Umusore wo muri Nigeria yatumye benshi bacika ururondogoro nyuma yo guhagarika ubukwe ku munsi bwari kuberaho kubera ko yavumbuye ko umukobwa yari agiye gushaka yasambanye n’undi musore mu minsi...
Nyuma y’igihe kirekire basezeranye mu Idini ya Islam, Zari Hassan na Shakib Lutaaya bageze ku musozo wo gukora ubukwe buteganyijwe ku wa Kabiri w’Icyumweru...
Umuririmbyi Muneza Christopher wamamaye nka Christopher muri muzika nyarwanda yamaze amakenga abakunze kumubaza igihe azakorera ubukwe n’umukunzi we , ndetse hari n’abakundaga kuvuga ko ubukwe bwe...
Umugabo witwa Nwoke Agulu wo mu gihugu cya Nigeria yagiye kuri Twitter ye ahishura uko yahimbye uburwayi kugira ngo abone uko abenga umukobwa bakundanaga wamubwiye ko yifuza gukora ubukwe buhenze...
Yusuf wo muri Nigeria uherutse gusohora impapuro z’ubukwe zivuga ko atazigera yakira abantu mu bukwe bwe ‘Reception’ yavuze ko ari amayeri yakoze ndetse ko abaje mu bukwe ntamuntu watashye atagize...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Juventus yo mu Butaliyani,yatunguye benshi mu bakunzi be kubera ko yavuze ko nta gahunda yo gukora ubukwe n’umukunzi we Georgina Rodriguez afite muri...
Hamwe mu hakunze kubera ubukwe muri afrika y’epfo banze kwakira ubukwe bw’ababana bahuje igitsina, aho ni mu gihe icyo gihugu kiri muri bike byemerera abantu kubana bahuje...
Nahimana Ibrahim uzwi ku mazina y’ubuhanzi ya Ras Kayaga wamenyekaniye cyane mu ndirimbo Maguru usigaye aba ku mugabane w’i Burayi yamaganiye kure inkuru iherutse kumwandikwaho n’ikinyamakuru...
Umuhindekazi wamenyekanye mu mafilimi Priyanka Chopra w’imyaka 36 n’umugabo we Nick Jonas w’imyaka 26 bakoze ubukwe bw’igitangaza kuri uyu wa gatandatu bwabereye ahitwa Jodhpur mu Buhindi bukorwa mu...
Umugore n’umugabo we bari bakimara gukora ubukwe bapfiriye mu mpanuka y’indege ya kajugujugu ubwo bavaga mu muhango w’ubukwe bwabo mu ijoro ryo kuri uyu wa gatandatu tariki...
Umukobwa w’imyaka 21 y’amavuko wo muri Hong Kong ubu wamaze guhinduka wahindutse umugore w’ umugabo atabizi yavuze ko yashutswe agashakana n’umuntu atazi na busa ubwo yari yitabiriye umuhango...
Flora Mtegoa nyina wa Kanumba yavuze ko atazataha ubukwe bwa Lulu wahitanye umuhungu we kubera ko umutima we utaramubabarira icyaha yakoze cyo guhitana umwana...