Umukobwa witwa Margaret Dery wari wabaye Miss Ghana 2017 yeguye, avuga ko yikuye ku nshingano kubera umutwaro yashyizwe ku mutwe n’abategura iri rushanwa.
Niba ushaka kwiterera akabariro, ariko ukagira ubwoba ko usakuza kuko utaka mu gihe uri gukora imibonano mpuzabitsina, witinya reba akamaro ko kugaragaza ibyishimo byawe mu gihe uri gukora...
Umugabo witwa Col Stinson wari watembereye mu Bugereki yashyize hanze ifoto yatumye benshi bacika ururondogoro y’umusore wambikiye impeta umukunzi we ku manga yo hafi y’inyanja ya...
Nubwo benshi batayihaga amahirwe,Rayon Sports ibashije gukura inota rimwe muri Algeria mu mukino wa 4 wa CAF Confederations Cup yakinaga na USM Alger,banganyije igitego...
Kuri uyu wa Gatandatu hatowe ikiciro cya kabiri cy’inkumi n’abasore bagomba kwerekeza mu mwiherero wa Miss & Mister Elagancy Rwanda 2018 aho bazifatanya n’abatowe mu kiciro cyambere cyabaye...
Diamond nyuma yo kugaragara yambaye umukufi ku kuguru bamwe mu bafana be kuri instagram bamututse bamubwira ko ari umutinganyi ndetse ko yagumana iyo ngeso ntayisakaze mu rubyiruko rumukunda muri...
Mu buzima hari ibintu utapfa kwiyumvisha ko bibaho. Nari mfite imyaka 15 ubwo umukunzi wa mukuru wanjye yansambanyirizaga mu bwogero bw’ akabari ko mu mujyi wa Kigali. Maxime yantwariye ubusugi...
Kuri uyu wa gatandutu Taliki ya 21 hakozwe ijonjora ry’abakobwa ndetse n’abahungu bazitabiri irushanwa rya Miss and Mister Elegency Rwanda 2018 rigiye kuba ku nshuro yaryo ya kabiri...
Mu gihugu cya Brazil, umukobwa witwa Lilian Quezia Calixto, wo mu gace ka Cuiaba yitabye Imana mu cyumweru gishize azize kubagwa ashaka kongera ubunini bw’ikibuno...
Izi mpamvu cyangwa se izindi zitazwi ni bimwe mu bishobora kuba bitera abantu kwitukuza. Ese mu by’ukuri uku kwisiga “Mukorogo” ababikora bibamarira iki? Iki kibazo gishobora kuba cyagorana...
Harabura amasaha make kugira ngo Croatia icakirane n’ Ubwongereza mu mikino ya ½ cy’irangiza mu gikombe cy’isi aho aya makipe yombi yatunguranye cyane kuko mbere y’uko igikombe cy’isi gitangira...
Umuhanzikazi wo mu Gihugu cya Uganda Winnie Nwagi umenyerewe cyane mu mafoto akurura abagabo, yongeye gutungurana ku mafoto ye yongeye gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga kubera umwambaro...
Mu gihugu cya Uganda habarurwa benshi mu bakobwa b’ibyamamare haba muri Sinema, imideli, umuziki n’ibindi, Hari abamaze kumenyekana no kubaka izina mu buryo bukomeye atari uko bakora ubuhanzi,...
Perezida wa Philippines Rodrigo Duterte w’imyaka 73 yibasiye Imana arayituka arayandagaza mu mbwirwaruhame ye ubwo yavugaga ku nkuru yo muri Bibiliya ivuga ku iremwa...
Umwana w’ umukobwa w’ imyaka 13 y’ amavuko yahawe ibihembo nyuma yo gutabara abantu barenga 300 bari muri gare ya moshi. Uyu mwana wo mu gihugu cya Zimbabwe yabujije gare ya moshi guhaguruka muri...
Umuhanzikazi akaba n’umukinnyi wa filime ukomoka mu gihugu cya Nigeria akibera muri Leta zunze Ubumwe za Amerika yakuriye inzira ku murima Abanyanigeria bamusaba kureka gukina filimi z’urukozasoni...
Kabuhariwe Lionel Messi ukinira ikipe ya FC Barcelona n’ikipe y’igihugu ya Argentina yatangaje ko igitego yatsinze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League bahuye na Manchester United mu mwaka...