Umuhanzikazi Miley Cyrus wamamaye cyane mu njyana ya Pop muri Leta Zunze ubumwe za Amerika, yamaze gutandukana n’umugabo we Liam Hemsworth nyuma y’amzi Icyenda yonyine bari bamaze bakoze ubukwe....
Umuhanzi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Mihigo Enias[Madjima], yatawe muri yombi nyuma yo guterera ivi mu isoko I Dubai agasaba umukunzi we Ingabire Gloria ko yazamubera...
Umuhanzi wo muri Tanzania Ambwene Allen Yessayah wamamaye mu muziki nka AY yahakanye yivuye inyuma ko atigeze atandukana n’umunyarwandakazi Umunyana Rehema [Remy] bamaranye umwaka urenga...
Umuhire Solange uzwi ku mazina ya Liza Kamikazi, umuhanzikazi wamenyekanye cyane mu myaka ya 2010, avuga ko atareka umuziki, kuko yumva ufite igice kinini ku buzima bwe, cyane ko ari wo watumye...
Umuhanzikazi nyarwanda mu njyana ya Dancehall Mukasine Asinah[Asinah Erra] yadukanye uburyo bushya bwo kwifotoza no kwifata amashusho yambaye imyenda yo kogana akayasakaza ku mbuga...
Johnny Clegg umuhanzi w’ikirangirire muri Afurika y’Epfo n’ahandi hatandukanye muri Afurika no ku isi, yaraye atabarutse ku myaka 66, azize indwara ya kanseri y’impindura...
Umuhanzi Kid Gaju avuga ko nta mbabazi ashobora gusaba Safi Madiba nk’uko yabyifuje kuko nta kosa yamukoreye, yongeye gushimangira ko uyu muhanzi ari umuhemu kuko yamwambuye akitwaza ko ashaka...
Mu gihugu cya Ghana, umuhanzi uzwi ku izina rya Brother Sammy ukunzwe n’abatari bake mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana,yatawe muri yombi ashinjwa kwamamaza imiti itemewe avuga ko ivura...
Umuhanzi Nsengiyumva Francois wamamaye ku izina rya Igisupusupu kubera indirimbo ye Mariya Jeanne,yavuze ko akunda abahanzi bo mu Rwanda bose ariko cyane cyane King James ndetse na Jay Polly...
Umuhanzi Martin Munezero uzwi ku izina rya Martin Promoter yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye yise “Kimbaze” yaherukaga gushyira hanze mu buryo bw’amajwi.
Umuhanzi Ed Sheeran ukomoka mu Bwongereza, uri mu bakunzwe cyane ku isi yose yashyize hanze ifoto yababaje benshi ndetse ibakora ku mutima imugaragaza yateguye igitaramo kikitabirwa n’umwana...
Umunya-Ethiopia Sosena Aseffa [Mehfire] uri mu buryohe bw’urukundo n’umuhanzi Ngabo Medard Jobert wamamaye nka Meddy amaze iminsi agaragaza ko ari mu byishimo byo kuba yarakunzwe n’uyu...
Justin Beiber ufite izina rikomeye muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yibasiwe bikomeye n’abakunzi b’umuziki nyuma yo kuvuga ibigwi umuhanzi mugenzi we Chris Brown avuga ko Arusha ubuhanga...