Imyambarire y’abageni n’ikimwe mu bikurura abantu benshi muri iki gihe ndetse benshi baba bafite amatsiko menshi yo kureba cyangwa kumenya uko mu bukwe runaka abageni bambaye ndetse n’uruganda...
The Ben umaze iminsi ashyirwa mu majwi ko yakoresheje amavuta adasanzwe mu guhindura uruhu nyuma yo kugera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yagiye mu 2010, yatangiye gushaka uburyo...
Umuhanzi A.Y wo muri Tanzania yifatanyije n’abanyarwanda mu muhango wo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994.
Ambwene Allen Yessayah uzwi nka A.Y ni umuhanzi ukomeye mu gihugu cya...
Christopher Buni yasabye umukunzi we ko yamugira umugore mu muhanda rwagati bavuye gusenga.
Kuruyu wa wa Mbere taliki ya 2 Mata 2018 . Umuyobozi wungirije wa Kaminuza ya Kyambogo University...
Rehema Fabian yatangaje ko yafashije Diamond byinshi muri muzika ye akababazwa nuko yamubenze amaze amaze kuba umusitari.
Umukobwa wo muri Tanzania witwa Rehema Fabian aganira n’ikinyamakuru...
Umunyamideli ukomoka muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika Emily O’Hara Ratajkowski yifotoje yambaye ubusa buri buri ubwo yari mu kwezi kwa buki n’umugabo we Sebastian Bear-McClard baherutse gukora...
Umuhanzi Usher yamaze gutandukana n’ umugore we Grace Miguel mu bwumvikane aho bari bamaranye imyaka ibiri babana nk’umugabo n’umugore.
Umuhanzi Usher Raymond nyuma yo gutandukana na Tameka...
Umuraperi wakunzwe mu bihe byahise A.Y Taliki ya 10 Gashyantare 2018 nibwo yasabye anakwa Umunyana Remy mu birori byabereye i Nyamata mu karere ka Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba. Aho inshuti...
Umuhanzi Niyibikora Safi uzwi nka Madiba yemeje ko yaguze imodoka ya Miliyoni 20 Rwf Jupe Toyota Land Cruiser ahakana ibyavuzwe y’uko yayiguze mu mafaranga yahawe n’umufasha we Niyonizera Judithe....
Mu gihugu cya Kenya haravugwa inkuru y’ umugabo witwa Azam FC CEO Van Mohamed ubwo yashyigikirwaga n’ umugore we Zainab Abdallah kurongora undi mukobwa wa kabiri nawe akajya mu muryango wabo ....