Perezida Kagame yatangije umwiherero w’iminsi ibiri w’abagize Guverinoma n’abandi bayobozi bakuru, uri kwibanda ku kugera ku ntego z’Igihugu mu bukungu n’imibereho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yatangije umwiherero w’abayobozi bakuru b’igihugu
19 March, by Dusingizimana Remy -
M23 yahagaritse ku mugaragaro imirwano ihita isaba leta ya Kongo ikintu gikomeye
7 March 2023, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23 watangaje ko uhagaritse imirwano ku mugaragaro kuri uyu wa Kabiri tariki ya 7 Werurwe saa sita ku isaha ya Bunagana, kugira ngo hakurikireho ibiganiro na leta ya Kinshasa”.
Itangazo ryashyizweho umukono n’umuvugizi wa politiki cya M23, Lawrence Kanyuka, rivuga ko uyu mutwe wafashe iki cyemezo mu rwego rwo gushyira mu bikorwa ibyo umutwe wa M23 wumvikanye na Perezida wa Angola, João Lourenço, i Luanda ndetse n’ibyemezo byafatiwe mu nama zitandukanye zirimo iya Bujumbura, Nairobi (...) -
Nyamagabe: Miliyoni 5 zari guhemba abakoze muri VUP zashyizwe kuri konti y’ umuturage none ari mu mazi abira
25 July 2018, by Nsanzimana ErnestRwiyemezamirimo Adonia wo mu karere ka Nyamagabe arashakishwa ngo yishyure amafaranga yari guhemba abaturage bakoze muri VUP mu myaka itatu ishize yayoberejwe kuri konti ye. Adonia avuga ko ayo mafaranga yabanje kugira ngo ni umuntu uyamwishyuye meya Uwamahoro akavuga ko Adonia ari umujura.
-
Perezida Tshisekedi yongeye kuvuga u Rwanda mu ijambo yahaye abakinnyi bavuye muri AFCON 2023
13 February, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo,Felix Tshisekedi,yashimiye ikipe ya RDC ikubutse muri Cote d’Ivoire uko yitwaye mu gikombe cya Afurika by’umwihariko ngo uko yeretse amahanga ubushotoranyi bw’u Rwanda.
-
Abakozi ba BK bashinjwa kuyihombya n’abo bahaye inguzanyo baburanye ubujurire bwari bumaze inshuro 8 busubikwa
5 February 2022, by Dusingizimana RemyAbakozi ba BK batatu’’ muri batandatu bakatiwe n’urukiko rwisumbuye rwa Gasabo batangiye kuburana ubujurire bwabo mu rukiko rukuru nyuma y’umwaka bakatiwe.Bose basabye urukiko kubarekura.
Aba bakozi ba BK harimo uwahoze akuriye ishami rya BK Kimironko n’uwari ukuriye inguzanyo muri iryo shami,n’umuyobozi wari ukuriye umushinga wiswe ZAMUKA-MUGORE mu gihugu hose.
Bafunzwe muri Nzeri 2019 bafatanwa n’abandi bantu 12 bari mu bahawe inguzanyo y’umushinga wa Banki ya Kigali wiswe ZAMUKA-MUGORE. (...) -
Perezida Kagame na Madamu bafashije Gen Muhoozi kwizihiza isabukuru ye
25 April 2023, by Dusingizimana Remy, Joseph IradukundaPerezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye ku meza Gen Muhoozi Kainerugaba,mu kumwifuriza isabukuru nziza y’imyaka 49 yujuje.
Ku cyumweru gishize nibwo Gen Muhoozi yageze mu Rwanda hanyuma agira isabukuru kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Mata.
Gen Muhoozi, muri Werurwe uyu mwaka yari yatangaje ko muri Mata azizihiriza i Kigali isabukuru ye y’imyaka 49 ndetse ko ibirori bye bizitabirwa na Perezida Paul Kagame.
Ubutumwa bwatangajwe n’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu buvuga ko Perezida Kagame (...) -
Irani yaburiye Isiraheli nyuma yo kuyigabaho igitero gikomeye
14 April, by Dusingizimana RemyIrani ishimangira ko izatera igihugu cya Israel nikiramuka gishatse kuyihoreraho kubera igitero yayigabyeho ariko ntigitange umusaruro yifuzaga.
-
Icyo gihe: Kuva taliki 02 Mata 2014 ababanaga na Kizito Mihigo bibazaga aho yarengeye n’icyo yabaye
2 April 2018, by Joseph HakuzwumuremyiHabura iminsi itanu ngo icyumano cyo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi ku nshuro ya 20 gitangire, Kizito yarabuze haba ku kazi, aho atuye, mu muryango we ndetse no mu nshuti ze za hafi, buri wese yibazaga aho ahererereye n’icyo yabaye dore ko na Polisi icyo yatangazaga ko itazi aho aherereye.
Mu iperereza Umuryango wakoze icyo gihe, wanzuye ko nta handi hantu Kizito yaba ari uretse kuba afunzwe na Polisiariko bishoboka ko Polisi yanze kubivuga kubera kwanga ko byavangira imyiteguro (...) -
Rwanda: Abanyeshuri barenga ibihumbi ijana ntibarasubira ku ishuri
26 October 2022, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’uburezi yatangaje ko nibura abanyeshuri 105.000 bataragera ku mashuri yabo.
Raporo y’iyi Minisiteri yerekana ko, mu mwaka w’amashuri wa 2022/23, abanyeshuri 3,647.758 bagombaga kuba bari ku ishuri kugeza ubu.
Icyakora, Christophe Nsengiyaremye, Umuyobozi mukuru w’ishami rishinzwe uburezi, igenzura, n’isuzuma muri Minisiteri y’Uburezi, yatangarije Radiyo y’igihugu ko kugeza ubu abanyeshuri 3,542, 233 basubiye ku mashuri aho bari boherejwe, bivuze ko 3 ku ijana cyangwa abanyeshuri (...) -
Uganda: Uwahoze muri RDF yakorewe iyicarubozo ryatumye aba Paralyse
5 November 2017, by Iyamuremye JanvierUmunyarwanda Rene Rutagungira wasezerewe mu gisirikare cy’u Rwanda (RDF) akaba aherutse kugezwa mu rukiko rukuru rwa Uganda, ngo yaba yarabaye Paralyse nyuma y’uko akorewe iyicarubozo aho afungiye.
Rene amaze iminsi avugwa cyane mu bitangazamakuru bikomeye bya Uganda nka Chimpreports n’ibindi nyuma y’uko ashimutiwe mu kabari n’urwego rw’ubutasi mu gisirikare cya Uganda.Uyu mugabo ashinjwa kuba ariwe washimuse Lt Mutabazi Joel wamaze gukatirwa n’urukiko rwa Gisirikare mu Rwanda gufungwa burundu (...)
0 | ... | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | 110 | 120 | 130 | 140 | ... | 2550