Ikipe ya Gicumbi HC yegukanye igikombe cy’Intwari mu mukino w’intoki wa Handball nyuma yo gutsinda ikigugu Police HC ibitego 33 kuri 31.
Mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’Intwari (Heroes Touranment)...
Mukura Victory Sports yashyize ku iherezo urugendo rwa APR FC yari imaze imikino 50 ya Shampiyona idatsindwa,nyuma yo kuyitsinda igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa 6 wa shampiyona utarabereye...
Amakipe ya Marines FC, Etincelles na Rutsiro FC nyuma yo gusabwa gushaka ikibuga cyo kwakiriraho imikino ya Rwanda Premier League kitari Stade Umuganda, basubije FERWAFA ko nta handi bifuza...
Umukobwa ukiri muto byavugwaga ko yaciwe amande kubera kwinjira mu kibuga kugira ngo asabe umupira wo kwambara Cristiano Ronaldo mu mukino Portugal yanganyije na Repubulika ya Irlande 0-0,yavuze...
Ku cyumweru, abakinnyi ba Gremio bahatiwe guhungira mu rwambariro nyuma yuko abafana bari barakaye cyane bamanutse mu kibuga nyuma yo gutsindwa na Palmeiras ibitego 3-1.
Abafana bamanutse mu...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu ubuyobozi bwa APR FC bwasuye iyi kipe mbere y’uko itangira shampiyona yuyu mwaka wa 2021/2022.
Ubuyobozi bw’iyi kipe buyobowe n’umuyobozi w’icyubahiro w’iyi...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri umuyobozi wa APR FC,Lt Gen Mubarakh Muganga,yasuye iyi kipe aboneraho no gusura ibikorwa bitandukanye byubatswe ku mpande z’ikibuga iyi kipe isanzwe ikoreraho...
Ku Cyumweru tariki ya 12 Nzeri, urubyiruko rw’abasore n’inkumi 16 bafatiwe mu rugo bari mu birori byo kwizihiza isabukuru y’amavuko ya mugenzi wabo.
Bafatiwe mu mu rugo rw ’uwitwa Muganza Jean...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 6 Nzeri kuri televisiyo y’u Rwanda mu kiganiro Waramutse Rwanda, Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera yibukije...
Ishyirahamawe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda ku bufatanye na Minisiteri ya siporo (MINISPORTS) bashyiriyeho abafana n’abandi bantu bose amabwiriza azatuma bemererwa kwinjira muri Kigali Arena...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 19 Kamena Polisi y’u Rwanda yafashe abantu 88 bari mu muhango wo kwiyakira mu bukwe bw’uwitwa Buregeya Saidi Codo w’imyaka 34 na Nyampundu Thausie. Bwari...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu,umuntu umwe yahitanywe na COVID-19 mu Rwanda, bituma umubare w’abamaze kwicwa n’iki cyorezo ugera kuri...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Gicurasi Polisi ikorera mu Karere ka Huye ifatanije n’abayobozi mu nzego z’ibanze bakoze igikorwa cyo kugenzura ko abantu bubahiriza amabwiriza yo...
Abantu 73 barimo n’abageni bafatiwe mu bukwe mu muhango wo gusaba no gukwa mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza kandi bitemewe kubera ingamba zafashwe na Leta mu kwirinda Covid-19....
Ahagana saa tanu za mugitondo ku wa Gatandatu tariki ya 8 Gicurasi ni bwo abapolisi bafashe abantu 30 bari mu rugo rwa Rudasingwa Jean Claude w’imyaka 37 bari mu nama yo gutegura ubukwe bwe....
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 30 Mata, Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abayobozi mu nzego z’ibanze mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Gisenyi bakoze igikorwa cyo kugenzura ko abantu bubahiriza amabwiriza...
Umuyobozi wa Gasogi United akaba na nyirayo,Kakoza Nkuriza Charles,yatangaje ko amakipe bari kumwe mu itsinda B ko akwiriye kwitegura biruseho kuko azayaha akazi...