Umukinnyi w’umunyarwanda ukinira ikipe ya Zanoco FC yo muri Zambia, Nizeyimana Mirafa agiye kurushinga n’inkumi yo muri Portugal aho yamaze no gufata irembo.
APR FC irahaguruka mu Rwanda kuri uyu wa Gatanu, yerekeza muri Maroc gukina umukino wo kwishyura wa CAF Confederation Cup na RS Berkane,uteganyijwe ku cyumweru
Jacques Tuyisenge yajyanye na...
Abantu basaga 23 nibo bamaze kumenyekana ko baraye bapfuye ubwo imodoka yari itwaye abaririmbyi bo muri korali yagwaga mu mugezi wari wuzuye wa Enzui muri Kenya.
Ibi byaraye bibereye muri uru...
Umwe muri ba Rwiyemezamirimo bakiri bato bahiriwe n’ubuhinzi bw’urusenda mu Rwanda, Diego Twahirwa, yasabye anakwa umukunzi we Sonia Mugabo usanzwe ari umuhanzi w’imideli ukomeye mu...
Umunyarwandakazi Uwimana Claudine w’imyaka 22 yongeye gushimangira ko urukundo nyarwo rutareba imyaka,ubukungu,isura n’ibindi ubwo yemeraga kuba umugore wa Nkurikiyinka David w’imyaka 76 bari bamaze...
Umuhanzi akaba n’umuhanga mu gutunganya indirimbo,Nzikamira TRESOR kuri uyu wa kane tariki ya 16/12 /2021 yerekanye umukobwa bagiye kurushinga.
Nzikamira Tresor n’umusore wamenyekanye cyane mu...
Hasohotse amabwiriza mashya yo kwirinda ikwirakwira rya Covid-19 avuga ko amasaha ntarengwa y’ingendo yemewe ari saa yine z’ijoro aho kuba saa sita z’ijoro nk’uko byari bimaze kumenyerwa.
Izi...
Tuyishimire Christian wari umukunzi wa Miss Mwiseneza Josiane nyuma bakaza gutandukana, kuri ubu yamaze guca amazimwe asezerana mu mategeko n’indi nkumi yitwa Annah bari bamaze igihe bari mu...
Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu yafashe uwitwa Havugimana Samuel w’imyaka 30, afatanwa icyangombwa gihimbano kigaragaza ko yikingije icyorezo cya COVID-19 inkingo zombi. Iki cyangombwa...
Umukinnyi wo hagati muri Arsenal,Granit Xhaka,yakoze benshi ku mutima kubera ukuntu yafashije umufana wa Arsenal wari uvuye muri Amerika n’umugore we baje kureba umukino yagombaga guhura na Wolves...
Producer Holy Beat wahoze akorera muri Studio ya The Mane Records n’umugore we Annette Tahan ukomoka mu gihugu cya Israel bari mu byishimo bikomeye nyuma y’uko bibarutse imfura yabo...
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yasinye amasezerano y’imyaka 4 mu mikoranire n’akarere ka Nyanza ikomokamo.
Mu ngengo y’imali, Akarere ka Nyanza kazajya kagira ayo gaha Rayon Sports nayo...
Umunyamakuru akaba n’umushyushyarugamba Gasore Albert wamenyekanye nka ’MC Hero’ yamaze kwerekanwa mu rusengero we n’umukunzi we Tuyisingize Ruth bamaze imyaka 20 bakundana.
Aba bombi banashyize...
Nyuma y’igihe gito yerekeje muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Shema Jimmy waruri mubagize itsinda rya Just family yasezeranye n’umukunzi we mu mategeko.
Umuhanzi wo muri Kenya uririmba injyana ya RnB,Otile Brown, wiswe n’ababyeyi Jacob Obunga, yemeje ko yatandukanye n’umukunzi we ukomoka muri Etiyopiya,Nabayet uzwi ku izina rya Nabbi.
Mu nyandiko...
Umusizi Bahali Ruth n’umumwe mu bakobwa 29 babonye itike yo guhagararira umujyi wa Kigali mu irushanwa rya ryabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Gashyantare...