Umunya Eritrea,Biniam Girmay yakoze amateka yo kuba umukinnyi wa mbere w’umwirabura watwaye agace mu irushanwa rikuru, cyane ko mu mukino wo gusiganwa ku magare ku isi haba amarushanwa 3 gusa...
Niyonkuru Samuel ukinira ikipe y’Amagare ya Inovotec yegukanye Kivu Belt Race 2023 atanze ku murongo Muhoza Eric ukinira Bike Aid yo mu Budage. Ni irushanwa ryabaye kuri iki Cyumweru.
Ni...
Umukinnyi Manizabayo Étienne wakiniraga Ikipe y’Abato ya Benediction Club yapfuye nyuma yo kugongwa n’imodoka ubwo we na bagenzi be bo mu makipe atandukanye, barimo n’abakuru, bari mu myitozo kuri...
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yo gusiganwa ku magare ’Team Rwanda’ yatangiye shampiyona nyafurika iri kubera mu Misiri itwara umudari wa Bronze nyuma yo kwegukana umwanya wa gatatu mu gace gafungura...
Hakizimana Seth ukina mu ikipe ya Les Amis Sportifs yakoze impanuka ikomeye ku munsi w’ejo taliki ya 28 Nyakanga, ubwo yari mu myitozo yo kwitegura imikino ya Rwanda Cycling Cup aho yahise...
Umusore Niyonshuti Adrien umunyarwanda ukina umukino wo gusiganwa ku magare nk’uwabigize umwuga mu ikipe ya mbere ya Dimension data yo muri Afurika y’epfo yatangaje ko yabuze ibyangombwa birimo...
Umukinnyi Twizerane Mathieu ukinira ikipe ya CCA y’i Huye niwe wegukanye agace ka central challenge muri shampiona yo gusiganwa ku magare ya hano (Rwanda cycling cup)yari igeze ku gace ka karindwi...
Abasore bazahagararira ikipe y’u Rwanda mu mikino y’isi yo gusiganwa ku magare izatangira ku Cyumweru taliki ya 17 kugeza ku ya 24 Nzeri uyu mwaka bamaze kumenyekana aho bagomba kwerekeza Bergen...
Umusore Ukiniwabo Rene Jean Paul wagombaga guhagararira u Rwanda mu mikino y’isi yo gusiganwa ku magare aho yagombaga guhatana mu gusiganwa mu muhanda mu batarengeje imyaka 23 yimwe Visa y’igihugu...
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 25 Nzeri 2017 nibwo humvikanye inkuru ibabaje y’urupfu rw’umubyeyi w’umusore ukina umukino wo gusiganwa ku magare nk’uwabigize umwuga Mugisha Samuel witwa Mukabutera...
Ikipe y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare igiye kwerekeza mu irushanwa ryo muri Cameroon ryitiriwe umugore wa Perezida w’iki gihugu rizwi nka Grand Prix Chantal Biya rizatangira ku italiki ya...
Umunyarwanda Muhitira Felicien uzwi nka Magare yatangaje ko yiteguye kwitwara neza mu irushanwa rya 20 km de Paris riteganyijwe ku italiki ya 08 Ukwakira 2017 nyuma yo kwegukana irushanwa rya...
Kabuhariwe mu mukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda Areruya Joseph amaze kwegukana shampiyona y’igihugu yo gusiganwa ku magare umuntu ku giti cye (ITT) yigaranzuye bagenzi be barimo Nsengimana...
Umwuka si mwiza mu ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) aho Visi Perezida wa mbere ndetse na Visi Perezida wa 2 bashinja Perezida w’iri shyirahamwe Aimable Bayingana kubayoboza...
Muri Shampiyona Nyafurika iri kubera mu Misiri,uyu munsi hakinwe gusiganwa mu muhanda ku ngimbi,aho Umunyarwanda Tuyizere Etienne yegukanye umudali wa zahabu, ahigitse uwitwa Sanbouli Mohammed...
Umunyarwanda witwa Uhiriwe Byiza Renus yegukanye Umudari wa Zahabu muri Shampiyona Nyafurika yo gusiganwa ku magare iri kubera mu Misiri aho yabaye uwa mbere mu gusiganwa umuntu ku giti cye mu...
Mukundente, umusore ukinira Karongi Cycling Club muri Shampiyona yo gusiganwa ku magara, yakoze impanuka ikomeye ahita ajyanwa kwa muganga nyuma yo kugongana n’imodoka.
Iyi mpanuka yabereye i...
Umunya Espagne w’imyaka 37 Alejandro Valverde ukinira ikipe ya Movistar yakoze impanuka ikomeye cyane ubwo yasiganwaga mu gace ka mbere ka Tour de France kabaga kuri uyu wa gatandatu taliki ya 01...
Ubwo yari mu myitozo I Barcelona ku wa gatanu taliki ya 04 Kanama, umusore Andrey Amador umunya Costa Rica w’imyaka 30 ukinira ikipe ya Movistar yo muri Espagne yagonzwe n’imodoka ku bw’amahirwe...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 12 Kanama 2017 nibwo harakinwa irushanwa ryo kuzirikana umuco (Race for Culture),muri Rwanda cycling cup aho abasiganwa barava Gatuna berekeza mu karere ka...
Kuri uyu wa taliki ya 12 Kanama 2017 nibwo hari hatahiwe gukina Rwanda Cycling Cup agace kahariwe gusigasira umuco (Race for Culture) aho abasiganwaga mu bagabo bahagurutse Gatuna berekeza I...
Mama wa Mugisha Samuel ukinira ikipe y’abatarengeje imyaka 23 ya Dimension Data n’ikipe y’igihugu yaraye akoze impanuka ikomeye ubwo imodoka yamugongaga aho yahise ajyanwa mu bitaro bya Ruhengeri...
Umusore Mathieu Riebel umufaransa w’imyaka 20 yagonzwe n’ingobyi y’abarwayi (Ambulance) ubwo yari mu irushanwa rya Tour de Nouvelle Caladonie ku munsi w’ejo taliki ya 20 Ukwakira 2017 aho yari imbere...
Umukinnyi Byukusenge Patrick watwaye Rwanda Cycling Cup y’uyu mwaka yatangaje ko inzozi ze ari ugukina nk’uwabigize umwuga ndetse ari gukora cyane kugira ngo abashe kubigeraho.
Uyu musore...