Umujyanama mukuru wa Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda ushinzwe ibya gisirikare n’ umutekano General James Kabarebe yavuze uko byagenze ngo ahamagare Major General Ntawunguka Pacifique kuri telefoni amugira inama yo gutaha akinangira, yongeraho ko uyu mugabo wagizwe umuyobozi wa FDLR atazamara kabiri kubera ibitekerezo bye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Gen. Kabarebe yavuze uburyo Maj. Gen. Ntawunguka Pacifique wagizwe umuyobozi wa FDLR atari bumare kabiri
10 January 2020, by Martin Munezero -
Ishyaka PDI ryishimiye ibyo rimaze kugeraho ku isabukuru y’imyaka 30 rimaze rishinzwe
1 December 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa kabiri tariki ya 30 Ugushyingo 2021,nibwo ishyaka Ntangarugero muri Demokarasi ryizihije isabukuru y’imyaka 30 rishinzwe aho ryishimiye intambwe rimaze gutera kuva ryashingwa mu bihe byari bigoye.
-
Felicien Kabuga yaburaniye mu rukiko rw’I La Haye ku nshuro ya mbere
11 November 2020, by Dusingizimana RemyKu nshuro ya mbere, Kabuga Félicien ukurikiranweho ibyaha bya jenoside yagejejwe mu rukiko i La Haye mu Buhorandi kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11/11/2020.
-
UNESCO yashyize Ikinyarwanda mu ndimi zizacika burundu mu Isi niba nta gikozwe
3 February 2018, by Nsanzimana ErnestRaporo y’ishami rya Loni rishinzwe uburezi, ubumenyi n’umuco (Nations Educational, Scientific and Cultural Organisation-UNESCO) ritangaza ko indimi zirimo n’ Ikinyarwanda usanga zitarimo kwandikamo muri iyi minsi ku buryo ngo ziri mu zizazimira mu mpera z’iki kinyejana niba ntagikozwe. Ni mu gihe Ikinyarwanda kivugwa n’abantu basaga miliyoni 40 ku Isi.
Indimi zisaga ibihumbi 6 zo ku Isi ziri mu marembera [yo kuzimira] mu mpera z’iki kinyejana cya 21. Abanyarwanda barasabwa gukora ibishoboka ngo (...) -
Menya byinshi ku modoka IDASANZWE ya Perezida Kagame [AMAFOTO]
30 August 2022, by Dusingizimana RemyImodoka yo mu bwoko bwa Cadillac Escalade ESV Platimun yakozwe mu mwaka wa 2017 niyo Perezida Kagame yagiyemo ubwo yasuraga abaturage bo mu karere ka Ruhango ko mu ntara y’Amajyepfo.
Ifoto y’iyi modoka yacaracaye ku mbuga nkoranyambaga ndetse ubwiza bwayo butuma benshi bemeza ko ikwiriye Perezida Kagame nubwo hatabuze abavuga ko ihenze cyane biyibagije ko nyirayo ari Perezida,umuntu ukomeye kurusha abandi bose mu gihugu.
Iyo modoka ya Perezida Kagame yagaragaye bwa mbere ubwo yasuraga (...) -
UNDP yahaye u Rwanda Robo 3 zo kurufasha guhangana na Covid-19 zifite agaciro ka miliyoni 210
9 February 2021, by Dusingizimana RemyUNDP yashyikirije u Rwanda robots 3 zizifashishwa n’inzego z’ubuvuzi mu guhangana na COVID-19.
-
Komisiyo y’Abakozi ba Leta yasabye Minisante kwirukana abakozi bayo batanze akazi mu buriganya
20 December 2018, by Joseph Hakuzwumuremyi, UbwanditsiMu ibaruwa yo ku italiki 5/11/2018 Komisiyo y’abakozi ba Leta yandikiye Minisante yayisabye gutanga ibihano bitenganwa n’amategeko ku bihano bihabwa abakozi ba Leta bakoze amakosa anyuranye igahana abayobozi n’abakozi bose bagize uruhare mu gutanga akazi mu buryo bw’uburiganya.
-
Amavubi yiyunze n’abafana atsinda Afurika y’Epfo
21 November 2023Ikipe y’igihugu ’Amavubi’yiyunze n’abakunzi bayo nyuma yo gutsinda Afurika y’Epfo ibitego 2-0 mu mukino wa kabiri wo mu Itsinda C mu Gushaka Itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026.
-
Zamalek SC niyo yatwaye igikombe cya mbere cya BAL
30 May 2021, by Dusingizimana RemyIkipe ya Zamalek SC yo mu Misiri yabaye iya mbere itwaye igikombe cya Basketball Africa league itsinze ku mukino wa nyuma ikipe ya US Monastir yo muri Tunisia amanota 76-63.
-
Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri Daniel Arap Moi
11 February 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri taliki ya 11 Gashyantare 2020 nibwo haraba umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri Daniel Arap Moi wayoboye igihugu cya Kenya imyaka 24 yose nyuma yo gusimbura Jomo Kenyatta.
0 | ... | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | 110 | 120 | 130 | ... | 2550