Imyaka 13 amaze mu muziki, umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben ntiyigeze yumvikana kenshi mu nkuru z’urukundo; gusa hari abakobwa b’ikimero batandukanye bagiye bavugwa mu rukundo nawe...
Urukundo ruravuza ubuhuha hagati y’umuhanzi ukomeye wo muri Uganda “Ykee Benda” hamwe Kayesu Shalon wamenyekanye ku izina rya Shazz mu ifungwa ry’abahanzi babiri, Davis D na Kevin Kade, ndetse ‘akaza...
Jay Polly,nyuma yo gutandukana n’uwahoze ari umugore we babyaranye umwana w’umukobwa, Uwimbabazi Sharifa,byeruye yatangiye kujya mu buryohe bw’urukundo n’inkumi y’uburanga icuruza muri...
Miss Vanessa abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram yanyomoje amakuru amaze igihe avugwa ko urukundo rwe na fiancé we rwazimye maze ashyira hanze ifoto ya fiancé we ayiherekesha amagambo agira ati:...
Ikipe ya Chelsea FC,niyo yahize izindi mu kwita ku batishoboye no gutera inkunga ibikorwa by’urukundo bitandukanye hirya no hino ku isi,cyane ko yashoye akayabo ka miliyoni 7.5 z’amapawundi mu...
Umuhanzi uri mu bagezweho kandi bakunzwe muri Tanzania Juma Jux akomeje kugaragaza aryohewe n’urukundo na Huddah ukomoka mu Gihugu cya Kenya ubica bigacika...
Umuhanzi Medddy umaze kwamamara bikomeye mu gihugu cy’uRwanda ndetse no hanze yacyo aherutse gukora ubukwe kuri ubu yasangije abakunzi be inkuru ye y’urukundo n’umufasha we...
Miss Uwamahoro Phoebe witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda muri 2019, ari mu munyenga w’urukundo n’umusore wigaruriye umutima we witwa Rammy Galis wamamaye cyane muri Tanzania nk’umukinnyi wa...
Umuhanzi w’indirimbo za Gakondo Cyusa Ibarahim yasobanuye amashusho aherutse gushyira ku mbunga nkoranyambaga ze atera imitoma umukobwa witwa Jeanine akaba Nyirasenge wa Miss Rwanda 2020, Nishimwe...
Nyuma y’uko Zari ashyize ku mugaragaro ko yamaze gutandukana na Dark Stallion wari warasimbuye Diamond babyaranye abana ba biri. Imfura ya Diamond na Zari yahishuye ko aba byeyi be bari mu...
Amakuru ava mu binyamakuru bitandukanye aravuga ko Umunyakenyakazi Tanasha Donna yamaze gutandukana n’icyamamare Diamond Platnumz bari bamaze imyaka 2 bakundana urukundo...
Umuhanzi Ngabo Medard wamamaye nka Meddy mu muziki Nyarwanda, yagaragarije umukunzi we Mimi Mehfira urukundo rw’akataraboneka ku munsi we w’amavuko yifashishije amagambo aryoshye amugaragaza...