Umuhanzi n’umudepite mu nteko inshingamategegeko ya Kenya wamamaye nka Jaguar mu muziki ariko ubusanzwe witwa Charles Njagua Kanyi yerekanye ifoto y’umwana we w’umwaka umwe ubwo yuzuzaga umwaka umwe...
Hellen Auma Wandera niwe ugiye kuba umudepite muto kurusha abandi bose mu nteko nshya ya Uganda.
Uyu mugore w’imyaka 23 watsindiye intebe yo kuba umudepite mu ishyaka NRM riri ku butegetsi mu...
Umudepite uhagarariye agace ka Arua mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda, Ibrahim Abiriga, yemeye ko yihagaritse ku muhanda hafi y’umuryango wa Minisiteri y’Imari.
Ni nyuma y’uko ifoto y’uyu...
Abantu bagera kuri 15, barimo umudepite w’umugore mu nteko ishingamategeko ya Somalia, biciwe mu bitero bibiri by’ubwiyahuzi i Beledweyne hagati muri Somalia kuwa gatatu nimugoroba.
Minisitiri...
Umudepite mu nteko ishinga amategeko ya Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo, akaba n’ umuyobozi w’ ishyaka rishingiye ku idini Ne Muanda Nsemi, n’ umugore we batawe muri yombi na polisi y’ icyo...
Robert Kyagulanyi benshi bazi nka Bob Wine, Umuririmbyi w’ Umunya Uganda uherutse gutorerwa kuba umudepite mu nteko ishinga amategeko yavuze ko adakwiye kubonwa mu ishusho y’ umunyapolitiki kuko...
Umunyamuziki Bob Wine uheruka gutorerwa kuba umudepite mu nteko nshingamategeko ya Uganda yatunguye abatari bake bitewe n’imyambarire yagaragayemo mu mpera z’icyumweru gishize yatumye benshi bavuga...
Umunyeshuri wiga muri kaminuza ya Mount Kenya University yatsindiye kuba umudepite w’ amajyepfo y’ agace ka Igembe.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 10 Kanama 2017 nibwo byatangajwe ko Mr...
Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yahaye imodoka nziza John Paul Mwirigi anasoza isezerano bagiranye agitangira kiyamamariza kuba Depite. Mwirigi wiyamamaje ngo abe umudepite uhagagariye Intara ya...
Umudepite wo mu gihugu cya Uganda witwa Deogratius Kiyingi urwariye mu bitaro byo mu gihugu cya Thailand yamaganye amakuru avuga ko yamaze gushyiramo umwuka avuga ko ari abanyapolitiki babyihishe...
Polisi ya Kenya ivuga ko muri weekend ya pasika yafashe igafunga abantu hafi 100 bariho banywa inzoga mu tubari bishe amabwiriza yo kurwanya ikwirakwira rya...
Umudepite wo mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Zimbabwe wari washimuswe we na bagenzi babiri nyuma y’imyigaragambyo i Harare, babasanze bajugunywe ku nzira bakubiswe bikomeye nk’uko iri...
Umudepite mu nteko ishingamategeko ya Ghana yishwe arashwe mu ijoro ryacyeye kuri uyu wa gatanu ubwo yari asubiye iwe mu rugo avuye kwiyamamaza.
Ekow Quansah Hayford, wari uhagarariye akarere...
Umwongereza Neil Parish yabwiye BBC ko yeguye ku kuba umudepite nyuma yo kwiyemerera ko yarebye porunogarafiya inshuro ebyiri mu Nteko ishinga amategeko.
Bwana Parish uhagarariye Tiverton na...
Umupasiteri akaba n’umudepite mu nteko ishinga amategeko ya Uganda yaguye mu mpanuka y’imodoka we n’umugore we ubwo barimo kwitegura kwerekeza muri Amerika mu biruhuko.
Bishop Patrick Okabe,yahise...
Jacob Rees-Mogg, Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza yasabye Guverinoma kwitegura kwirukana abakozi ba Leta mu gihe bazaba bigaragambije bamagana amasezerano icyo gihugu gifitanye...