Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye, hamaze iminsi hacicikana ubutumire bw’ubukwe bwa The Ben n’umukunzi we Miss Pamella, amatariki yabwo ndetse n’aho buzabera.
Ubu butumire bwavugaga ko ubukwe...
Nyuma y’ukwezi kumwe Miss Umutesi Lea Byusa akoze ubukwe na Peter Nasasira bakozeibirori bigaragaza ko bari kwitegura kwibaruka bizwi nka’Baby Shower’.
Umukobwa usanzwe ari mudahusha wa Ukraine uzwi nka ’Joan of Arc wa Ukraine" yashyingiranwe n’umugabo we bari ku rugamba bahanganyemo n’Uburusiya.
Sniper uzwi cyane, Evgenia Emerald, ufite imyaka...
Ojani Noa wahoze ari umugabo wa Jennifer Lopez ari nawe wa mbere yahamije ko Jennifer Lopez nubwo yakoze ubukwe na Ben Fleck batazarambana bitewe nuko...
Abageni bakoze agashya ubwo basohokaga bidasanzwe bagiye mu birori byabo byo kwakira abatumiwe mu bukwe,basohoka bari kugurumana nyuma yo kwitwika ku bushake.
Ntawahakana ko aba bashakanye...
Nyuma yo gusezerana mu idini ya Islam [Nikkah] n’umukunzi we, Dalida Simbi, Bizimana Djihadi ukinira MSK Deinze yo mu cyiciro cya kabiri mu Bubiligi, agiye gusaba no gukwa umukunzi...
Teta Diana, umuhanzi nyarwanda wamamaye mu njyana gakondo akaba asanzwe anakorera umuziki we ku mugabane w’u Burayi, yatangarije abantu bose bibaza ku buzima bwe bw’urukundo, ko ari umukobwa ukuze...
Chris wanyuze mu itsinda rya Just Family riherutse gusenyuka burundu, yakoreye ubukwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika arushinga n’umukobwa bari bamaze igihe bakundana...
Umuhanzi Bruce Melodie uherutse gukora igitaramo cyo kwizihiza isabukuru y’imyaka 10 amaze mu muziki, hasakaye amashusho ye ku mbuga nkoranyambaga yakoze ubukwe , benshi bavuga ko ari amafoto...
Umuhanzi Mico The Best uheruka gukora ubukwe n’umukunzi we Ngwinundebe Clarisse mu mpera za Nzeri 2021, ntibanyuzwe n’amafoto none bagiye gusubiramo amafoto y’ubukwe bwabo ku nkengero z’Ikiyaga...
Simbi Sabrina wambitswe ikamba rya Miss Personality 2012 mu irushanwa rya Miss Supranational, yakoze ubukwe n’umukunzi we Thomas bamaze igihe mu munyenga...
Umusore wo mu Karere ka Nyagatare yimwe umugeni ku munsi w’ubukwe nyuma y’uko kwa sebukwe bagaye inkwano yari yatanze bavuga ko ari nke.
Ibi byabaye kuwa Gatandatu tariki ya 18 Nzeri 2021, gusaba...
Madamu Dukuzumuremyi Janviere uheruka kugaragara mu mashusho ari mu rusengero kwica ubukwe bw’uwahoze ari umugabo we wamutaye akishakira undi mugore,yishimiye ko yahawe abana be uyu mugabo yari...
Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu na APR FC, Tuyisenge Jacques, yavuye mu mwiherero w’Amavubi ari kwitegura imikino ya Mali na Kenya, kubera ubukwe afite ku wa Gatandatu, aho azaserana imbere y’Imana...