu wa Kabiri, u Bushinwa bwirukanye umudipolomate w’Umunyakanada wakoreraga muri Shanghai mu rwego rwo kwihimura nyuma y’uko Canada na yo ihambirije umudipolomate w’Umushinwa ukorera mu mujyi...
Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza Harry Kane na bagenzi be bari mu byishimo byo kwihimura ku Budage bwari bwarabibasiye mu mupira w’amaguru babatsinda ibitego 2-0 mu mukino wa 1/16 waraye...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 20 Ukwakira 2020, abaturage ba Nigeria bari mu myigaragambyo y’icyo bise #EndSars, nk’uburyo bwo kwihimura kuri Polisi ikomeje kwica bagenzi babo batwitse banki eshatu...
Ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko instagram mu mpera z’icyumweru dusoje, hakwirakwiye amashusho y’urukozasoni ya Zari. Bamwe bahise batangira kuvuga ko ibyabaye byakozwe n’umukunzi wa Diamond,...
Umunyamakuru akaba n’umunyamideli Lauren Goodger ukomoka mu bwongereza yifotoje yambaye ubusa ari mu bwogero mu rwego rwo kwihimura ku mukunzi we baheruka gutandukana bamaze imyaka 2...
Uburusiya bwatangaje ko bizaba ngombwa ko bufata "intambwe zo kwihimura" ku muturanyi wabwo Finland ushaka kwinjira muri OTAN.
Itangazo rya minisiteri y’ububanyi n’amahanga rivuga ko biriya...
Ubuyobozi bw’Akagali ka Kinyaga mu Murenge wa Nkaka mu Karere ka Rusizi burimo gukurikirana abantu bakekwaho gukubita umukobwa witwa Nyandwi Therese wabengewe ku rusengero agahabwa inkwenene na...