Ibyamamare bitandukanye ku isi byagaragaje ko byamaganye Leta ya Nigeria kubera ukuntu abashinzwe umutekano barashe abaturage bigaragambyaga bamagana umutwe wa polisi witwa SARS urwanya abajura...
Amerika igiye gushyira mu bikorwa igihano cy’urupfu ku mugore ufungiye muri gereza yo ku rwego rwa leta, cya mbere kigiye guhabwa umugore mu myaka igera hafi kuri 70 ishize, nkuko byavuzwe n’ibiro...
Umusore w’imyaka 33 ukomoka mu gace ka Telangana, mu Buhinde wavugishije benshi nyuma yo guhindura icyumba cye urusengero rwa Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump, yapfuye ubwo...
Itsinda rya Loni rishinzwe iperereza ku Burundi wongewe igihe cy’umwaka umwe. Ni nyuma y’ aho Inama Nkuru ya Loni ku burenganzira bwa muntu itangaza ko mu mezi ya mbere y’ ubutegetsi bwa Perezida...
Abaturage bo muri Zone ya Kiwalimu, Paruwasi ya Wampewo mu Mujyi wa Kasangati, ho m Karere ka Wakiso, rwagati muri Uganda, baguye mu kantu ubwo mu ijoro ryo ku Cyumweru, itariki 27 Nzeri, umugabo...
Mu rubanza mu rukiko rwisumbuye i Kigali aho Paul Rusesabagina yaje kujuririra icyemezo cyo gufungwa byagateganyo, yavuze ko ’bashinze umutwe wa FLN’ utagamije ’gukora iterabwoba’ ahubwo ’gushaka ko...
Abapolisi babiri barashwe mu gihe abantu ibihumbi bari kwigaragambya mu mujyi wa Louisville muri Amerika nyuma y’uko abacamanza bavuze ko nta muntu uzaregwa urupfu rwa Breonna...
Brig. Gen. Athanase Kararuza wari umujyanama wa Visi Perezida wa Repubulika y’u Burundi yiciwe hamwe n’umugore ndetse n’umukobwa we imyaka ine ishize, ariko ngo ababikoze barazwi kandi bafite...
Uwunganira Paul Rusesabagina witwa Me Rugaza David yatangaje ko yasabiye umukiliya we kuba yakurikiranwa adafunzwe kubera impamvu zirimo uburwayi amaranye igihe, ndetse no kuba ari “umuntu mwiza”...
Kuri uyu wa Gatatu Tariki ya 09 Nzeri 2020, Paul Rusesabagina ukurikiranweho ibyaha by’iterabwoba yitabye ubushinjacyaha ku cyicaro cy’Ubushinjacyaha Bukuru ku Kimihurura ari kumwe n’abunganizi be,...
MRCD-Ubumwe, Ihuriro rihuza amashyaka arwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, ryatangaje ko Biro Politiki yaryo ku wa 6 Nzeri 2020 yakoze inama ivuga ku ifatwa rya Paul Rusesabagina usanzwe ari Visi...
Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Rtd Col Jeannot Ruhunga, yatangaje ko nta gihugu na kimwe cyigeze gifasha u Rwanda mu guta muri yombi rya Paul Rusesabagina, ahubwo ko...
Babiri mu banyamategeko bashyizweho n’umuryango wa Paul Rusesabagina ngo bamwunganire bandikiye umuryango w’abibumbye (ONU/UN) basaba ko ukora iperereza ku kibazo...
Paul Rusesabagina watawe muri yombi mu minsi ishize ariko akerekwa abanyamakuru ku munsi w’ejo tariki ya 31 Kanama 2020,yavukiye i Murama ya Gitarama ku wa 15 Kamena...
Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu n’ubutabera, (Lantos Foundation for Human Rights and Justice), watangiye kuvuganira Rusesabagina Paul, aho uvuga ko ubutegetsi bw’u Rwanda bumuziza...